• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

  • Nyuma y’imyaka irindwi, APR VC yegukanye Igikombe cya Memorial Rutsindura itsinze REG VC ku mukino wa nyuma   |   26 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»AZAM Rwanda Premier League: Shampiyona irakomeza kuri uyu wa gatanu

AZAM Rwanda Premier League: Shampiyona irakomeza kuri uyu wa gatanu

Ubwanditsi 12 Feb 2016 IMIKINO

Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda (Azam Rwanda Premier League), nyuma yo guhagarikwa mu gihe ikipe y’igihugu Amavubi yiteguraga imikino ya CHAN, iyi shampiyona irongera gusubukurwa kuri uyu wa gatanu tariki 12 Gashyantare 2016 hakinwa imikino y’umunsi wa 10 mu mpande z’igihugu zitandukanye.

-2067.jpg

Ubwo iyi shampiyona yasubikwaga, yari igeze ku munsi wayo wa cyenda (9) ubwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Jonathan Bryan McKinstry yasabaga FERWAFA ko bamuha umwanya uhagije agategura abakinnyi kugira ngo bazitabire imikino ya CHAN iri kubera mu Rwanda kuva Tariki 16 Mutarama kuzageza kuwa 7 Gashyantare 2016 n’ubwo U Rwanda rwakiriye iyi mikino, ikipe iruhagarariye yaje kuvamo igeze muri ¼ cy’irangiza, itsinzwe na DR Congo yanatwaye igikombe.

-2068.jpg

Dore uko imikino ipanze ku munsi wa 10.
Kuwa gatanu tariki 12 Gashyantare 2016:

*Sunrise Fc vs Bugesera FC (Rwamagana, 15:30’)
*AS Kigali vs Marines FC (Stade de Kigali, 15:30’)
*Gicumbi FC vs Rayon Sports (Gicumbi, 15:30’)
*Etincelles Fc vs FC Musanze (Stade Umuganda, 15:30’)
*AS Muhanga vs Rwamagana City FC (Stade Muhanga, 15:30’)

Ku cyumeru tariki 14 Gashyantare 2016:

*Mukura VS vs Amagaju (Stade Huye, 15:30’)
Kuwa gatatu tariki 17 Gashyantare 2016:
*Police FC vs Espoir FC (Kicukiro, 15:30’)

Kuwa gatandatu tariki 20 Gashyantare 2016:

SC Kiyovu vs APR FC (Stade de Kigali/Nyamirambo, 15:30’)

uyu mukino wa APR FC na Kiyovu ntuzaba kuko ikipe yagisirikare yasohokeye igihugu kimwe na Police

Kuri uyu wa gatanu, mu mukino w’ishiraniro mu ntara y’iburasirazuba, Sunrise FC izakira Bugesera FC i Rwamagana, AS Kigali kuri ubu iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona n’amanota 21, izakira FC Marines kuri sitade ya Kigali iri i Nyamirambo, Rayon Sports izazamuka mu karere ka Gicumbi guhura na Gicumbi FC, Musanze FC izaba yisobanura na mucyeba wayo Etincelles kuri sitade Umuganda mu gihe Rwamagana city izambuka umugi wa Kigali isanganira Muhanga FC bakisobanurira kuri sitade Muhanga.

Ku cyumweru tariki 14 Gashyantare 2016, Mukura Victory Sport izaba yakira Amagaju FC atozwa na Bekeni kuri sitade Huye.

Amakipe nka APR FC na Police FC azahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika, azakina umunsi wa 10 wa shampiyona hagati ya tariki ya 17 na 20 Gashyantare uyu mwaka turimo.

Tariki 17 Gashyantare 2016, ikipe ya Police FC itozwa na Cassa Mbungo Andre’, izaba yakira Espoir FC y’i Rusizi ku kibuga cya Kicukiro naho APR FC yisobanure na Kiyovu Sports kuri sitade ya Kigali iri i Nyamirambo.

Umunsi wa cyenda (9) was hampiyona wasize AS Kigali iyoboye urutonde rw’iyi shampiyona iterwa inkunda na Azam Ltd n’amanota 21.Ku mwanya wa kabiri haraza Rayon Sports n’amanota 18 inganya na APR FC iza ku mwanya wa gatatu zigatandukanwa n’ibitego zizigamye.

M.Fils

2016-02-12
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Patriots BBC yatsinze APR BBC mu mukino wa mbere wa Kamarampaka wa Bet Pawa Playoffs 2024

Patriots BBC yatsinze APR BBC mu mukino wa mbere wa Kamarampaka wa Bet Pawa Playoffs 2024

Ubwanditsi 12 Sep 2024
Areruya Joseph yegukanye ‘Tour de l’Espoir’ abona amahirwe yo kuzakina Tour de France U23

Areruya Joseph yegukanye ‘Tour de l’Espoir’ abona amahirwe yo kuzakina Tour de France U23

Ubwanditsi 05 Feb 2018
AMAFOTO – APR FC idafite abakinnyi bari mu ikipe y’igihugu yasubukuye imyitozo yitegura umukino wa Musanze FC

AMAFOTO – APR FC idafite abakinnyi bari mu ikipe y’igihugu yasubukuye imyitozo yitegura umukino wa Musanze FC

Ubwanditsi 17 Nov 2025
Sunrise FC yahaye amasezerano abakinnyi 6 barimo Mukokotya watsinze ibitego byinshi muri Mukura VS

Sunrise FC yahaye amasezerano abakinnyi 6 barimo Mukokotya watsinze ibitego byinshi muri Mukura VS

Ubwanditsi 29 Jun 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

ITANGAZO RYO KUMENYESHA
MULTIMEDIA

ITANGAZO RYO KUMENYESHA

Ubwanditsi 26 Sep 2016
Abagabo batatu bafatanywe inka icumi bakekwaho kwiba mu karere ka Nyagatare
Mu Mahanga

Abagabo batatu bafatanywe inka icumi bakekwaho kwiba mu karere ka Nyagatare

Ubwanditsi 17 Sep 2016
Kwibuka, Ibyaranze itariki ya 20 Mata 1994: Abatutsi basaga 26000 biciwe muri Kiliziya ya Paruwasi Mugombwa muri Butare
Mu Rwanda

Kwibuka, Ibyaranze itariki ya 20 Mata 1994: Abatutsi basaga 26000 biciwe muri Kiliziya ya Paruwasi Mugombwa muri Butare

Ubwanditsi 20 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru