• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

  • Umushoramari akaba n’umuyobozi wa FERWAFA, Shema Fabrice, Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo   |   02 Sep 2026

  • Ibitego, uduhigo, amarira… Ibihe bidasanzwe byagize Lionel Messi igihangange ku Isi   |   01 Sep 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Ubwanditsi 06 May 2018 SHOWBIZ

Minisitiri ushinzwe Ubukerarugendo mu gihugu cya Tanzania yemereye imbere y’imbaga y’abitabiriye ubukwe bwa Ali Kiba na Murumuna we ko azabishyurira amafaranga yose bazakoresha mu kwezi kwa buki bari kumwe n’abageni babo.

Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe bishyuriwe ukwezi kwa buki na Minisitiri w’Ubukerarugendo-AMAFOTO

 

Kuya 01 Gicurasi 2018 ni bwo Hamis Kigwangalla Minisitiri ushizwe ubukerarugendo muri Tanzania yemeye ko azishyura amafaranga yose Ali Kiba na Murumuna we Abdu Kiba bazakoresha mu kwezi kwa buki ndetse ngo aho bazajya nibo bazahihitiramo.

Ali Kiba na murumuna we Abdu Kiba bakoreye ubukwe umunsi umwe kuwa 29 Mata 2018. Minisitiri Hamisa yanditse kuri konti ye ya Instagram agira ati : “Amahirwe n’imigisha kuri Ali na Abdu ndetse n’abagore banyu. Ndabinginze mbikuye ku mutima mwemere iyi mpano mbahaye y’ukwezi kwa buki. Nzishyura buri kimwe cyose muzakoresha mu ngendo ndetse n’ibindi muzakenera.”

Kuya 19 Mata, Ali Kiba yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Amina Rikesh mu musigiti Ummul Kulthum; nyuma y’umunsi umwe murumuna we nawe yahamije isezerano rye n’umukunzi we Ruwayda bari barambanye mu rukundo.

Kuwa 29 Mata 2018 aba bavandimwe bombi bateguye ubukwe ku munsi umwe, bwabereye mu mujyi wa Mombasa mu gihugu cya Tanzania. Ubukwe bwa Ali Kiba na Abdu bwabereye mu cyumba kimwe cya Serena Hoteli, bwatashywe n’abayobozi benshi bakomeye basanzwe ari inshuti z’uyu muryango.

ali kiba

Ali Kiba yari yizihiwe mu bukwe bwe

Ikinyamakuru Tuco.co.ke cyandikirwa muri Kenya kivuga ko hari amakuru y’uko Amina warushinze na Ali Kiba afite akazi muri Leta aho ashinzwe ibijyanye n’imari.

Mu batashye ubukwe bwa Ali Kiba na murumuna we harimo: Salma Kikwete umugore w’uwahoze ari Perezida wa Tanzania Kikwete; Guverineri w’umujyi wa Mombasa Ali Joho. Hari kandi Minisitiri w’Ubuzima, iterambere rusange, uburinganire no kwita ku burenganzira bw’umwana Ummy washimye byimazeyo Ali Kiba n’umuvandimwe we Abdu Kiba.

abdu

Murumuna we n’umukunzi we

Madamu Salma Kikwete umugore wa Dr.Jakaya Mrisho Kikwete yashimye Ali Kiba n’umuvandimwe we Abdu Kiba, abagira inama yo kuba inyangamugayo mu ngo zabo cyane cyane ku bijyanye n’uburyo bazajya bakoresha itumanaho bavugana n’abafasha babo.

REBA AMAFOTO:

KIBA

kiba ali

ali kiba na abdu


tanzania

kenya na tanzania

ubukwe

dar es salaam

umujyi

2018-05-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Miss Wema Sepetu wabuze urubyaro yasobanuye iby’inda ya kabiri iherutse kuvamo

Miss Wema Sepetu wabuze urubyaro yasobanuye iby’inda ya kabiri iherutse kuvamo

Ubwanditsi 24 Apr 2018
Umuhanzi wo muri Kenya yiyemeje gufasha Miss Wema Sepetu agatwita

Umuhanzi wo muri Kenya yiyemeje gufasha Miss Wema Sepetu agatwita

Ubwanditsi 04 Apr 2018
Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

Ubwanditsi 17 Aug 2022
AMERIKA: Umunyarwandakazi Magaly Pearl ari gukorana indirimbo na Producer Masterkraft wamamaye muri Nigeria

AMERIKA: Umunyarwandakazi Magaly Pearl ari gukorana indirimbo na Producer Masterkraft wamamaye muri Nigeria

Ubwanditsi 07 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yahinduranyije abapolisi muri Centrafurika
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yahinduranyije abapolisi muri Centrafurika

Ubwanditsi 11 Oct 2016
RDC: Umupadiri yishwe arashwe nyuma y’igitambo cya misa
Mu Mahanga

RDC: Umupadiri yishwe arashwe nyuma y’igitambo cya misa

Ubwanditsi 09 Apr 2018
Perezida Kagame yayoboye Inteko rusange ya 32 yahuje abakuru b’ibihugu bigize AU ari nayo agomba guhererekanyamo ububasha n’umusimbuye.
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yayoboye Inteko rusange ya 32 yahuje abakuru b’ibihugu bigize AU ari nayo agomba guhererekanyamo ububasha n’umusimbuye.

Ubwanditsi 10 Feb 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru