• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023

Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023

RUSHYASHYA 23 Jul 2026 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino w’intoki wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 21 batangiye imyiteguro yo kwitabira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026 (CAVB African Nations Championship), iteganyijwe gutangira mu ntangiriro za Nzeri 2026.

Umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu, Frédéric Guérin, yatangiye umwiherero hamwe n’aba bakinnyi, aho bakora imyitozo igamije kubategura neza mbere y’iri rushanwa rizahuza ibihugu bikomeye bya Afurika rikazabera muri Congo Kinshasa.

Kimwe n’andi makipe 16 yabonye itike azatangira guhatana tariki ya 7 Nzeri kugeza kuya 21 Nzeri 2026, iri rushanwa rikaba rije nyuma yaho iryaherukaga ryabaye mu mwaka wa 2023 ribera I Cairo mu Misiri akaba ari n’iki gihugu cyatwaye igikombe.

Urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bahamagawe

Setters:

  • Ntanteteri Crispin (REG VC)
  • Nsabimana Mahoro Yvan (Kepler VC)
  • Nolan Enzo Ganza (Nyanza TSS)

Receivers:

  • Niyonshima Samuel (APR VC)
  • Rukundo Willy (Gisagara VC)
  • Munyamahoro D’Amour (APR VC)
  • Mutabazi Yves (APR VC)
  • Gisubizo Merci (REG VC)
  • Kwizera Eric (Police VC)
  • Munyinya Mugisha (Kirehe VC)

Middle Blockers:

  • Twagirayezu Emmy (REG VC)
  • Kanamugire Prince (APR VC)
  • Nkurunziza John (Kepler VC)
  • Shyaka Frank (Police VC)
  • Rwanyonga Alex (Police VC)

Opposites:

  • Dusenge Wicklif (Kepler VC)
  • Gatsinzi Venuste (Gisagara VC)
  • Ntawiha Kenny (APR VC)

Liberos:

  • Rwigema Simon (REG VC)
  • Irakoze Alain (Police VC)
  • Mugisha Jean Santere (REG VC)

Ku ruhande rw’abatoza, Frédéric Guérin yungirijwe na Musoni Fred na Ntawangundi Dominique, mu gihe Sibomana Placide ari we kongerera abakinnyi imbaraga.May be an image of text that says 'List of Qualified Teams National Federation Men 1 2 Code Men 3 Host Country Congo RDC Egypt Algeria Libya Cameroon Zone Representative COD EGY 4 5 ALG 6 LBA 7 Rwanda Tunisia 8 Chad 9 CMR RWA TUN CHA MAR KEN 10 Morocco Kenya Ghana 11 12 13 14 15 GHA Zone 2- Zone Champion- Gambia Zone 3-Zone Champion -Nigeria Zone 4-Zone Champion- Central Africa Zone 5- Top Ranked Team not yet qualified- Uganda Zone 6- 6-Zone Zone Champion- Zimbabwe 16 GAM NGR CAF UGA ZIM'ImageImageImageImageImageImageImage

2026-07-23
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Ferwafa yabwiwe na Minisiteri ya Siporo ko imikino yaberaga kuri sitade Amahoro ihagarikwa kuko ikibuga cyangijwe n’imikino ya shampiyona.

Ferwafa yabwiwe na Minisiteri ya Siporo ko imikino yaberaga kuri sitade Amahoro ihagarikwa kuko ikibuga cyangijwe n’imikino ya shampiyona.

Ubwanditsi 12 May 2021
CHAN 2018:Ibiciro byo kureba umukino uzahuza Amavubi na Ethiopia byamenyekanye

CHAN 2018:Ibiciro byo kureba umukino uzahuza Amavubi na Ethiopia byamenyekanye

Ubwanditsi 10 Nov 2017
Gabiro : Perezida Kagame yahuye n’itsinda ryamufashije kunoza amavugurura akenewe muri AU

Gabiro : Perezida Kagame yahuye n’itsinda ryamufashije kunoza amavugurura akenewe muri AU

Ubwanditsi 27 Feb 2017
Nyuma y’Ubwishongozi n’Agashinyaguro ku barokotse Jenoside biturutse mu miryango ya Kabuga, IRMCT yatangaje ko Kabuga Atarekuwe

Nyuma y’Ubwishongozi n’Agashinyaguro ku barokotse Jenoside biturutse mu miryango ya Kabuga, IRMCT yatangaje ko Kabuga Atarekuwe

Ubwanditsi 15 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Yoweri K. Museveni yitwara nk’umubyeyi w’aka karere U Rwanda rwanze kumuramya, ubushyamirane buvuka butyo” -Bobi Wine
Amakuru

“Yoweri K. Museveni yitwara nk’umubyeyi w’aka karere U Rwanda rwanze kumuramya, ubushyamirane buvuka butyo” -Bobi Wine

Ubwanditsi 19 Oct 2021
Uganda: Abana b’abanyeshuri b’Abanyarwanda bamaze iminsi baburiwe irengero
ITOHOZA

Uganda: Abana b’abanyeshuri b’Abanyarwanda bamaze iminsi baburiwe irengero

Ubwanditsi 01 Apr 2018
Bamwe mu bana bo mu muhanda bashinja ababyeyi babo kuba ba nyirabayazana b’ubuzima barimo
Mu Mahanga

Bamwe mu bana bo mu muhanda bashinja ababyeyi babo kuba ba nyirabayazana b’ubuzima barimo

Ubwanditsi 07 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru