• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»POLITIKI»Dufite ubushobozi n’ubumenyi bihagije kugira ngo duteze imbere EAC yacu- Magufuli

Dufite ubushobozi n’ubumenyi bihagije kugira ngo duteze imbere EAC yacu- Magufuli

Editorial 24 Apr 2018 POLITIKI

*Ati «EAC ibereyeho abaturage ntabwo ari abayobozi gusa.»

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli  yabwiye Inteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA) ko ibihugu byo muri uyu muryango bifite ubushobozi n’ubumenyi bikenewe kugira ngo biteze imbere ababituye.

Dr John Pombe Magufuli avuga ko ubumenyi n'ubushobozi bihari kugira ngo EAC itere imbere uko byifuzwa

Dr John Pombe Magufuli avuga ko ubumenyi n’ubushobozi bihari kugira ngo EAC itere imbere uko byifuzwa

Inteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA) imaze iminsi iri mu bikorwa muri Tanzania aho ejo umuyobozi wayo Martin Ngoga yahuye na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu ari we Kassim Majaliwa bakaganira ku mishinga itandukanye irimo n’uw’ifaranga rihuriweho n’ibihugu bya EAC.

Uyu munsi abadepite bagize iyi nteko baganiriye na Perezida Dr John Pombe Magfuli wabashimiye ibikorwa byabo.

Yavuze ko kuba EALA imaze iminsi ikorana n’abaturage b’igihugu ke ari ikimenyetso ko uyu muryango ubereyeho abaturage utabereyeho abayobozi gusa.

Ati “Kuba EALA yaraje Dodoma igakorana n’abaturage ni ikimenyetso ko EAC ishyira imbere inyungu z’abaturage aho kuba iz’abayobozi gusa.”

Perezida Dr Pombe Magufuli avuga ko ibihugu bigize EAC bigomba gukorana n’abaturage babyo kugira ngo biteze imbere imibereho y’ababituye.

Ati “Nituramuka dushyize hamwe, tuzagera kuri byinshi, dufite ubushobozi n’ubumenyi bikenewe kugira ngo duteze imbere EAC yacu.”

Martin Ngoga uyobora EALA wagarutse ku ntambwe umuryanga wa Africa y’Uburasirazuba umaze gutera mu gukorera hamwe, yashimiye Perezida Magufuli wazanye impinduramatwara mu gushyira mu bikorwa imishinga ya Tanzania yaba iy’imbere mu gihugu no hanze yacyo.

Ati “Warakoze ku mbaraga washyize mu kurwanya ruswa mu gihugu bigaragazwa n’ikizere ibindi bihugu bigufitiye.”

Imishinga migari ihuza ibihugu bigize EAC, irimo iy’ubucuruzi buhuriweho n’ibihugu byayo, iy’imigenderanire n’ibikorwa remezo.

Martin Ngoga uyobora EALA ngo Magufuli yaciye ruswa muri Tanzania

Martin Ngoga uyobora EALA ngo Magufuli yaciye ruswa muri Tanzania

Abadepite bagize EALA

Abadepite bagize EALA

Bamwe mu badepite bashimiye Perezida kuba igihugu ke gukomeje kwitwara neza

Bamwe mu badepite bashimiye Perezida kuba igihugu ke gukomeje kwitwara neza

2018-04-24
Editorial

IZINDI NKURU

Amerika yatangaje ko ititeguye gufatira Urwanda ibihano nyuma ya 2017.

Amerika yatangaje ko ititeguye gufatira Urwanda ibihano nyuma ya 2017.

Editorial 01 Feb 2016
Ibirenge biva muri “Edeni” bijya muri Kongo, ko tutabibona bigaruka aho ni ubuhoro? 

Ibirenge biva muri “Edeni” bijya muri Kongo, ko tutabibona bigaruka aho ni ubuhoro? 

Editorial 22 Jan 2025
Fayulu utaranyuzwe n’ibyavuye mu matora agiye kujuririra urukiko rurinda Itegeko Nshinga

Fayulu utaranyuzwe n’ibyavuye mu matora agiye kujuririra urukiko rurinda Itegeko Nshinga

Editorial 12 Jan 2019
Perezida Kagame yakiriye impapuro za ba ambasaderi bashya icyenda

Perezida Kagame yakiriye impapuro za ba ambasaderi bashya icyenda

Editorial 06 Dec 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Dore Ingingo ku yindi Uko Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma
Amakuru

Dore Ingingo ku yindi Uko Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma

Editorial 23 Aug 2023
Umutoni Gatsinzi Nadine yasimbuye Kamanzi Jackline wari  umaze iminsi 41 ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango
Mu Mahanga

Umutoni Gatsinzi Nadine yasimbuye Kamanzi Jackline wari umaze iminsi 41 ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango

Editorial 03 May 2016
Congo Brazzaville: Perezida Kagame asanga Afurika itatera imbere abaturage batagenderana
INKURU NYAMUKURU

Congo Brazzaville: Perezida Kagame asanga Afurika itatera imbere abaturage batagenderana

Editorial 11 Sep 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru