• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Mu minsi ya vuba Burundi 24 TV irasohora inkuru mbarankuru itangaje kuri Nkurunziza n’ababyeyi be

Mu minsi ya vuba Burundi 24 TV irasohora inkuru mbarankuru itangaje kuri Nkurunziza n’ababyeyi be

Editorial 04 Feb 2019 ITOHOZA

Amakuru dukesha Burundi 24 TV avuga ko mu gihe cya hafi iri shami ry’itangazamakuru rigiye kugaragaza amashusho n’amajwi kuri TV Burundi 24, inkuru mbarankuru igizwe n’iminota 52. Iyo nkuru ikazaba ivuga ku buzima bwa Perezida w’u Burundi Nkurunziza Pierre.

Mu gutara iyo nkuru yakozwe n’umunyamakuru ufite ubwenegihugu bw’u Burundi n’u Bufaransa witwa Jean Jacques afatanyije n’itsinda rya TV Burundi 24 bahuye na se ubyara  Nkurunziza,  mu majyaruguru y’i Bugande  ku mupaka wa Kenya aho yahatuye uhereye mu 1975 ari kumwe n’umugore we wa kabiri bafitanye abana 4.

Uwo musaza akora umurimo w’ubucuruzi,  akaba atekanye muri ako karere ni se wa Perezida  w’Uburundi, avuga uburyo yaganye iy’ ubuhunzi, kuko ngo  yari yanze gushyingirwa ku ngufu umututsikazi.

Iyi nkuru mbarankuru ya TV Burundi 24 izagaragaza  n’ifoto y’undi mubyeyi  wa Nkurunziza [ mama we] bivugwa ko yaba afite ibibazo by’ihungabana mu mutwe kandi bikavugwa ko ngo yaba yarajyanwaga mu bapfumu, bikavugwa ko yahoranaga ubwoba.

Ibindi bimenyetso bihamywa n’abakoze iyo nkuru bavuga ko ubu burwayi bwo mu mutwe kuri ubu buri gukurikirana  Nkurunziza cyane ko umubyeyi we ngo yaba yarahisemo kumutangaho igitambo mu bapfumu  kugira ngo abashe kubaho, akaba yaratanze umwana we [Nkurunziza] agifite imyaka 5 y’amavuko, kuko icyo gihe bari baramuhitishijemo gupfa cyangwa gusara.

Nyina wa Pierre Nkurunziza Perezida w’u Burundi

Abantu bibaza niba Perezida w’u Burundi Nkurunziza  yaratanzweho igitambo mu bapfumu akaba akiriho kuri ubu, ni uko nyina yahisemo umuhungu we kuzahora ari mu rwego rw’abafite uburwayi bwo mu mutwe nkuko byanditswe muriyo nkuru. Iki kibazo nyamukuru gitegerejwe kuzatangazwa na TV Burundi 24.

Abanyamasengesho basengana n’umufasha we Denise Nkurunziza bamugiriye inama yo guhora asenga ngo bitaba ibyo ngo imitsindo yo kwa nyina ikazamukurikirana. Nguwo Perezida w’u Burundi,utumye igihugu kigwa mukaga k’ubukene, umutekano muke wateye impunzi zitabarika ziri hanze y’igihugu.

2019-02-04
Editorial

IZINDI NKURU

Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Editorial 19 Mar 2016
Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Editorial 17 Jan 2017
Icyo abanyarwanda baba muri Amerika bavuga kuri Serge Ndayizeye Umunyamakuru wa Radio Itahuka ya RNC

Icyo abanyarwanda baba muri Amerika bavuga kuri Serge Ndayizeye Umunyamakuru wa Radio Itahuka ya RNC

Editorial 23 Nov 2016
Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe

Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe

Editorial 11 Oct 2017
Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Editorial 19 Mar 2016
Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Editorial 17 Jan 2017
Icyo abanyarwanda baba muri Amerika bavuga kuri Serge Ndayizeye Umunyamakuru wa Radio Itahuka ya RNC

Icyo abanyarwanda baba muri Amerika bavuga kuri Serge Ndayizeye Umunyamakuru wa Radio Itahuka ya RNC

Editorial 23 Nov 2016
Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe

Umuntu wese winjiye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yasatswe

Editorial 11 Oct 2017
Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Tumenye abarwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 6)

Editorial 19 Mar 2016
Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Amerika : DONALD TRUMP ashobora kugambanirwa n’Inzego z’Iperereza

Editorial 17 Jan 2017
prev
next

4 Ibitekerezo

  1. RUGENDO
    February 4, 20196:01 pm -

    NONE KO TWAVUKIYE MUBUHUNGIRO??NKURUNZIZA YARI ATARABA PEREZIDA WU BUWUNDI MWANSIGURIRA GUTE ???ESE KUKI MWITA KUBYAHANDI AHO KUTUMBWIRA IBYO MU RWANDA??
    NKURUNZIZA MUSEVENI ,GIKWETE…..NIZO NKURU MUGIRA !!ESE GIKWETE
    KO ATAZAMENYA IKIMUKUBISE!!!!!RUSHYASHYA MURI RTLM SHYA ????

    Subiza
  2. Evariste Justin Musonera
    February 5, 20195:39 am -

    Jye sinunvise ibyo mubajije. Aliko icyo nzi, n’abandi bazi Nkurunziza bazi, chane abo biganye muli Université I Bujumbura, ni uko afite uburwayi bwo mu mutwe.
    Ubwo uburwayi kandi abuca kuli Nyina umubyara, kandi ukiliho aliko utajya agaragara kubera izo mpanvu.
    Ubwo reka dutegereze, Burundi24 TV izadusobanurira neza. Ibyo kugukira mu guhungira simbona aho bihuriye niyo nkuru. Ikindi kitajya kivugwa nuko nyina wa Nkurunziza ali umuganwakazi w’ Umutare, umuntu atakibaza urwango yanga Abatutsi aho ruturuka.

    Subiza
  3. Emmy
    February 5, 20199:04 am -

    Aba CNDD FDD bose bataye umutwe mwibuke ko aribo bishe Monseigneur Ruhuna Joachim kandi yasize abavumye ko bazapfa bazerera nka Gahini!!!!! kandi ko amaraso yabarundi bamena azabahumira (azabasama) kuko ubwicanyi,gusahura,gutwika amavuriro,no kwangiza ibikorwa Remezo bitandukanye nibyo byabaranze bakiri inyeshyamba ibi nibyabaye si ibihimbano.nuwajya mu bubiko bwamakuru muri RTNB I Bujumbura aya magambo yayasangayo niba batarayavanyemo.

    Subiza
  4. sage
    February 5, 20199:37 pm -

    ibinyamakuru biragwira. muri interahamwe

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru