Igisirikare cya Uganda kiri guhata ibibazo umugabo wafatiwe mu rugo rw’uwahoze ari komanda wa polisi mu Karere ka Buyende uherutse kwicwa arashwe, ASP Muhammad Kirumira. ...
Soma »
Kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nzeri 2018, agace ka Bendera gaherereye mu birometero 125 mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Kalemie muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ...
Soma »
Komanda w’ibirindiro bya polisi ku Musozi wa Kivumu, Komini Mugamba, Intara ya Bururi mu gihugu cy’u Burundi, yishwe arashwe n’abasirikare mu ijoro ryo kuri uyu ...
Soma »
Nicolas Hulot, Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, yeguye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo , ibintu byatunguye na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu ubwe. Uyu Minisitiri ...
Soma »
Senateri John McCain wigeze kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahanganye na Barack Obama mu 2008, yitabye Imana ku myaka 81 azize uburwayi. Itangazo ...
Soma »
Umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Ykee Benda yatangaje ko agendeye ku byabaye kuri Bobi Wine asanga Kizza Besigye ari umushinga wateguwe na Museveni ubwe ...
Soma »
Nyuma y’aho umunyapolitiki Moise Katumbi kuri uyu wa Gatanu yangiwe kwinjira mu gihugu agahera muri Zambia, biravugwa ko abakuru b’ibihugu bitatu mu karere bari mu ...
Soma »