• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

  • Dr Eugène Rwamucyo yahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa imyaka 27 y’igifungo mu Bufaransa   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023

Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023

RUSHYASHYA 23 Jul 2026 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino w’intoki wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 21 batangiye imyiteguro yo kwitabira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026 (CAVB African Nations Championship), iteganyijwe gutangira mu ntangiriro za Nzeri 2026.

Umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu, Frédéric Guérin, yatangiye umwiherero hamwe n’aba bakinnyi, aho bakora imyitozo igamije kubategura neza mbere y’iri rushanwa rizahuza ibihugu bikomeye bya Afurika rikazabera muri Congo Kinshasa.

Kimwe n’andi makipe 16 yabonye itike azatangira guhatana tariki ya 7 Nzeri kugeza kuya 21 Nzeri 2026, iri rushanwa rikaba rije nyuma yaho iryaherukaga ryabaye mu mwaka wa 2023 ribera I Cairo mu Misiri akaba ari n’iki gihugu cyatwaye igikombe.

Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bahamagawe

Setters:

  • Ntanteteri Crispin (REG VC)
  • Nsabimana Mahoro Yvan (Kepler VC)
  • Nolan Enzo Ganza (Nyanza TSS)

Receivers:

  • Niyonshima Samuel (APR VC)
  • Rukundo Willy (Gisagara VC)
  • Munyamahoro D’Amour (APR VC)
  • Mutabazi Yves (APR VC)
  • Gisubizo Merci (REG VC)
  • Kwizera Eric (Police VC)
  • Munyinya Mugisha (Kirehe VC)

Middle Blockers:

  • Twagirayezu Emmy (REG VC)
  • Kanamugire Prince (APR VC)
  • Nkurunziza John (Kepler VC)
  • Shyaka Frank (Police VC)
  • Rwanyonga Alex (Police VC)

Opposites:

  • Dusenge Wicklif (Kepler VC)
  • Gatsinzi Venuste (Gisagara VC)
  • Ntawiha Kenny (APR VC)

Liberos:

  • Rwigema Simon (REG VC)
  • Irakoze Alain (Police VC)
  • Mugisha Jean Santere (REG VC)

Ku ruhande rw’abatoza, Frédéric Guérin yungirijwe na Musoni Fred na Ntawangundi Dominique, mu gihe Sibomana Placide ari we kongerera abakinnyi imbaraga.May be an image of text that says 'List of Qualified Teams National Federation Men 1 2 Code Men 3 Host Country Congo RDC Egypt Algeria Libya Cameroon Zone Representative COD EGY 4 5 ALG 6 LBA 7 Rwanda Tunisia 8 Chad 9 CMR RWA TUN CHA MAR KEN 10 Morocco Kenya Ghana 11 12 13 14 15 GHA Zone 2- Zone Champion- Gambia Zone 3-Zone Champion -Nigeria Zone 4-Zone Champion- Central Africa Zone 5- Top Ranked Team not yet qualified- Uganda Zone 6- 6-Zone Zone Champion- Zimbabwe 16 GAM NGR CAF UGA ZIM'ImageImageImageImageImageImageImage

2026-07-23
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Umwe mu bari bagiye gutorokesha Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’igice

Umwe mu bari bagiye gutorokesha Kizito Mihigo yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’igice

Ubwanditsi 22 Oct 2021
U Rwanda ni igihugu cy’icyitegererezo n’ishema by’Afurika

U Rwanda ni igihugu cy’icyitegererezo n’ishema by’Afurika

Ubwanditsi 28 Aug 2017
Gasabo: Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yasuye abapolisi bo mu mujyi wa Kigali

Gasabo: Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yasuye abapolisi bo mu mujyi wa Kigali

Ubwanditsi 13 Mar 2017
Leicester city ikomeje kwanikira abakeba mu nzira igana ku gikombe

Leicester city ikomeje kwanikira abakeba mu nzira igana ku gikombe

Ubwanditsi 07 Mar 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Habayeho uguterana amagambo hagati ya Anne Rwigara n’umuhesha w’inkiko watezaga ibyabo cyamunara
INKURU NYAMUKURU

Habayeho uguterana amagambo hagati ya Anne Rwigara n’umuhesha w’inkiko watezaga ibyabo cyamunara

Ubwanditsi 29 Mar 2018
Itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda ritagira rutangira amaherezo rizaturoha aho tutazikura!
Amakuru

Itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda ritagira rutangira amaherezo rizaturoha aho tutazikura!

Ubwanditsi 03 Aug 2021
Perezida wa Angola Luanda JoãoLourenço yoherereje ubutumwa bugira kabiri bagenzi be bo muri Uganda Yoweri Museveni, n’uRwanda Paul Kagame.
INKURU NYAMUKURU

Perezida wa Angola Luanda JoãoLourenço yoherereje ubutumwa bugira kabiri bagenzi be bo muri Uganda Yoweri Museveni, n’uRwanda Paul Kagame.

Ubwanditsi 15 Aug 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru