• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Mu minsi ya vuba Burundi 24 TV irasohora inkuru mbarankuru itangaje kuri Nkurunziza n’ababyeyi be

Mu minsi ya vuba Burundi 24 TV irasohora inkuru mbarankuru itangaje kuri Nkurunziza n’ababyeyi be

Ubwanditsi 04 Feb 2019 ITOHOZA

Amakuru dukesha Burundi 24 TV avuga ko mu gihe cya hafi iri shami ry’itangazamakuru rigiye kugaragaza amashusho n’amajwi kuri TV Burundi 24, inkuru mbarankuru igizwe n’iminota 52. Iyo nkuru ikazaba ivuga ku buzima bwa Perezida w’u Burundi Nkurunziza Pierre.

Mu gutara iyo nkuru yakozwe n’umunyamakuru ufite ubwenegihugu bw’u Burundi n’u Bufaransa witwa Jean Jacques afatanyije n’itsinda rya TV Burundi 24 bahuye na se ubyara  Nkurunziza,  mu majyaruguru y’i Bugande  ku mupaka wa Kenya aho yahatuye uhereye mu 1975 ari kumwe n’umugore we wa kabiri bafitanye abana 4.

Uwo musaza akora umurimo w’ubucuruzi,  akaba atekanye muri ako karere ni se wa Perezida  w’Uburundi, avuga uburyo yaganye iy’ ubuhunzi, kuko ngo  yari yanze gushyingirwa ku ngufu umututsikazi.

Iyi nkuru mbarankuru ya TV Burundi 24 izagaragaza  n’ifoto y’undi mubyeyi  wa Nkurunziza [ mama we] bivugwa ko yaba afite ibibazo by’ihungabana mu mutwe kandi bikavugwa ko ngo yaba yarajyanwaga mu bapfumu, bikavugwa ko yahoranaga ubwoba.

Ibindi bimenyetso bihamywa n’abakoze iyo nkuru bavuga ko ubu burwayi bwo mu mutwe kuri ubu buri gukurikirana  Nkurunziza cyane ko umubyeyi we ngo yaba yarahisemo kumutangaho igitambo mu bapfumu  kugira ngo abashe kubaho, akaba yaratanze umwana we [Nkurunziza] agifite imyaka 5 y’amavuko, kuko icyo gihe bari baramuhitishijemo gupfa cyangwa gusara.

Nyina wa Pierre Nkurunziza Perezida w’u Burundi

Abantu bibaza niba Perezida w’u Burundi Nkurunziza  yaratanzweho igitambo mu bapfumu akaba akiriho kuri ubu, ni uko nyina yahisemo umuhungu we kuzahora ari mu rwego rw’abafite uburwayi bwo mu mutwe nkuko byanditswe muriyo nkuru. Iki kibazo nyamukuru gitegerejwe kuzatangazwa na TV Burundi 24.

Abanyamasengesho basengana n’umufasha we Denise Nkurunziza bamugiriye inama yo guhora asenga ngo bitaba ibyo ngo imitsindo yo kwa nyina ikazamukurikirana. Nguwo Perezida w’u Burundi,utumye igihugu kigwa mukaga k’ubukene, umutekano muke wateye impunzi zitabarika ziri hanze y’igihugu.

2019-02-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Bombori Bombori muri RNC: Imisanzu yo mu ntara ya Uganda irarikoze, Kayumba Nyamwasa na Bishop Deo Nyirigira babaye agaca n’inkoko kubera ifaranga

Bombori Bombori muri RNC: Imisanzu yo mu ntara ya Uganda irarikoze, Kayumba Nyamwasa na Bishop Deo Nyirigira babaye agaca n’inkoko kubera ifaranga

Ubwanditsi 09 Jun 2020
Bombori bombori mu ngabo z’u Burundi kubera gukubitwa na M23 muri Congo bakibaza icyo iyi ntambara ibamariye 

Bombori bombori mu ngabo z’u Burundi kubera gukubitwa na M23 muri Congo bakibaza icyo iyi ntambara ibamariye 

Ubwanditsi 31 Jan 2024
Ibimenyetso  4 bikomeye  bipfobya Jenoside  Philippe  Mpayimana  ushaka  kuyobora u Rwanda yanditse mu gitabo cye  ‘RWANA, REGARD  DAVENIR’

Ibimenyetso 4 bikomeye bipfobya Jenoside Philippe Mpayimana ushaka kuyobora u Rwanda yanditse mu gitabo cye ‘RWANA, REGARD DAVENIR’

Ubwanditsi 07 Feb 2017
Ejo ku isaha ya 17 h 55  ku kibuga cy’indege ( Aéroport International de Paris-Charles de Gaulle  ) Padiri Tomas Nahimana yuriye indege  iza i Kigali ( Yavuguruwe )

Ejo ku isaha ya 17 h 55 ku kibuga cy’indege ( Aéroport International de Paris-Charles de Gaulle ) Padiri Tomas Nahimana yuriye indege iza i Kigali ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 24 Nov 2016

4 Ibitekerezo

  1. RUGENDO
    February 4, 20196:01 pm -

    NONE KO TWAVUKIYE MUBUHUNGIRO??NKURUNZIZA YARI ATARABA PEREZIDA WU BUWUNDI MWANSIGURIRA GUTE ???ESE KUKI MWITA KUBYAHANDI AHO KUTUMBWIRA IBYO MU RWANDA??
    NKURUNZIZA MUSEVENI ,GIKWETE…..NIZO NKURU MUGIRA !!ESE GIKWETE
    KO ATAZAMENYA IKIMUKUBISE!!!!!RUSHYASHYA MURI RTLM SHYA ????

    Subiza
  2. Evariste Justin Musonera
    February 5, 20195:39 am -

    Jye sinunvise ibyo mubajije. Aliko icyo nzi, n’abandi bazi Nkurunziza bazi, chane abo biganye muli Université I Bujumbura, ni uko afite uburwayi bwo mu mutwe.
    Ubwo uburwayi kandi abuca kuli Nyina umubyara, kandi ukiliho aliko utajya agaragara kubera izo mpanvu.
    Ubwo reka dutegereze, Burundi24 TV izadusobanurira neza. Ibyo kugukira mu guhungira simbona aho bihuriye niyo nkuru. Ikindi kitajya kivugwa nuko nyina wa Nkurunziza ali umuganwakazi w’ Umutare, umuntu atakibaza urwango yanga Abatutsi aho ruturuka.

    Subiza
  3. Emmy
    February 5, 20199:04 am -

    Aba CNDD FDD bose bataye umutwe mwibuke ko aribo bishe Monseigneur Ruhuna Joachim kandi yasize abavumye ko bazapfa bazerera nka Gahini!!!!! kandi ko amaraso yabarundi bamena azabahumira (azabasama) kuko ubwicanyi,gusahura,gutwika amavuriro,no kwangiza ibikorwa Remezo bitandukanye nibyo byabaranze bakiri inyeshyamba ibi nibyabaye si ibihimbano.nuwajya mu bubiko bwamakuru muri RTNB I Bujumbura aya magambo yayasangayo niba batarayavanyemo.

    Subiza
  4. sage
    February 5, 20199:37 pm -

    ibinyamakuru biragwira. muri interahamwe

    Subiza

Leave a Reply to Evariste Justin Musonera Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league
IMIKINO

U Rwanda rwemerewe kwakira icyiciro cya Kabiri cya Basketball Africa league

Ubwanditsi 31 Oct 2019
Soma Useke
Mu Mahanga

Soma Useke

Ubwanditsi 04 Oct 2016
Amerika yabaye ikibuga abaterabwoba ba RNC bacuriramo umugambi wo guhungabanya u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Amerika yabaye ikibuga abaterabwoba ba RNC bacuriramo umugambi wo guhungabanya u Rwanda

Ubwanditsi 17 Jun 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru