• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bitezweho kwigaragaza muri CHAN

Ubwanditsi 18 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2016, mu Rwanda nibwo mu Rwanda hatagiye igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu, CHAN, irushanwa rizasozwa tariki ya 7 Gashyantare 2016.Rushyashya.net irakugezaho abakinnyi 10 bato kurusha abandi bose bazagaragara muri iri rushanwa.

Abakinnyi 10 bato kurusha abandi bazagaragara muri CHAN y’uyu mwaka igiye kuba ku nshuro ya kane. (Kuva ku mukuru ujya ku muto cyane).

-1834.jpg

10. Oum gouet Samuel

Umukinnyi wo mu kibuga hagati muri Cameroon, Oum Gouet Samuel uzajya yambara nimero 22, yavutse tariki ya 14 Gashyantare 1997.Akinira ikipe ya Apejes de Mfou.

-1835.jpg

9. Abogo Pierre sylvain

Umuzamu wa Cameroon, Abogo Pierre Sylvain yavutse tariki ya 27 Mutarama 1998, azajya yambara nimero 1. Asanzwe akinira ikipe ya Tonnerre Kalara club de Yaounde.

-1836.jpg

8. Conde Ibrahima Aminata

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Guinea, uzajya yambara nimero 21, yavutse tariki ya 5 Gashyantare 1998. Asanzwe akinira ikipe ya Horoya AC.

7. Demte Beneyam

Umunya Ethioipia ukina hagati mu kibuga, Demte Beneyam yavutse tariki ya 18 Nyakanga 1998, azaba yambaye nimero 14. Akinira ikipe ya CBE.


6. Diarra Samuel

Umuzamu w’ikipe y’igihugu ya Mali, Diarra Samuel ni we mukinnyi wa gatandatu muto uzaba ugaragara muri CHAN. Yavutse tariki ya 11 Kanama 1998. Azaba yambaye nimero 1.Asanzwe akinira ikipe ya ASKO.

5. Mandrault Mario Bernard

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Gabon, Mandrault Mario Bernard yavutse tariki ya 18 Kanama 1998. Azajya yambara nimero 11 muri iyi CHAN.Akaba ari we mukinyi wa gatanu muto uzakina CHAN. Bernard asanzwe akinira ikipe ya AS Pelican.

4. Mulenga Tresford Lawrence

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Zambia, Mulenga Tresford Lawrence yavutse tariki ya 21 Kanama 1998. Ni we mukinnyi muto wa kane uzagaragara muri CHAN, aho azaba yambaye nimero 16. Mulenga asanzwe akinira ikipe ya Kabwe Warriors.

3. Daka Patson

Umunyezamu wa gatatu w’ikipe y’igihugu ya Zambia, Daka Patson yavutse tariki ya 9 Ukwakira 1998, azajya yambara nimero 20 muri CHAN. Asanzwe akinira ikipe ya Nchanga Rangers FC.


2.Dante Abdoul Karim

Myugariro wa Mali, Dante Abdoul Kalim yavutse tariki ya 29 Ukwakira 1998, ni we mukinnyi wa kabiri uzaba ari muto kurusha abandi bose bazakina CHAN, aho azajya yambara nimero 21.Kalim asanzwe akinira ikipe ya Jeanne d’Arc de Bamako.

1.Mukatuka Stephen

Umukinnyi w’inyuma w’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe, Mukatuka Stephen yavutse tariki ya 19 Ukuboza 1998, azajya yambara nimero 13 ndetse asanzwe akinira ikipe ya Caps United. Mukatuka ni we mukinnyi muto kurusha abandi bose bazagaragara muri iri rushanwa rizamara ibyumweru bitatu.

M.Fils

2016-01-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amafoto – Abarimo Sefu, PaPlay na Madjaliwa batangiye imyitozo muri Rayon Sports yitegura kwakira myugariro Omar Gnign wo muri Senegal

Amafoto – Abarimo Sefu, PaPlay na Madjaliwa batangiye imyitozo muri Rayon Sports yitegura kwakira myugariro Omar Gnign wo muri Senegal

Ubwanditsi 06 Jul 2024
Abakinnyi batatu muri bane baserukiye u Rwanda mu irushanwa mpuzamahanga rya Triathlon ryaberaga I Bangui muri Santrafrika begukanye imidali

Abakinnyi batatu muri bane baserukiye u Rwanda mu irushanwa mpuzamahanga rya Triathlon ryaberaga I Bangui muri Santrafrika begukanye imidali

Ubwanditsi 28 Mar 2021
Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe yo gutoza Amavubi Stars, yasabwe kwitwara neza mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022.

Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe yo gutoza Amavubi Stars, yasabwe kwitwara neza mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022.

Ubwanditsi 03 Mar 2021
Sunrise FC yahaye amasezerano abakinnyi 6 barimo Mukokotya watsinze ibitego byinshi muri Mukura VS

Sunrise FC yahaye amasezerano abakinnyi 6 barimo Mukokotya watsinze ibitego byinshi muri Mukura VS

Ubwanditsi 29 Jun 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Twifatanyije n’ Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wabuze umufasha we
ITOHOZA

Twifatanyije n’ Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wabuze umufasha we

Ubwanditsi 04 Oct 2016
Abandi basirikare 140 ba RDF boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique
Mu Rwanda

Abandi basirikare 140 ba RDF boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique

Ubwanditsi 26 Sep 2017
Urubanza rwabishe Col Karegeya  ntakirimo n’ubwo rugiye gutangira i Randburg muri Afurika y’Epfo
ITOHOZA

Urubanza rwabishe Col Karegeya ntakirimo n’ubwo rugiye gutangira i Randburg muri Afurika y’Epfo

Ubwanditsi 01 Nov 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru