• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Bombori bombori hagati y’ abafana ba Kiyovu sport n’ ubuyobozi bwayo

Ubwanditsi 01 Nov 2016 IMIKINO

Gutsindwa kw’ ikipe ya Kiyovu sport ibitego 4-0 byatumye umukunzi ndetse akaba n’ umuterankunga wayo byumwihariko ashyira hanze ibibazo n’ imbogamizi bahura nazo muri Kiyovu.

Nyuma yumukino wahuzaga ikipe ya Kiyovu sport ndetse na Gicumbi Fc, hari kumunsi wa gatandatu (3) w’icyumweru gishize kuya 29.11.2016 isaa cyenda n’igice zumugoroba ubwo iyipe ya Kiyovu sport yakiraga ikipe ya Gicumbi kumunsi wa gatatu (3) wa shampiyona ya 2016-2016 mu mukino ubanza.

Muri uyu mukino tubibutse ko warangiye ikipe ya Kiyovu sport yari yakiriye uyu mukino yahawe gasopo n’ikipe ya Gicumbi yarikiwe ku kibuga cya Kiyovu sport, ikaza kuyihatsindira ibitego 4 bya Gicumbi ku ubusa bwa Kiyovu sport (4-0).

Ubwinshi bw’ibi bitego byatumye umukunzi wiyi kipe atabasha kubyihanganira bituma asuka agahinda ke hasi. Doreko aka gahinda kari gakubiyemo byinshi cyane, ubwo yabashije kuvuga imikinire ndetse n’imibereho iy’ikipe ya Kiyovu sport idashimisha abafana bayo.

Umwe mu bafana ba Kiyovu sport utarashatse kuvuga amazina ye, kubwi mpanvu ze bwite yagize ati” njye birambabaza cyane iyo mbona ikipe ya Kiyovu itsindwa akaka kageni. Wicaye ukareba ingufu iyi kipe ifite zishingiye kubafana zipfa ubusa wababara! Kandi byukuri nawe ari wowe ntacyakubuza kubabara kuko ntakuntu wafasha ikipe w’iriye ukimara, rimwe na rimwe ukabikora Atari uko ufite amafarnga menshi cyangwa ataruko udafite ibibazo ngo ayo mafaranga uyakemuze ibindi bibazo bya Famiye, ahubwo ukabikorera urukundo ufitiye iyi kipe ariko ugasanga nta musaruro uvuyemo (ntantsinzi ibona)”.

Abajijwe impamvu abona iyi kipe idatera imbere cyangwa se ngo itange ibyishimo bihagije kubakunzi bayo, yasubijje agira ati: “byihorere wa mu nyamakuru we!, ubu se ugiye kumbwira ko iyi kipe arinswa cyangwa ari abakene?, si abakene yewe si nabaswa, ahubwo ni uko abantu babaye abanyabinyoma”.

Yakomeje agira ati: “umuntu araza mu buyobozi mukagirango aje guteza imbere ikipe ukurikije n’amagambo cyangwa ikizere ari kwerekana, kumbi ajekwishakira amaramuko. Igitangaje rero nuko uje wese azavuga ko aje guteza ikipe imbere akeneye abazamuba hafi bakamufasha kumbe ahubwo akeneye uzamuzanira amaranga agashyira mu mufuka we”.

-4551.jpg

-4552.jpg

Abafana ba Kiyovu Sport

Uyu mufana utashatse ko tumutangaza yakomeje atubwiranko kandi ibi ntibizwi mu buyobozi gusa kuko hari naho usanga umwe mubatoza azana umukinnyi ngo mu mugure azabakinire neza kuko abishoboye ahubwo ugasanga uwo mukinnyi ahuje amaranga mutima n’uwo mutoza utamenya aho shingiye cyangwa aturuka, urumva ko ahongaho umutungo wa Equipe (ikipe) uburi gusohoka ariko udatanga umusaruro kubwinyungu zuwo mutoza n’uwo mukinnyi yazanye.

Ikindi mu bayobozi naho harimo ba rusahurira mu nduru, iyubona abanyamuryango bifatanya bagashaka amafaranga yoguhemba abakinnyi wowe nkumuyobozi ugasanga ukoze muri ayo mafaranga uba wumva utari rusahurira munduru koko?,kandi usanga iyo worigushyirwa azavugako ajje guteza umuryango imbere!.

Ese iyo uri umuyobozi hakaboneka amaranga runaka aturutse muzindi nyungu runaka, ntuyageze kubuyobozi b’ikipe ufite ibyo witwaje bitasobanutse, uba wumva utari umujura koko?, ibi byose ndi kukubabwira ni ibiberamo hariya muri Kiyovu,.

Ikindi kintu kibabaje nkubu hari umubyeyi umwe waguze imiti y’abakinnyi, ariko abo yahaye ayo mafranga yo kugura iyo miti ntayo baguze, hazakuboneka umukinnyi ukenera kuvurwa ku kibuga dusanga mu ri Tourse (igisanduku cy’imiti) yarimo amiti itarenze ibihimbi 13.000frw ibaze!

Source : TR

2016-11-01
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mbere yo kwerekeza mu birwa bya Comoros kwa AS Kigali, iyi kipe yabanje kwerekana Niyonzima Olivier Sefu nk’umukinnyi wayo mushya mu myaka ibiri iri imbere

Mbere yo kwerekeza mu birwa bya Comoros kwa AS Kigali, iyi kipe yabanje kwerekana Niyonzima Olivier Sefu nk’umukinnyi wayo mushya mu myaka ibiri iri imbere

Ubwanditsi 07 Sep 2021
Rutahizamu Kylian Mbappe  yasezeye Paris St Germain yitegura kwerekeza muri Real Madrid

Rutahizamu Kylian Mbappe yasezeye Paris St Germain yitegura kwerekeza muri Real Madrid

Ubwanditsi 10 May 2024
FERWAFA na Rwanda Premier League basinye amabwiriza mashya agenga shampiyona y’u Rwanda 2025/26

FERWAFA na Rwanda Premier League basinye amabwiriza mashya agenga shampiyona y’u Rwanda 2025/26

Ubwanditsi 11 Sep 2025
Zlatan Ibrahimovic yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri AC Milan, ibi bivuze ko azageza ku myaka 40 y’amavuko agikina umupira w’amaguru.

Zlatan Ibrahimovic yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri AC Milan, ibi bivuze ko azageza ku myaka 40 y’amavuko agikina umupira w’amaguru.

Ubwanditsi 23 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Rwanda rwatangije gahunda idasanzwe yo guhashya imibu itera Malaria hifashishijwe ’drones’
IKORANABUHANGA

U Rwanda rwatangije gahunda idasanzwe yo guhashya imibu itera Malaria hifashishijwe ’drones’

Ubwanditsi 10 Mar 2020
Umunsi wa kane wa Primus National League urakomeza mu mpera z’iki cyumweru Rayon Sports isura Marines FC
Amakuru

Umunsi wa kane wa Primus National League urakomeza mu mpera z’iki cyumweru Rayon Sports isura Marines FC

Ubwanditsi 01 Oct 2022
Umunyarwenya Anne Kansiime ari mu byishimo byinshi byo kwitegura kwibaruka imfura ye.
Amakuru

Umunyarwenya Anne Kansiime ari mu byishimo byinshi byo kwitegura kwibaruka imfura ye.

Ubwanditsi 16 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru