• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Ubwanditsi 06 Aug 2017 Mu Rwanda

Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo muri iri rushanwa, yatsindiye ibihembo bine birimo n’igiihembo cy’umuhanzi w’umwaka.

Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 mu birori byabereye Kampala Serena Hotel. Eddy Kenzo ntiyabashije kwitabira ibi birori mu gihe ari we wabaye umuhanzi w’umwaka muri iri rushanwa rya Uganda Music awards 2017.

-7485.jpg

Eddy Kenzo

Eddy Kenzo wabaye umuhanzi w’umwaka, yahigitse abahanzi nka Dr Jose Chameleone, Bobi Wine, David Lutalo na Sheebah Karungi.Eddy Kenzo yahawe ibihembo bine ari byo: Umuhanzi w’umugabo w’umwaka, mu cyiciro cya Best Urban, indirimbo ye Jubilation ihigika izindi. Yatsindiye kandi igihembo cy’indirimbo y’umwaka aho Jubilation ari yo yaje ku isonga. Ibi bihembo byose ni byo byanamuhesheje igihembo cy’umuhanzi w’umwaka ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda.

Abandi batsindiye ibihembo bikomeye muri iri rushanwa ni Irene Ntale wabaye umuhanzikazi w’umwaka, The Weezy wabaye producer w’umwaka, Brian Lubega wabaye umuhanzi mwiza w’umwaka mu bakora umuziki wa Gospel, Rabadaba waje ku isonga mu bakora injyana ya Ragga/Dancehall n’abandi.

Urutonde rw’abegukanye ibihembo muri iri rushanwa.

Artiste of the year: Eddy Kenzo (Winner)
Best Female Artiste: Irene Ntale (Winner)
Best Male Artiste: Eddy Kenzo (Winner)
Best Music Video: Wantegula by Abaasa (Winner)
Best Breakthrough Atiste: Moroots – Kings and Queens (Winner)
Best Producer: The Weezy (Winner)
Best Ragga/Dancehall artiste: Rabadaba – Yo Body (Winner)
Best Regional Artiste (Central): Ceaserous – Dangerous (Winner)
Best Regional Artiste (Eastern): Isaiah Destiny – Mbolele (Winner)
Best Regional Artiste (Western): Kigambo Araali – Tooro k’okasemera (Winner)
Best Regional Artiste (Northern): MC Wang Jok – Wang Pedding (Winner)
Best Traditional: Candy man – Epucit (Winner)
Best Urban: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Fans Choice Award: Nina Roz – Mekete (Winner)
Gospel Artiste of The Year: Brian Lubega – Wakitibwa (Winner)
Song of The Year: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Best Afro Fusion: Afrie – Yodi Yodi (Winner)
Best Artist in the DiasporaL: Ferida Rose – Njabala (Winner)
Best Dance CrewL: H2C (Winner)
Best Hip Hop: Byg Ben – Nzokuse (Winner)
Best Reggae: Bruno K – One for The Road (Winner)
Best Kadongokamu Artiste: Mathias Walukagga (Winner)
Best InstrumentalistL Kitanda Micheal (Winner)
Best Afro Pop: Fille Mutoni – Mbeera eno (Winner)
Academy Choice Award: Kaz Kasozi (Winner)
Humanitarian Award: Angella Katatumba (Winner)
Lifetime Achievement AwardL Dr. Rose Mbowa (Winner)

2017-08-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Iki noneho si ikinyoma, ni ikinamico. Nyuma y’iminsi isaga 300 ageze mu Rwanda, abo kwa Rusesabagina badukanye amatakirangoyi ko ngo yakorewe iyicarubozo!

Iki noneho si ikinyoma, ni ikinamico. Nyuma y’iminsi isaga 300 ageze mu Rwanda, abo kwa Rusesabagina badukanye amatakirangoyi ko ngo yakorewe iyicarubozo!

Ubwanditsi 31 May 2021
Financial Times : Perezida Kagame yagarutse ku buryo yinjiye igisirikare, uko yavuye mu ishuri muri Amerika n’amasomo byasize

Financial Times : Perezida Kagame yagarutse ku buryo yinjiye igisirikare, uko yavuye mu ishuri muri Amerika n’amasomo byasize

Ubwanditsi 04 Sep 2017
Amafoto – Nyuma yo kwerekana abatoza bashya ku ikipe ya Rayon Sports, bahise banatangiza imyitozo harimo n’abakinnyi bashya usibye Pierrot

Amafoto – Nyuma yo kwerekana abatoza bashya ku ikipe ya Rayon Sports, bahise banatangiza imyitozo harimo n’abakinnyi bashya usibye Pierrot

Ubwanditsi 03 Feb 2022
“Guceceka kw’abanyabwenge gutuma injiji ziyongera” -Nelson Mandela

“Guceceka kw’abanyabwenge gutuma injiji ziyongera” -Nelson Mandela

Ubwanditsi 20 Jul 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urugaga rw’Abavoka rwihanganishije umuryango wa Me Mutunzi witabye Imana
Mu Rwanda

Urugaga rw’Abavoka rwihanganishije umuryango wa Me Mutunzi witabye Imana

Ubwanditsi 24 Apr 2018
Amafoto – Nyuma y’imyaka ibiri ari muri APR FC, kapiteni wayo Manzi Thierry yerekeje ku mu gabane w’i Burayi mu ikipe ya FC Dila Gori yo muri Georgia
Amakuru

Amafoto – Nyuma y’imyaka ibiri ari muri APR FC, kapiteni wayo Manzi Thierry yerekeje ku mu gabane w’i Burayi mu ikipe ya FC Dila Gori yo muri Georgia

Ubwanditsi 10 Jul 2021
Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe na Perezida Mokgweetsi Masisi wa Bostwana bashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba Cabo Delgado
Amakuru

Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe na Perezida Mokgweetsi Masisi wa Bostwana bashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba Cabo Delgado

Ubwanditsi 01 Mar 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru