• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Mukura itsinze Musanze, ica kuri Rayon-Kiyovu na Police nazo zitwara neza

Mukura itsinze Musanze, ica kuri Rayon-Kiyovu na Police nazo zitwara neza

Editorial 18 Feb 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatatu shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yakomezaga hakinwa imikino y’umunsi wa 11 wayo, igera kuri 3.

-2170.jpg

Ikipe ya Police FC yakiraga ikipe ya Espoir FC, ku kibuga cyo ku Kicukiro.Iyi kipe yari imaze amezi 3 itagaragara mu kibuga, yaje gutsindwa na Police FC, yari yatsinze Atlabara mu mikino nyafurika ibitego 3-1, ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.

Uyu mukino, Police FC yaje kwitwara neza itsinda Espoir FC ibitego 3-1, harimo ibitego 2 bya kapiteni w’iyi kipe Habyarimana Innocent, n’igitego cya Mushimiyimana Mohammed. Ku ruhande rwa Espoir FC, batsindiwe na Tumayine Fiston.

Ikipe ya Kiyovu Sports yari i Rwamagana ikina umukino wa mbere kuva itangiye gutozwa na Yves Rwasamanzi uri kumwe na Niyibizi, yatsinze ikipe ya Rwamagana City igitego 1-0, cy’umusore Gashugi Abdul Karim.

-2171.jpg
Muhadjili Hakizimana, watsindaga igitego cya 7 muri iyi shampiyona, nyuma y’imikino 11.

Undi mukino wabaga kuri uyu wa gatatu, ikipe ya Mukura Victory Sports, yakuye amanota 3 i Musanze, ihita ibifashijwemo na Muhadjili Hakizimana, watsindaga igitego cya 7 muri iyi shampiyona, nyuma y’imikino 11.

Mukura Victory Sports ya Okoko Godfroid, ikaba yahise ifata umwnaya wa 2 irusha Rayon Sports inota 1, ikarushwa na AS Kigali amanota 2.

Uko imikino yose y’umunsi wa 11 yagenze:

Ku wa Kabiri:
• Rayon Sports 0-0 AS Muhanga
• Marines 1-0 Etincelles
• Bugesera 1-1 AS Kigali
• Sunrise 1-1 Gicumbi
Ku wa Gatatu:
• Police 3-1 Espoir
• Rwamagana 0-1 Kiyovu Sports
• Musanze 0-1 Mukura VS

Umukino 1 utabaye kuri uyu munsi wa 11, wagombaga guhuza APR FC na Espoir, yabanje gukina ikirarane yagize mu cyumweru gishize, ubwo itakinaga na Police FC yari mu gikombe cy’Africa ku makipe yatwaye ibikombe iwayo.

APR FC igomba gucakirana na Kiyovu Sports mu mukino w’ikirarane kuri uyu wa gatandatu, ikurikizeho Espoir ku wa 2 w’icyumweru gitaha, naho Amagaju, atakinnye kuri uyu munsi wa 11, azahure na Police FC ku cyumweru.

Ferwafa

M.Fils

2016-02-18
Editorial

IZINDI NKURU

Ferguson wahoze atoza Manchester United yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Ferguson wahoze atoza Manchester United yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Editorial 06 May 2018
Mu mikino ya gicuti itegura isubukurwa rya shampiyona Gasogi United yatsinze Gorilla FC, Marines FC inganya na AS Kigali.

Mu mikino ya gicuti itegura isubukurwa rya shampiyona Gasogi United yatsinze Gorilla FC, Marines FC inganya na AS Kigali.

Editorial 21 Apr 2021
Inkwakuzi zamaze kurambagiza abakinnyi bakeneye, Uko byifashe ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu Rwanda

Inkwakuzi zamaze kurambagiza abakinnyi bakeneye, Uko byifashe ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu Rwanda

Editorial 05 Jul 2021
Savio afashije Amavubi yabonye umutuku kunganya na Namibia

Savio afashije Amavubi yabonye umutuku kunganya na Namibia

Editorial 07 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Edgar Lungu wa Zambia
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Edgar Lungu wa Zambia

Editorial 14 Jun 2019
Abagize Guverinoma y’u Rwanda batangajwe
Amakuru

Abagize Guverinoma y’u Rwanda batangajwe

Editorial 24 Jul 2025
Kongo-Kinshasa yasabye ubufatanye bw’ingabo zo mu karere mu kurandura imitwe y’iterabwoba yitwaje intwaro harimo FDLR na FLN
Amakuru

Kongo-Kinshasa yasabye ubufatanye bw’ingabo zo mu karere mu kurandura imitwe y’iterabwoba yitwaje intwaro harimo FDLR na FLN

Editorial 02 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru