• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Editorial 14 May 2018 INKURU NYAMUKURU

Abantu batanu bakora mu biro by’Intara y’Amajyepfo, bakekwaho kugirana isano n’inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo batawe muri yombi kuwa gatanu nimugoroba.

Amakuru yizewe agera  Rushyashya, aremeza ko kuwa gatanu, mu cyuma kizwi nka ‘printer’  mu biro by’intara y’Amajyepfo biri mu karere ka Nyanza hasanzwe inyandiko nyinshi zidasinye zizwi nka ‘tract’.

Izi nyandiko ngo ziriho amagambo asebya ubutegetsi ku rwego rukuru n’andi magambo mabi nk’uko umwe mu bakozi kuri iyi Ntara yabitangarije.

Modeste Mbabazi , Umuvugizi w’urwego rugenza ibyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ ari narwo rwafashe abakekwa yavuze  ko yabyumvise ariko nta makuru menshi abifiteho.

Mbabazi yagize ati “Nta makuru arambuye ndabona kuri byo, numvise ko hari abafashwe ariko nta makuru arambuye mfite.”

Kugeza ubu iperereza ku bakozi bafashwe bakekwaho uruhare muri izi nyandiko rirakomeje.

 

2018-05-14
Editorial

IZINDI NKURU

Inkuru yabaye impamo, umunyacyaha Cassien Ntamuhanga watorotse gereza mu Rwanda yafatiwe i Maputo

Inkuru yabaye impamo, umunyacyaha Cassien Ntamuhanga watorotse gereza mu Rwanda yafatiwe i Maputo

Editorial 28 May 2021
Ubuhamya bw’abana Rusesabagina yashoye mu ntambara, n’akaga bahuriye nako mu mashyamba ya Kongo, ni ikindi kimenyetso cy’umunyamaswa bw’abiyita ko barwanya u Rwanda.

Ubuhamya bw’abana Rusesabagina yashoye mu ntambara, n’akaga bahuriye nako mu mashyamba ya Kongo, ni ikindi kimenyetso cy’umunyamaswa bw’abiyita ko barwanya u Rwanda.

Editorial 05 Nov 2020
Indi mitungo y’abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara

Indi mitungo y’abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara

Editorial 05 Jun 2018
Abahezanguni n’inyangabirama, nyirabayazana w’umwuka mubi ututumba mu Bayisilamu bo mu Rwanda

Abahezanguni n’inyangabirama, nyirabayazana w’umwuka mubi ututumba mu Bayisilamu bo mu Rwanda

Editorial 25 May 2024

5 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 14, 201810:58 am -

    Ariko Ariko…..ubu se muragenzrura computers zose na imprimantes zose, n abantu bose???
    Cyangwa mubageretseho rwa Rustyo HE yavuze ko azajya agereka ku bameze nka Musoni? Tracts mu RWANDA? Ziri hose. Murebe naho ngaho mu rugwiro…cg …..

    Subiza
    • bb
      May 15, 20186:58 am -

      wowe SHARON A iyo nitegereje ibikuva k umutima nsanga warapfuye uhagaze ,reka nkwibwirire akantu gato twe dukunda HE KAGAME PAUL,kwirirwa uvumvuraaaaa urarushya umutima wawe turi gutera imbere my dear wowe komeza urindagireee!!!!

      Subiza
  2. Sharon A.
    May 15, 201811:34 am -

    Namwe munyumvire Niba nar apfuye mpagaze kuko nsubiye mu magambo HE yivugiye ko azajya agereka ho abo ad ashaka urusyo , ubwo jye Niba mfuye mpagaze wowe utukanira
    ibyo utazi WAPFUYE wicaye? WAPFUYE uryamye? WAPFUYE ugenda? WAPFUYE uri mu yihe position? Ariko WA mugani ibi byo kutabona neza ibiriho ni ibiki? Ubu koko ni wowe muzima?niba ari uku muba BAZIMA ntabwo muzi Agaciro k UBUZIMA….

    Subiza
    • DADA
      May 16, 20189:28 am -

      SHARON A,NDABONA ARI WOWE MUZIMA KUR IYI SI ARIKO URI BESHYAAAA CYANEE TWEIBIRIHO TURI KUBIBONAKUKO UBU NTACYO TUCYIKANGA ABANA BACUBARI MUMAHORO,IGIHUGU KIRATER IMBERE UMUNSI KUWUNDI NIBA UTABIBONA KOMEZAUBABAZE UMUTIMA WAWE MUZAVUUUGAAA MUTACHOKA!!!!

      Subiza
  3. Kabwana
    May 15, 20184:34 pm -

    Umwishyuye meza 100/100.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yashyikirije moto yibwe muri Uganda ba nyirayo
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yashyikirije moto yibwe muri Uganda ba nyirayo

Editorial 20 Apr 2016
Mugisha Samuel wegukanye Tour du Rwanda yerekeje muri Tour de France U-23
IMIKINO

Mugisha Samuel wegukanye Tour du Rwanda yerekeje muri Tour de France U-23

Editorial 15 Aug 2018
Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bakomeje kugororerwa I Burundi
INKURU NYAMUKURU

Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bakomeje kugororerwa I Burundi

Editorial 07 Aug 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru