• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru   |   03 Jul 2025

  • Menya neza uwiyita Intumwa “Isidore Mbayahaga” wimuriye ubwonko mu gifu!   |   03 Jul 2025

  • Ubwigenge bwabaye igikoresho cy’ivangura: Uko Kamarampaka ya 1959 yazanye Repubulika ariko ntizane ubwigenge nyabwo   |   02 Jul 2025

  • Mu mvugo yuje icyizere, Perezida Tshisekedi yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na Congo muri Amerika   |   01 Jul 2025

  • Mu burezi budaheza buzira ikandamiza n’iringaniza Abanyeshuri basaga Ibihumbi 220 basoje Amashuri Abanza batangiye ibizamini bya Leta   |   01 Jul 2025

  • U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari   |   30 Jun 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Editorial 01 Nov 2016 IMIKINO

Gutsindwa kw’ ikipe ya Kiyovu sport ibitego 4-0 byatumye umukunzi ndetse akaba n’ umuterankunga wayo byumwihariko ashyira hanze ibibazo n’ imbogamizi bahura nazo muri Kiyovu.

Nyuma yumukino wahuzaga ikipe ya Kiyovu sport ndetse na Gicumbi Fc, hari kumunsi wa gatandatu (3) w’icyumweru gishize kuya 29.11.2016 isaa cyenda n’igice zumugoroba ubwo iyipe ya Kiyovu sport yakiraga ikipe ya Gicumbi kumunsi wa gatatu (3) wa shampiyona ya 2016-2016 mu mukino ubanza.

Muri uyu mukino tubibutse ko warangiye ikipe ya Kiyovu sport yari yakiriye uyu mukino yahawe gasopo n’ikipe ya Gicumbi yarikiwe ku kibuga cya Kiyovu sport, ikaza kuyihatsindira ibitego 4 bya Gicumbi ku ubusa bwa Kiyovu sport (4-0).

Ubwinshi bw’ibi bitego byatumye umukunzi wiyi kipe atabasha kubyihanganira bituma asuka agahinda ke hasi. Doreko aka gahinda kari gakubiyemo byinshi cyane, ubwo yabashije kuvuga imikinire ndetse n’imibereho iy’ikipe ya Kiyovu sport idashimisha abafana bayo.

Umwe mu bafana ba Kiyovu sport utarashatse kuvuga amazina ye, kubwi mpanvu ze bwite yagize ati” njye birambabaza cyane iyo mbona ikipe ya Kiyovu itsindwa akaka kageni. Wicaye ukareba ingufu iyi kipe ifite zishingiye kubafana zipfa ubusa wababara! Kandi byukuri nawe ari wowe ntacyakubuza kubabara kuko ntakuntu wafasha ikipe w’iriye ukimara, rimwe na rimwe ukabikora Atari uko ufite amafarnga menshi cyangwa ataruko udafite ibibazo ngo ayo mafaranga uyakemuze ibindi bibazo bya Famiye, ahubwo ukabikorera urukundo ufitiye iyi kipe ariko ugasanga nta musaruro uvuyemo (ntantsinzi ibona)”.

Abajijwe impamvu abona iyi kipe idatera imbere cyangwa se ngo itange ibyishimo bihagije kubakunzi bayo, yasubijje agira ati: “byihorere wa mu nyamakuru we!, ubu se ugiye kumbwira ko iyi kipe arinswa cyangwa ari abakene?, si abakene yewe si nabaswa, ahubwo ni uko abantu babaye abanyabinyoma”.

Yakomeje agira ati: “umuntu araza mu buyobozi mukagirango aje guteza imbere ikipe ukurikije n’amagambo cyangwa ikizere ari kwerekana, kumbi ajekwishakira amaramuko. Igitangaje rero nuko uje wese azavuga ko aje guteza ikipe imbere akeneye abazamuba hafi bakamufasha kumbe ahubwo akeneye uzamuzanira amaranga agashyira mu mufuka we”.

-4551.jpg

-4552.jpg

Abafana ba Kiyovu Sport

Uyu mufana utashatse ko tumutangaza yakomeje atubwiranko kandi ibi ntibizwi mu buyobozi gusa kuko hari naho usanga umwe mubatoza azana umukinnyi ngo mu mugure azabakinire neza kuko abishoboye ahubwo ugasanga uwo mukinnyi ahuje amaranga mutima n’uwo mutoza utamenya aho shingiye cyangwa aturuka, urumva ko ahongaho umutungo wa Equipe (ikipe) uburi gusohoka ariko udatanga umusaruro kubwinyungu zuwo mutoza n’uwo mukinnyi yazanye.

Ikindi mu bayobozi naho harimo ba rusahurira mu nduru, iyubona abanyamuryango bifatanya bagashaka amafaranga yoguhemba abakinnyi wowe nkumuyobozi ugasanga ukoze muri ayo mafaranga uba wumva utari rusahurira munduru koko?,kandi usanga iyo worigushyirwa azavugako ajje guteza umuryango imbere!.

Ese iyo uri umuyobozi hakaboneka amaranga runaka aturutse muzindi nyungu runaka, ntuyageze kubuyobozi b’ikipe ufite ibyo witwaje bitasobanutse, uba wumva utari umujura koko?, ibi byose ndi kukubabwira ni ibiberamo hariya muri Kiyovu,.

Ikindi kintu kibabaje nkubu hari umubyeyi umwe waguze imiti y’abakinnyi, ariko abo yahaye ayo mafranga yo kugura iyo miti ntayo baguze, hazakuboneka umukinnyi ukenera kuvurwa ku kibuga dusanga mu ri Tourse (igisanduku cy’imiti) yarimo amiti itarenze ibihimbi 13.000frw ibaze!

Source : TR

2016-11-01
Editorial

IZINDI NKURU

Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Editorial 09 Dec 2017
CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

Editorial 14 Jan 2019
AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Héritier Nzinga Luvumbu.

AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Héritier Nzinga Luvumbu.

Editorial 24 Apr 2021
Ku nshuro ya kabiri, mu gihe cy’icyumweru kimwe irushanwa rya BAL rigiye kubera mu Rwanda mu nyubako ya Kigali Arena – Ibyo wamenya kuri iri rushanwa

Ku nshuro ya kabiri, mu gihe cy’icyumweru kimwe irushanwa rya BAL rigiye kubera mu Rwanda mu nyubako ya Kigali Arena – Ibyo wamenya kuri iri rushanwa

Editorial 20 May 2022
Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Editorial 09 Dec 2017
CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

Editorial 14 Jan 2019
AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Héritier Nzinga Luvumbu.

AMAFOTO- Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa rya shampiyona Rayon Sports yasinyishije Muhire Kevin na Héritier Nzinga Luvumbu.

Editorial 24 Apr 2021
Ku nshuro ya kabiri, mu gihe cy’icyumweru kimwe irushanwa rya BAL rigiye kubera mu Rwanda mu nyubako ya Kigali Arena – Ibyo wamenya kuri iri rushanwa

Ku nshuro ya kabiri, mu gihe cy’icyumweru kimwe irushanwa rya BAL rigiye kubera mu Rwanda mu nyubako ya Kigali Arena – Ibyo wamenya kuri iri rushanwa

Editorial 20 May 2022
Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Editorial 09 Dec 2017
CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

CAF: Mukura VS yatsindiwe ibitego bitatu muri Sudani

Editorial 14 Jan 2019
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru