• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN

Editorial 18 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2016, mu Rwanda nibwo mu Rwanda hatagiye igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu, CHAN, irushanwa rizasozwa tariki ya 7 Gashyantare 2016.Rushyashya.net irakugezaho abakinnyi 10 bato kurusha abandi bose bazagaragara muri iri rushanwa.

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bazagaragara muri CHAN y’uyu mwaka igiye kuba ku nshuro ya kane. (Kuva ku mukuru ujya ku muto cyane).

-1834.jpg

10. Oum gouet Samuel

Umukinnyi wo mu kibuga hagati muri Cameroon, Oum Gouet Samuel uzajya yambara nimero 22, yavutse tariki ya 14 Gashyantare 1997.Akinira ikipe ya Apejes de Mfou.

-1835.jpg

9. Abogo Pierre sylvain

Umuzamu wa Cameroon, Abogo Pierre Sylvain yavutse tariki ya 27 Mutarama 1998, azajya yambara nimero 1. Asanzwe akinira ikipe ya Tonnerre Kalara club de Yaounde.

-1836.jpg

8. Conde Ibrahima Aminata

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Guinea, uzajya yambara nimero 21, yavutse tariki ya 5 Gashyantare 1998. Asanzwe akinira ikipe ya Horoya AC.

7. Demte Beneyam

Umunya Ethioipia ukina hagati mu kibuga, Demte Beneyam yavutse tariki ya 18 Nyakanga 1998, azaba yambaye nimero 14. Akinira ikipe ya CBE.


6. Diarra Samuel

Umuzamu w’ikipe y’igihugu ya Mali, Diarra Samuel ni we mukinnyi wa gatandatu muto uzaba ugaragara muri CHAN. Yavutse tariki ya 11 Kanama 1998. Azaba yambaye nimero 1.Asanzwe akinira ikipe ya ASKO.

5. Mandrault Mario Bernard

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Gabon, Mandrault Mario Bernard yavutse tariki ya 18 Kanama 1998. Azajya yambara nimero 11 muri iyi CHAN.Akaba ari we mukinyi wa gatanu muto uzakina CHAN. Bernard asanzwe akinira ikipe ya AS Pelican.

4. Mulenga Tresford Lawrence

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Zambia, Mulenga Tresford Lawrence yavutse tariki ya 21 Kanama 1998. Ni we mukinnyi muto wa kane uzagaragara muri CHAN, aho azaba yambaye nimero 16. Mulenga asanzwe akinira ikipe ya Kabwe Warriors.

3. Daka Patson

Umunyezamu wa gatatu w’ikipe y’igihugu ya Zambia, Daka Patson yavutse tariki ya 9 Ukwakira 1998, azajya yambara nimero 20 muri CHAN. Asanzwe akinira ikipe ya Nchanga Rangers FC.


2.Dante Abdoul Karim

Myugariro wa Mali, Dante Abdoul Kalim yavutse tariki ya 29 Ukwakira 1998, ni we mukinnyi wa kabiri uzaba ari muto kurusha abandi bose bazakina CHAN, aho azajya yambara nimero 21.Kalim asanzwe akinira ikipe ya Jeanne d’Arc de Bamako.

1.Mukatuka Stephen

Umukinnyi w’inyuma w’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe, Mukatuka Stephen yavutse tariki ya 19 Ukuboza 1998, azajya yambara nimero 13 ndetse asanzwe akinira ikipe ya Caps United. Mukatuka ni we mukinnyi muto kurusha abandi bose bazagaragara muri iri rushanwa rizamara ibyumweru bitatu.

M.Fils

2016-01-18
Editorial

IZINDI NKURU

Manishimwe Djabel yerekeje mu ikipe ya  Al-Quwa Al-Jawiya yo mu kiciro cya mbere muri Iraq

Manishimwe Djabel yerekeje mu ikipe ya Al-Quwa Al-Jawiya yo mu kiciro cya mbere muri Iraq

Editorial 06 Feb 2024
Amafoto – Mu isura nshya ibereye ijisho, Ivugururwa ry’inyubako y’imikino ya Petit Stade iragana ku musozo

Amafoto – Mu isura nshya ibereye ijisho, Ivugururwa ry’inyubako y’imikino ya Petit Stade iragana ku musozo

Editorial 01 Mar 2024
Mu Bakinnyi Umutoza w’Amavubi yahamagaye harimo na Kevin Monnet Paquet

Mu Bakinnyi Umutoza w’Amavubi yahamagaye harimo na Kevin Monnet Paquet

Editorial 07 Oct 2020
Urutonde rw’ abakinnyi bagufi bakina umupira w’ amaguru

Urutonde rw’ abakinnyi bagufi bakina umupira w’ amaguru

Editorial 06 Jan 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame  yongeye kugira icyo avuga kuri manda ye ya gatatu
Mu Mahanga

Perezida Kagame yongeye kugira icyo avuga kuri manda ye ya gatatu

Editorial 01 Sep 2016
Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo
Amakuru

Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Editorial 09 Mar 2023
Mu karere ka Gisagara, amabandi yitwaje intwaro yateye abaturage anakomeretsa Gitifu
INKURU NYAMUKURU

Mu karere ka Gisagara, amabandi yitwaje intwaro yateye abaturage anakomeretsa Gitifu

Editorial 11 Jul 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru