• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Meddy yinjiye mu bahatanira ibihembo bya MTV Africa Music Awards, aho ahanganye n’abakomeye

Meddy yinjiye mu bahatanira ibihembo bya MTV Africa Music Awards, aho ahanganye n’abakomeye

Editorial 03 Oct 2016 IMIKINO

Meddy ni umuhanzi nyarwanda umaze imyaka myinshi muri muzika gusa kuri ubu akaba abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kuri ubu rero inkuru nshya iri kumuvugwaho ni uko yatoranyijwe mu bahanzi bahatanira ibihembo mpuzamahanga MTV Africa Music Awads bigenerwa abahanzi bahize abandi muri Afurika.

Muri ibi bihembo ubusanzwe byubashywe ku mugabane wa Afurika, Meddy icyiciro arimo ahanganye n’abandi bahanzi benshi barimo Kiss Daniel umunya Nigeria wigeze no kuza mu Rwanda, Bebe Cool uzwi cyane muri muzika ya Uganda kimwe n’abandi bari guhatanira igihembo cy’icyiciro bahuriyemo cya ‘Listener’s Choice Awards’.

Ibihembo bya MTV AMA byatangiye gutangwa mu mwaka wa 2008, kuri iyi nshuro ibi bihembo bigiye gutangwa mu birori biteganyijwe tariki 22 Ukwakira 2016, aho Meddy umunyarwanda umwe rukumbi uri mu bahatanira ibi bihembo nawe biteganyijwe ko azabona umusaruro w’irushanwa.

-4212.jpg

REBA URUTONDE RWOSE RW’ABAHATANIRA IBI BIHEMBO:
ARTIST OF THE YEAR

• Black Coffee (South Africa)
• Diamond (Tanzania)
• Sauti Sol (Kenya)
• Wizkid (Nigeria)
• Yemi Alade (Nigeria)

BEST FEMALE

• Josey (Ivory Coast)
• Mz Vee (Ghana)
• Tiwa Savage (Nigeria)
• Vanessa Mdee (Tanzania)
• Yemi Alade (Nigeria)

BEST BREAKTHROUGH

• Babes Wodumo (South Africa)
• Emtee (South Africa)
• Falz (Nigeria)
• Franko (Cameroon)
• Nasty C (South Africa)
• Nathi (South Africa)
• Raymond (Tanzania)
• Simi (Nigeria)
• Tekno (Nigeria)

BEST FRANCOPHONE

• Franko (Cameroon)
• J-Rio (Gabon)
• Magasco (Cameroon)
• Serge Beynaud (Ivory Coast)
• Toofan (Togo)

LISTENER’S CHOICE

• Adiouza (Senegal)
• Bebe Cool (Uganda)
• Burna Boy (Nigeria)
• Den G (Liberia)
• EL (Ghana)
• Jah Prayzah (Zimbabwe)
• Jay Rox (Zambia)
• Kansoul (Kenya)
• Kiss Daniel (Nigeria)
• Lij Michael (Ethiopia)
• LXG (Sierra Leone)
• Meddy (Rwanda)
• Messias Marioca (Mozambique)
• Prince Kaybee (South Africa)
• Reda Taliani (Algeria)
• Saad Lamjarred (Morocco)
• Sabri Mosbah (Tunisia)
• Sidiki Diabate (Mali)
• Tamer Hosny (Egypt)
• The Dogg (Namibia)
• Yamoto Band (Tanzania)

SONG OF THE YEAR IN PARTNERSHIP WITH GOOGLE

• “Shaktibobo” – Olamide (Nigeria)
• “Reggae Blues” – Harrysongz feat Olamide, Kcee & Iyanya, Orezi (Nigeria)
• “My Woman, My Everything” – Patoranking feat. Wande Coal (Nigeria)
• “Godwin” – Korede Bello (Nigeria)
• “Ngud” – Kwesta feat. Cassper (South Africa)
• “Roll Up Re-Up” – Emtee feat. Wizkid and AKA (South Africa/Nigeria)
• “Soweto Baby” – DJ Maphorisa feat. Wizkid (South Africa/Nigeria)
• “Baddest” – AKA feat. Burna Boy, Khuli Chana, Yanga (South Africa/Nigeria)
• “Wololo” – Babes Wodumo feat. Mampintsha (South Africa)
• “Coller la Petite“ – Franko (Cameroon)
• “Unconditionally bae” – Sauti Sol feat. Alikiba (Kenya/Tanzania)

VIDEO OF THE YEAR

• “Jump” – Anatii & Cassper feat. Nasty C (South Africa); Director: Kyle Lewis
• “Caviar Dreams” – AL Bairre & PhFAT (South Africa); Director: Daniel Levi
• “If I Start to Talk” – Tiwa Savage feat. Dr Sid (South Africa); Director: Clarence Peters
• “Kisasi Kumi” – Sheeba (Uganda) – Director: Sasha Vybz
• “Niquer Ma Vie“ – Youssoupha (Congo) – Director: Antony Abdelli & Jose Eon

BEST HIP HOP

• Olamide (Nigeria)
• Kiff No Beat(Ivory Coast)
• Ycee(Nigeria)
• Emtee(South Africa)
• Ricky Rick(South Africa)

BEST COLLABORATION

• Patoranking ft. Sarkodie – No Kissing
• Sauti Sol ft. Alikiba – Unconditionally Bae
• AkA ft. Burna Boy,Khuli Chana & Yanga – Baddest
• Dj Maphorsia ft. Wizkid & Dj Buckz – Soweto Baby
• Nasty c ft. Davido & Cassper Nyovest – Juice Back Remix

BEST INTERNATIONAL ACT

• Drake
• Beyonce
• Adele
• Future
• Rihanna

BEST LUSOPHONE

• NGA
• Nelson Freitas
• C4 Pedro
• Lizha James
• Petro Show

BEST MALE

• Wizkid(Nigeria)
• AKA(South Africa)
• Patoranking(Nigeria)
• Black Coffee(South Africa)
• Diamond Platnumz (Tanzania)

BEST LIVE ACT

• Flavour(Nigeria)
• Stonebwoy(Ghana)
• Cassper Nyovest(South Africa)
• Eddy Kenzo
• Mafikizolo(South Africa)

PERSONALITY OF THE YEAR

• Linda Ikeji
• Wizkid
• Caster Semenya
• Pearl Thusi
• Pierre Emerick Aubameyang

BEST GROUP

• R2Bees(Ghana)
• Sauti Sol(Kenya)
• Toofan(Togo)
• Navy Kenzo (Tanzania)
• Mi Casa (South Africa)

BEST POP

• Tresor
• TiMO ODV.
• LCNVL
• Desmond & The Tutus
• kyle deutsch & shekhinah


Source : Inyarwanda

2016-10-03
Editorial

IZINDI NKURU

Ku munsi wa Kabiri wa Shampiyona 2021-2022, ikipe ya AS Kigali yatsinze Kiyovu SC 4-0, yuzuza ibitego bitandatu itsinze itaratsindwa na kimwe

Ku munsi wa Kabiri wa Shampiyona 2021-2022, ikipe ya AS Kigali yatsinze Kiyovu SC 4-0, yuzuza ibitego bitandatu itsinze itaratsindwa na kimwe

Editorial 03 Nov 2021
Rayon Sports, APR FC, na Kiyovu SC zatsikiye,  Police FC na Gasogi zibona intsinzi y’umunsi wa 11 wa PNL

Rayon Sports, APR FC, na Kiyovu SC zatsikiye, Police FC na Gasogi zibona intsinzi y’umunsi wa 11 wa PNL

Editorial 27 Nov 2023
Amafoto – Mu mukino wa gucuti, ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Police FC igitego kimwe kuri kimwe

Amafoto – Mu mukino wa gucuti, ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Police FC igitego kimwe kuri kimwe

Editorial 06 Feb 2022
Nizeyimana Olivier uherutse gutorerwa kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere yakoze ihererekanyabubasha na Komite Nyobozi icyuye igihe

Nizeyimana Olivier uherutse gutorerwa kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere yakoze ihererekanyabubasha na Komite Nyobozi icyuye igihe

Editorial 29 Jun 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urugaga rw’Abavoka rwihanganishije umuryango wa Me Mutunzi witabye Imana
Mu Rwanda

Urugaga rw’Abavoka rwihanganishije umuryango wa Me Mutunzi witabye Imana

Editorial 24 Apr 2018
Volleybal : Urukiko rwafunguye abayobozi batawe muri yombi bakekwaho ruswa
Mu Rwanda

Volleybal : Urukiko rwafunguye abayobozi batawe muri yombi bakekwaho ruswa

Editorial 02 Mar 2017
Si Minisitiri Musoni gusa hari n’ abandi bayobozi bavuzweho ubusambanyi
Mu Rwanda

Si Minisitiri Musoni gusa hari n’ abandi bayobozi bavuzweho ubusambanyi

Editorial 27 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru