Imirwano ikomeye yahuje ingabo za Congo, FARDC, ndetse n’inyeshyamba z’umutwe wa ADF kuri uyu wa Kane, itariki 24 Gicurasi mu gitondo ku muhanda Mbau-Kamango muri ...
Soma »
Ibirori byo kwizihiza Umunsi wa Afurika (Africa Day) bibera muri Ethiopia kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 biragirwamo uruhare na perezida wa repubulika, Paul Kagame, ...
Soma »
Minisitiri w’umutekano wa Uganda, Gen Elly Tumwiine, kuri uyu wa Gatatu yahamagariye inzego z’ubutasi mu karere gukorana, mu rwego rwo guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano byugarije ...
Soma »
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2018, nibwo ibiro bya Minisitiri w’Intebe muri Uganda byatangaje ko guverinoma iri kurebera hamwe uko abakozi ba ...
Soma »
Igikomangoma Harry na Meghan Markle bagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kurushinga bakemeranya kubana akaramata mu birori bikomeye byabereye mu Mujyi wa Windsor mu ...
Soma »
Umwe mu bayobozi bakuru muri Korea ya Ruguru yamaganye amagambo ya Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Pence, avuga ko ari ‘ubucucu’, ...
Soma »