Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU/African Union), Moussa Faki Mahamat aravuga ko ibyo guhirika Perezida wa Sudan, Omar Al Bashir ku butegetsi ...
Soma »
Perezida Paul Kagame uri i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagiranye ibiganiro byihariye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, kuri uyu wa ...
Soma »
Richard Mugenzi wari maneko mu ngabo za Habyarimana avuga ko ku wa 6 Mata 1994, indege ya Perezida Habyarimana imaze kumanurwa, abari abayobozi b’Ingabo z’u ...
Soma »
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko mu minsi ine ya mbere y’icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi, rumaze kwakira ibirego 47 ...
Soma »
Abacuruza ibiyobyabwenge byambukiranya imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bo mu karere ka Nyagatare, bavuga ko badashobora kureka ubwo bucuruzi butemewe, ahubwo bahitamo gutanga ruswa ...
Soma »
Kuva ku wa Mbere tariki ya 8 Mata 2019, bitangazwa ko hari umutwe w’inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zibarizwa hafi y’ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi i Ruhororo, ...
Soma »
Kuri uyu wa gatatu tariki 10 Mata 2019, Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ruteye utwatsi icyifuzo cya Nkaka Ignace (Laforge Fils Bazeye) na Nsekanabo Jean Pierre ...
Soma »