• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Mbere yo kwerekeza muri Afurika y’epfo Rayon Sports yeretse isomo rya ruhago Marine FC iyitsinda 2-0

Mbere yo kwerekeza muri Afurika y’epfo Rayon Sports yeretse isomo rya ruhago Marine FC iyitsinda 2-0

Ubwanditsi 11 Mar 2018 IMIKINO

Umukino wabereye kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo wahuje ikipe ya Rayon sports bakunze kwita Gikundiro  yakiriye ikipe ya  Marine FC ikipe y’Abasirikare barwanira mu mazi, ku mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona ubwo umukino warangiye ari ibitego 2 ku busa bwa Marine FC.

Ni umukno waranzwe no gutinyana hagati yamakipe yombi ariko mu byukuri  ukabona ko ikipe ya Rayon Sports isatira cyane Marine FC.  ku munota wa 64 nibwo umukinnyi w’umuhanga cyane Kwizera Pierrot  yatsinze igitego cya mbere  cya Rayon Sports.

Ikipe ya Marine imaze gutsindwa igitego,  nayo yagerageje uko ishoboye kose ngo yishyure  ariko bikomeza kwanga maze umusore  Muhire Kevin wa Rayon Sport  wagiyemo asimbuye, atsinda igitego  cya 2 ku munota wa 79.

Kumpande zombi umukino warangiye ari ibitego 2 ku busa bwa Marine FC  yaturutse i Gisenyi  ije gushaka amanota 3 kuri Rayon Sport nubwo atariko byayigendekeye.

Rayon Sports irimo kwitegura umukino wo kwishyura  izakina n’ikipe ya Mamelodi Sundowns,  iherutse kunganya 0-0 mu mukino waberey i kigali, witabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo Perezida wa CAF, Ahmed Muhammed uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.

Aherekejwe n’abayobozi ba FERWAFA mu Rwanda, Perezida wa CAF yari yaje kureba umukino wa Rayon Sports na Marine FC

Reba urutonde rw’abakinnyi 11 babanjemo ku mpande zombi

Ikipe ya Rayon Sports: Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ (1) (C), Mutsinzi Ange (5), Usengimana Faustin (15), Manzi Thierry (4), Mugisha Francois ‘Master’ (25), Yannick Mukunzi (6), Nyandwi Saddam (16), Rutanga Eric (3), Kwizera Pierrot (23), Mugume Yassin (18) na Christ Mbondi (9).

Ikipe ya Marines FC: Dukuzeyezu Pascal, Nsabimana Hussein (C), Ishimwe Christian, Ndayishimiye Thierry, Mutunzi Clement, Yamin Salum, Niyitegeka Idrissa, Bahame Arafat, Kalisa Hamuri, Tuyishime Bejamin, Birimungu Omar

urutonde rw’uko indi mikino yagenze

Kuwa Gatandatu tariki 10 Werurwe

Bugesera 2-0 Mukura VS
Etincelles 3-0 Gicumbi FC

Ku Cyumweru tariki 11 Werurwe

Kirehe FC 1-0 Police FC
Miroplast FC 1-2 Sunrise FC
Kiyovu Sports 2-0 Amagaju FC

Kuwa Mbere tariki 12 Werurwe hateganyijwe umukino uzahuza ikipe ya AC Kigali na Musanze FC ukazabera kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha ya 15 :30. Hari kandi umukino wa APR FC na Espoir FC wari uteganyijwe kuwa Kabiri ariko uyu warasubitswe.

Perezida wa CAF yarebye uyu mukino ariko yahereye mu gice cya kabiri.
Mugume yitwaye neza mu gice cyambere nubwo nta gitego yatsinze muri uyu mukino. Muhire Kevin yishimira igitego cya kabiri nyuma yo gucenga umuzamu wa Marine. Nyandwi Sadam nawe yitwaye neza cyane muri uyu mukino. Rutanga Eric yamaze gufatisha cyane nyuma yo kuva muri APR FC wari umukino urimo ihangana rikomeye ku mpande zombi.

2018-03-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uzayobora FIFA  aramenyekana uyu munsi

Uzayobora FIFA aramenyekana uyu munsi

Ubwanditsi 26 Feb 2016
Ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yahanishijwe kutagura abakinnyi mu myaka ibiri kubera kutishyura Habamahoro Vincent ukinira Kiyovu SC

Ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yahanishijwe kutagura abakinnyi mu myaka ibiri kubera kutishyura Habamahoro Vincent ukinira Kiyovu SC

Ubwanditsi 24 Mar 2021
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yahaye FERWAFA uburenganzira bwo gusubukura amarushanwa y’ikiciro cya 2 mu bagabo ndetse n’ayo mu kiciro cya 1 n’icya 2 mu bagore (2021)

Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yahaye FERWAFA uburenganzira bwo gusubukura amarushanwa y’ikiciro cya 2 mu bagabo ndetse n’ayo mu kiciro cya 1 n’icya 2 mu bagore (2021)

Ubwanditsi 17 Aug 2021
MTN yateguye igitaramo cy’imbaturamugabo yatumiyemo bamwe mu bahanzi b’ibyamamare

MTN yateguye igitaramo cy’imbaturamugabo yatumiyemo bamwe mu bahanzi b’ibyamamare

Ubwanditsi 01 Jun 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amafoto – Nyuma yo kwerekana abatoza bashya ku ikipe ya Rayon Sports, bahise banatangiza imyitozo harimo n’abakinnyi bashya usibye Pierrot
Amakuru

Amafoto – Nyuma yo kwerekana abatoza bashya ku ikipe ya Rayon Sports, bahise banatangiza imyitozo harimo n’abakinnyi bashya usibye Pierrot

Ubwanditsi 03 Feb 2022
Igitekerezo : APR FC yegukanye umwanya wa 2 muri CECAFA Kagame Cup 2024 si iyo kunengwa
Amakuru

Igitekerezo : APR FC yegukanye umwanya wa 2 muri CECAFA Kagame Cup 2024 si iyo kunengwa

Ubwanditsi 23 Jul 2024
Kiyovu Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Kipharma akubiyemo guhabwa imiti ndetse n’ibindi bikoresho.
Amakuru

Kiyovu Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Kipharma akubiyemo guhabwa imiti ndetse n’ibindi bikoresho.

Ubwanditsi 04 May 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru