• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ubwanditsi 05 Nov 2018 IMIKINO

Ikipe y’igihugu ya RDC yitegura guhangana n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 igiye gukorera umwiherero mu Mujyi wa Goma uri hafi y’akarere ka Rubavu, ahazabera umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera mu Misiri.

Tariki 14 Ukwakira 2018 nibwo Umutoza Christian Nsengi Biembe yatangaje urutonde rw’abakinnyi 36 barimo 19 bakina imbere mu gihugu bagombaga gutangira imyitozo tariki 20 Ukwakira ariko babura amikoro yo gucumbikira iyi kipe.

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwemeje ko iyi kipe igomba gutangira imyitozo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ukwakira 2018 ariko abakinnyi bakajya bicumbikira.

Ku wa Gatatu tariki 7 Ukwakira 2018 nibwo iyi kipe izatangira umwiherero uzabera mu Mujyi wa Goma wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bazamara iminsi itanu bakorera imyitozo kuri Stade de l’unité y’i Goma ifite ikibuga cy’ubwatsi bw’ubukorano (pelouse synthétique) busa n’ubw’ikibuga cya Stade Umuganda yo mu Karere ka Rubavu ahazabera umukino.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe

Abanyezamu: Over Mandanda (Girondin De Bordeaux/ mu Bufaransa), Enzo D’alberto (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Jackson Lunanga (Maniema Union/RDC), na Mabruki Nathan (DCMP /RDC)

Ba myugariro: Arnaud Nkodi Luzayadio (PSG/mu Bufaransa), Stanley Nsoki (PSG/mu Bufaransa), Gédéon Kalulu (Lyon/mu Bufaransa), Amale (DCMP/RDC), Herve Beya (AS Nyuki/RDC), Tshibwabwa Trésor (FC Lupopo/RDC), Zola Arsene (TP Mazembe/RDC), Mapumba Marcel (Maniema Union/RDC), Djuma Shabani (AS V Club/RDC), Luzolo Ernest (AS V Club/RDC), Kitoto Eric (Lubumbashi Sport/RDC) na Atibu Radjabu (AS Dauphin Noir/RDC)

Abakina hagati: Christopher Nkunku (PSG/mu Bufaransa), Tristan Muyumba (Cercle Bruges/mu Bubiligi), Bangu Andy Luzayadio Vinzenza (Fiorentina/mu Butaliyani), Loic Ntambwe (Stade Rennais/mu Bufaransa), Isaac Matondo (Stade Rennais/mu Bufaransa), Bryan Mavinzi (FC Nantes/mu Bufaransa), Kayembe Edo (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Mutunosi Peter (AC Ranger/RDC), Kambale Bienvenu (AS Nyuki/RDC), Likonza Glody (TP Mazembe/RDC) na Mukoko Tonombe (AS Vclub/RDC).

Ba rutahizamu: Aldo Kalulu Kyatengwa (FC Sochaux/mu Bufaransa), Yann Kitala (Lyon/mu Bufaransa), Timothée Nkada (Stade Rennais/mu Bufaransa), Taylor Luvambo (FC Nantes/mu Bufaransa), Jonathan Okita (Nec Nijmegen/mu Buholandi), Muzungu Chadrak (AS Vita Club/RDC), Kayembe Alidor (FC Lupopo/RDC), Mamba Mukombozi (AS Nyuki/RDC), na Tuisila Kisinda (Maniema Union/RDC).

Stade de l’unité y’i Goma niyo ikipe y’igihugu ya RDC izakoreraho imyitozo

Umutoza Christian Nsengi Biembe yahamagaye abakinnyi ariko batinda gutangira imyitozo kubera ibibazo by’amikoro

2018-11-05
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu mikino ine ya shampiyona yakinwe yabonetsemo ibitego 17, Manizabayo Eric uzwi nka Karadio yegukanye Gisaka Race

Mu mikino ine ya shampiyona yakinwe yabonetsemo ibitego 17, Manizabayo Eric uzwi nka Karadio yegukanye Gisaka Race

Ubwanditsi 02 Oct 2022
Ibikorwa bya siporo biteganyijwe mu gihe cya CHOGM, Haringingo Francis yerekeje muri Raayon Sports nk’umutoza mukuru, Babua Samson yasinye muri Sunrise FC

Ibikorwa bya siporo biteganyijwe mu gihe cya CHOGM, Haringingo Francis yerekeje muri Raayon Sports nk’umutoza mukuru, Babua Samson yasinye muri Sunrise FC

Ubwanditsi 21 Jun 2022
Amavubi yitegura guhura na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026, akomeje imyiteguro n’abakinnyi bose bahamagawe

Amavubi yitegura guhura na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026, akomeje imyiteguro n’abakinnyi bose bahamagawe

Ubwanditsi 18 Mar 2025
Abayobozi babiri batawe muri yombi bakekwaho kugambanira Perezida Nkurunziza

Abayobozi babiri batawe muri yombi bakekwaho kugambanira Perezida Nkurunziza

Ubwanditsi 03 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Burya umusazi ngo arasara akagwa ku ijambo, Serge Ndayizeye, umuzindaro w’ibigarasha, ati:”Uwaturoze ntiyakarabye’’.
Amakuru

Burya umusazi ngo arasara akagwa ku ijambo, Serge Ndayizeye, umuzindaro w’ibigarasha, ati:”Uwaturoze ntiyakarabye’’.

Ubwanditsi 28 Mar 2022
Perezida Kagame yashimiye Donald John Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Mu Mahanga

Perezida Kagame yashimiye Donald John Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Ubwanditsi 09 Nov 2016
Police FC iyoboye shampiyona, nyuma y’intsinzi i Musanze
Amakuru

Police FC iyoboye shampiyona, nyuma y’intsinzi i Musanze

Ubwanditsi 30 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru