Areruya Joseph uheruka kwegukana isiganwa rikomeye mu magare ku mugabane wa Afurika na bagenzi be bakinana mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda basesekaye mu mujyi wa ...
Soma »
Bizimana Djihad umukinnyi wo hagati mu ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC akanaba kapiteni wungirije Ndayishimiye Eric Bakame, avuga ko kuri uyu mugoroba ubwo Amavubi ...
Soma »
Ndayishimiye Yussuf ‘Kabishi’ ni umwe mu bakinnyi bashya bashobora kwiyongera muri Mukura VS yamaze gusinyisha Ntate Jumaine, Umunyarwanda wakinaga muri Muzinga FC yo mu Burundi. ...
Soma »
Umukinnyi Cristiano Ronaldo wari wagarutse mu bihe bye byiza ntiyabashije gusoza umukino wari wahuje Real Madrid na La Coruna kubera umugeri yakubiswe na myugariro w’iyi ...
Soma »
Ikipe y’u Rwanda (Amavubi Stars) yakoze akazi gakomeye kuri uyu wa gatanu, ibasha gutsinda ikipe y’igihugu ya Guinea Equatorial mu mukino wa 2 mu itsinda ...
Soma »
Areruya Joseph wa Team Rwanda, yegukanye agace ka kane ka La Tropicale Amissa Bongo 2018, kari gafite ibirometero 182 Km ahita yegukana n’Umupira w’umuhondo ku ...
Soma »
Ikipe ya Chelsea yagiranye ibiganiro na West Ham ku mukinyi w’imbere Andy Carroll w’imyaka 29. Nkuko bigaragazwa na Telegraph West Hama ibasaba miliyoni 20 kuri ...
Soma »
Mu gikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2018, Maroc yafunguye irushanwa inyagira Mauritania ibitego bine ku busa kuri uyu wa Gatandatu; Amavubi ...
Soma »