• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Inkomoko y’amafoto ya Diane Rwigara yambaye ubusa

Editorial 11 May 2017 ITOHOZA

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto ya Diane Rwigara, umukobwa w’umunyemari Rwigara Assinapol uherutse kwitaba Imana.

Uyu mukobwa w’imyaka 35 y’amavuko, muri iki Cyumweru nibwo yatangaje gahunda ye ijyanye no kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika mu matora ategerejwe muri Kanama uyu mwaka.

Amafoto ye abiri yakwirakwijwe amugaragaza yambaye ubusa hose. Imwe imugaragaza ahagaze ahasa no mu cyumba iruhande rw’idirishya ririho igitambaro (rideaux) cya kaki yifashe mu mayunguyungu areba imbere (areba umufotora) naho indi imugaragaza aryamye mu mifariso y’intebe za kaki yashyize akaguru ku kandi.

Inkomoko y’aya mafoto

Inkomoko y’aya mafoto kugeza ubu ntabwo iramenyekana neza gusa kuva ku munsi w’ejo yashyirwa ahagaragara, hatangiye kuvugwa amakuru menshi ayerekeyeho.

Ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko yatangiye gukwirakwizwa muri icyo gihugu ku mbuga za WhatsApp ahagana saa tanu za mu gitondo.

Gusa hari andi makuru avuga ko hari umuntu wakwirakwije aya mafoto yifashishije ‘email’ aho yayoherereje abantu batandukanye biganjemo abanyamakuru.

Amakuru yizewe agera kuri IGIHE dukesha iyi nkuru avuga ko aya mafoto yafashwe n’Umunyamakuru Robert Mugabe wari umaze igihe kinini ari mu rukundo na Diane Rwigara.

-6484.jpg

Umunyamakuru wa Great Lakes Voice, Robert Mugabe

Abantu ba hafi b’uyu mukobwa ushaka kuba Perezida wa Repubulika, bavuze ko kuva aya mafoto yajya ahagaragara, yijunditse mu buryo bukomeye Robert Mugabe amuziza kuba yaratangaje aya mafoto.

Ku rundi ruhande, abantu ba hafi ba Robert Mugabe bavuga ko we yasobanuye ko yibwe telefoni ariho ayo mafoto yavuye ajya gushyirwa ku karubanda.

Bivugwa kandi ko aba bombi bakundanye mu gihe cy’amezi atandatu harimo n’ayo bamaze babana munzu imwe muza se Rwigara nk’umugore n’umugabo. Nyuma ngo bagiranye ubushyamirane urukundo rwabo rurangira nabi.

-6483.jpg

Diane Shima Rwigara

Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ubwo aya makuru yari atangiye gusakara, IGIHE cyagerageje kuvugisha Robert Mugabe ku murongo wa telefoni ye igendanwa nkuko kibivuga ariko ntibyabakundira.

Hagati aho, kuri ‘email’ yohererejwe abanyamakuru batandukanye ibasangiza aya mafoto, bivugwa ko hagaragaramo ifoto y’umunyamakuru Robert Mugabe ari kumwe n’abandi bantu, bazwi nk’abanyamakuru bagenzi be ku buryo n’ubu hataramenyekana impamvu nawe ifoto ye igaragara ku buryo nabyo byaba bifitanye isano n’ibivugwa.

-6485.jpg

Mugabe Robert nabamwe mu banyamakuru binshuti ze

2017-05-11
Editorial

IZINDI NKURU

“Abashimuta kandi bakica abantu bari iruhande rwa Museveni” Umushakashatsi Yusuf Serunkuma

“Abashimuta kandi bakica abantu bari iruhande rwa Museveni” Umushakashatsi Yusuf Serunkuma

Editorial 12 Sep 2019
DONALD TRUMP Ashobora kuba atazi ikimuhatse n’ubwo agiye kuba Perezida w’Amerika

DONALD TRUMP Ashobora kuba atazi ikimuhatse n’ubwo agiye kuba Perezida w’Amerika

Editorial 14 Jan 2017
Abdallah Akishuri na Tomas Nahimana mu bikorwa by’ubutekamutwe

Abdallah Akishuri na Tomas Nahimana mu bikorwa by’ubutekamutwe

Editorial 03 Aug 2016
Uganda : Gen Sultani Makenga wayoboraga M23 yaburiwe irengero

Uganda : Gen Sultani Makenga wayoboraga M23 yaburiwe irengero

Editorial 13 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mugabe wayoboraga Zimbabwe yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko
POLITIKI

Mugabe wayoboraga Zimbabwe yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko

Editorial 24 May 2018
IFOTO Y’UMUNSI : aba bagabo bombi bapfana iki ?
ITOHOZA

IFOTO Y’UMUNSI : aba bagabo bombi bapfana iki ?

Editorial 02 Aug 2018
Ubutabera : Kumena icyumba cy’Umwami Kigeli V byari ububandi – Ubuhamya bwa Marie-Claire Cyibukayire
ITOHOZA

Ubutabera : Kumena icyumba cy’Umwami Kigeli V byari ububandi – Ubuhamya bwa Marie-Claire Cyibukayire

Editorial 03 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru