• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Ubwanditsi 06 Aug 2017 Mu Rwanda

Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo muri iri rushanwa, yatsindiye ibihembo bine birimo n’igiihembo cy’umuhanzi w’umwaka.

Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 mu birori byabereye Kampala Serena Hotel. Eddy Kenzo ntiyabashije kwitabira ibi birori mu gihe ari we wabaye umuhanzi w’umwaka muri iri rushanwa rya Uganda Music awards 2017.

-7485.jpg

Eddy Kenzo

Eddy Kenzo wabaye umuhanzi w’umwaka, yahigitse abahanzi nka Dr Jose Chameleone, Bobi Wine, David Lutalo na Sheebah Karungi.Eddy Kenzo yahawe ibihembo bine ari byo: Umuhanzi w’umugabo w’umwaka, mu cyiciro cya Best Urban, indirimbo ye Jubilation ihigika izindi. Yatsindiye kandi igihembo cy’indirimbo y’umwaka aho Jubilation ari yo yaje ku isonga. Ibi bihembo byose ni byo byanamuhesheje igihembo cy’umuhanzi w’umwaka ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda.

Abandi batsindiye ibihembo bikomeye muri iri rushanwa ni Irene Ntale wabaye umuhanzikazi w’umwaka, The Weezy wabaye producer w’umwaka, Brian Lubega wabaye umuhanzi mwiza w’umwaka mu bakora umuziki wa Gospel, Rabadaba waje ku isonga mu bakora injyana ya Ragga/Dancehall n’abandi.

Urutonde rw’abegukanye ibihembo muri iri rushanwa.

Artiste of the year: Eddy Kenzo (Winner)
Best Female Artiste: Irene Ntale (Winner)
Best Male Artiste: Eddy Kenzo (Winner)
Best Music Video: Wantegula by Abaasa (Winner)
Best Breakthrough Atiste: Moroots – Kings and Queens (Winner)
Best Producer: The Weezy (Winner)
Best Ragga/Dancehall artiste: Rabadaba – Yo Body (Winner)
Best Regional Artiste (Central): Ceaserous – Dangerous (Winner)
Best Regional Artiste (Eastern): Isaiah Destiny – Mbolele (Winner)
Best Regional Artiste (Western): Kigambo Araali – Tooro k’okasemera (Winner)
Best Regional Artiste (Northern): MC Wang Jok – Wang Pedding (Winner)
Best Traditional: Candy man – Epucit (Winner)
Best Urban: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Fans Choice Award: Nina Roz – Mekete (Winner)
Gospel Artiste of The Year: Brian Lubega – Wakitibwa (Winner)
Song of The Year: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Best Afro Fusion: Afrie – Yodi Yodi (Winner)
Best Artist in the DiasporaL: Ferida Rose – Njabala (Winner)
Best Dance CrewL: H2C (Winner)
Best Hip Hop: Byg Ben – Nzokuse (Winner)
Best Reggae: Bruno K – One for The Road (Winner)
Best Kadongokamu Artiste: Mathias Walukagga (Winner)
Best InstrumentalistL Kitanda Micheal (Winner)
Best Afro Pop: Fille Mutoni – Mbeera eno (Winner)
Academy Choice Award: Kaz Kasozi (Winner)
Humanitarian Award: Angella Katatumba (Winner)
Lifetime Achievement AwardL Dr. Rose Mbowa (Winner)

2017-08-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Gen. Godfroid Niyombare yongeye kumvikana avuga k’umugambi wo gukura Nkurunziza k’ubutegetsi

Gen. Godfroid Niyombare yongeye kumvikana avuga k’umugambi wo gukura Nkurunziza k’ubutegetsi

Ubwanditsi 08 May 2017
Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa

Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa

RUSHYASHYA 28 Apr 2026
Leta mu mizo ya nyuma yo gushyiraho umushahara fatizo mushya

Leta mu mizo ya nyuma yo gushyiraho umushahara fatizo mushya

Ubwanditsi 10 Oct 2017
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa

RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa

Ubwanditsi 26 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.
Amakuru

U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.

Ubwanditsi 12 Jun 2021
Polisi y’u Rwanda yahagaritse ibigo bine bitanga serivisi z’umutekano
ITOHOZA

Polisi y’u Rwanda yahagaritse ibigo bine bitanga serivisi z’umutekano

Ubwanditsi 06 May 2017
Radisson Blu yabaye iya mbere mu Rwanda yahawe igihembo cya hoteli itekanye
UBUKUNGU

Radisson Blu yabaye iya mbere mu Rwanda yahawe igihembo cya hoteli itekanye

Ubwanditsi 07 Aug 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru