• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Ubwanditsi 06 Aug 2017 Mu Rwanda

Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda ni we watwaye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music awards 2017,. Uyu muhanzi wari mu byiciro 7 bihatanira ibihembo muri iri rushanwa, yatsindiye ibihembo bine birimo n’igiihembo cy’umuhanzi w’umwaka.

Ibi bihembo byatanzwe kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 mu birori byabereye Kampala Serena Hotel. Eddy Kenzo ntiyabashije kwitabira ibi birori mu gihe ari we wabaye umuhanzi w’umwaka muri iri rushanwa rya Uganda Music awards 2017.

-7485.jpg

Eddy Kenzo

Eddy Kenzo wabaye umuhanzi w’umwaka, yahigitse abahanzi nka Dr Jose Chameleone, Bobi Wine, David Lutalo na Sheebah Karungi.Eddy Kenzo yahawe ibihembo bine ari byo: Umuhanzi w’umugabo w’umwaka, mu cyiciro cya Best Urban, indirimbo ye Jubilation ihigika izindi. Yatsindiye kandi igihembo cy’indirimbo y’umwaka aho Jubilation ari yo yaje ku isonga. Ibi bihembo byose ni byo byanamuhesheje igihembo cy’umuhanzi w’umwaka ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda.

Abandi batsindiye ibihembo bikomeye muri iri rushanwa ni Irene Ntale wabaye umuhanzikazi w’umwaka, The Weezy wabaye producer w’umwaka, Brian Lubega wabaye umuhanzi mwiza w’umwaka mu bakora umuziki wa Gospel, Rabadaba waje ku isonga mu bakora injyana ya Ragga/Dancehall n’abandi.

Urutonde rw’abegukanye ibihembo muri iri rushanwa.

Artiste of the year: Eddy Kenzo (Winner)
Best Female Artiste: Irene Ntale (Winner)
Best Male Artiste: Eddy Kenzo (Winner)
Best Music Video: Wantegula by Abaasa (Winner)
Best Breakthrough Atiste: Moroots – Kings and Queens (Winner)
Best Producer: The Weezy (Winner)
Best Ragga/Dancehall artiste: Rabadaba – Yo Body (Winner)
Best Regional Artiste (Central): Ceaserous – Dangerous (Winner)
Best Regional Artiste (Eastern): Isaiah Destiny – Mbolele (Winner)
Best Regional Artiste (Western): Kigambo Araali – Tooro k’okasemera (Winner)
Best Regional Artiste (Northern): MC Wang Jok – Wang Pedding (Winner)
Best Traditional: Candy man – Epucit (Winner)
Best Urban: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Fans Choice Award: Nina Roz – Mekete (Winner)
Gospel Artiste of The Year: Brian Lubega – Wakitibwa (Winner)
Song of The Year: Eddy Kenzo – Jubilation (Winner)
Best Afro Fusion: Afrie – Yodi Yodi (Winner)
Best Artist in the DiasporaL: Ferida Rose – Njabala (Winner)
Best Dance CrewL: H2C (Winner)
Best Hip Hop: Byg Ben – Nzokuse (Winner)
Best Reggae: Bruno K – One for The Road (Winner)
Best Kadongokamu Artiste: Mathias Walukagga (Winner)
Best InstrumentalistL Kitanda Micheal (Winner)
Best Afro Pop: Fille Mutoni – Mbeera eno (Winner)
Academy Choice Award: Kaz Kasozi (Winner)
Humanitarian Award: Angella Katatumba (Winner)
Lifetime Achievement AwardL Dr. Rose Mbowa (Winner)

2017-08-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amatora mu Rwanda ararimbanyije na Chairman Paul Kagame n’umuryango we basoje

Amatora mu Rwanda ararimbanyije na Chairman Paul Kagame n’umuryango we basoje

Ubwanditsi 15 Jul 2024
Burundi: Bigaragambirije imbere y’Ambasade y’u Rwanda.

Burundi: Bigaragambirije imbere y’Ambasade y’u Rwanda.

Ubwanditsi 15 May 2017
FERWACY yatangije irushanwa ry’abato “Rwanda Junior Tour“ rigamije kongerera abakinnyi ubushobozi akozwe umunsi urenze umwe

FERWACY yatangije irushanwa ry’abato “Rwanda Junior Tour“ rigamije kongerera abakinnyi ubushobozi akozwe umunsi urenze umwe

Ubwanditsi 01 Aug 2024
Video: Netanyahu yashimiye Kagame ko yahagaritse Jenoside

Video: Netanyahu yashimiye Kagame ko yahagaritse Jenoside

Ubwanditsi 11 Jul 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Icyatumye Ingabo z’u Burundi zerekwa umuryango mu gihugu cya Somalia
Amakuru

Icyatumye Ingabo z’u Burundi zerekwa umuryango mu gihugu cya Somalia

Ubwanditsi 04 Jan 2025
Nyuma y’imyaka 8 akinira APR WVC, Dusabe Flavia yerekeje muri Police Women Volleyball Club
Amakuru

Nyuma y’imyaka 8 akinira APR WVC, Dusabe Flavia yerekeje muri Police Women Volleyball Club

Ubwanditsi 05 Oct 2025
Inyungu ya BK Group Plc yageze kuri miliyari 27.4 Frw mu 2018
UBUKUNGU

Inyungu ya BK Group Plc yageze kuri miliyari 27.4 Frw mu 2018

Ubwanditsi 28 Mar 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru