• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Imikino y’umunsi wa mbere mu gikombe cya Afurika yasojwe Mali itsinze Tunisie mu mukino umusifuzi yasoje habura iminota 4 ngo urangire

Imikino y’umunsi wa mbere mu gikombe cya Afurika yasojwe Mali itsinze Tunisie mu mukino umusifuzi yasoje habura iminota 4 ngo urangire

Ubwanditsi 13 Jan 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 12 Mutarama 2022 mu gihugu cya Cameroon ahakoimeje kubera imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021 hasozwaga imikino y’umunsi wa mbere mu matsinda yose uko ari 6 agize CAN 2021 iri kuba ku ncuro ya 33.

Mu mikino yaraye ikinwe yo mu itsinda rya E ndetse na F ari naryo rya nyuma, hakinwe imikino itatu habonekamo ibitego bitatu.

Mu mukino wo mu itsinda E, ikipe ya Equatorial Guinea yatsinzwe na Ivory Coast igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Alain Max Gradel ku munota wa gatandatu w’umukino, naho mu itsinda E Mauritania yatsinzwe na Gambia igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Ablie Jallow ubwo hari ku munota wa 10 gusa.

Mu wundi mukino ari nawo wabereyemo ibidasanzwe, ni uwo Mali yatsinzemo ikipe ya Tunisia igitego kimwe ku busa, ni igitego cyabonetse ku munota wa 48 cyatsinzwe na Ibrahima Kone, nyuma Tunisia yaje kubona penaliti irayihusha yari itewe na Wahbi Khazri ubwo hari ku munota wa 77.

Icyabaye muri uyu mukino kidasanzwe, ni uko umusifuzi wari uyoboye uyu mukino umunya Zambia Janny Sikazwe yawurangije ubwo hari ku munota wa 86 habura iminota ine ngo urangire nkuko iminota y’umukino iba ari 90 iteganyijwe.

Nyuma yo kubona ko yibeshye, yongeye guhamagara amakipe ngo agaruke akine iminota 4 yari isigaye aiko nabwo aza kuwurangiza habura amasengo 15 ngo iminota 90 irangire, ibi abakurikiranye umukino ndetse n’umupira w’amaguru muri rusange bakaba bagaragajeko uyu musifuzi atari tayali kuri uyu mukino.

Nyuma yo gusoza habura amasegonga make ngo umukino usozwe amakipe yasubiye mu rwambariro nyuma basabwa kugaruka ngo bakine ayo masegonda ndetse n’iminota y’inyongera ariko birangira ikipe ya Tunisia yo birangira yanze kugaruka mu kibuga, umukino usubikirwa aho ngaho.

Ibi byabaye kuri Janny Sikazwe, siwe wenyine bibayeho mu mateka y’umupira w’amaguru kuko ubwo hari mu mukino wa shampiyona ya Esipanye ikipe ya Sevilla yakinaga na Granada nabwo umusifuzi wari uyoboye uyu mukino yaribeshye nawe awusoza habura umunota umwe ngo urangire.

Uko imikino y’umunsi wa kabiri mu matsinda iri bukinwe:
18h00: Cameroon vs Ethiopie
21h00: Cape Verde vs Burkina Faso

2022-01-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rutsiro: Abagize Komite zo kwicungira umutekano basabwe gushyira  imbaraga mu gukumira ibyaha

Rutsiro: Abagize Komite zo kwicungira umutekano basabwe gushyira imbaraga mu gukumira ibyaha

Ubwanditsi 12 Jan 2016
Igihangange muri Ruhago Maradona yitabye Imana.

Igihangange muri Ruhago Maradona yitabye Imana.

Ubwanditsi 25 Nov 2020
Police HBC yegukanye igikombe cyitiriwe Intwari

Police HBC yegukanye igikombe cyitiriwe Intwari

Ubwanditsi 22 Feb 2016
Abo muri”opozisiyo” basobanura bate ko bafitiye Abanyarwanda imigambi mizima, kandi nabo ubwabo basubiranamo buri munsi?

Abo muri”opozisiyo” basobanura bate ko bafitiye Abanyarwanda imigambi mizima, kandi nabo ubwabo basubiranamo buri munsi?

Ubwanditsi 07 Oct 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Gasabo: Babiri bafunzwe bakurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 2 mu rugo bakoragamo
Mu Rwanda

Gasabo: Babiri bafunzwe bakurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 2 mu rugo bakoragamo

Ubwanditsi 29 Sep 2017
Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage b’akarere ka Rulindo gutangiza icyumweru cy’umuganura
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage b’akarere ka Rulindo gutangiza icyumweru cy’umuganura

Ubwanditsi 02 Aug 2016
Ban Ki-Moon yiyamye leta n’abatavuga rumwe nayo muri Gabon
Mu Rwanda

Ban Ki-Moon yiyamye leta n’abatavuga rumwe nayo muri Gabon

Ubwanditsi 05 Sep 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru