• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Ubwanditsi 09 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Imikino 23 y’igice kibanza cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, isize hinjiye ibitego 64 byatsinzwe n’abakinnyi 47

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Gicurasi nibwo hasozwaga imikino ibanza ya shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere, iri gukinwa mu buryo bw’amatsinda.

Twagerageje kubegeranyiriza imibare y’ingenzi yaranze igice kibanza (Phase Aller) cya shampiyona

??????? ?????? ?? ?????????? ????????? ????

▪️ Hakinwe imikino 23 hinjizwa ibitego 64

▪️Byatsinzwe n’abakinnyi 47, harimo abanyarwanda 29 n’abanyamahanga 18

▪️Mu bitego 64 byatsinzwe, abanyamahanga batsinzemo ibitego 32 abanyarwanda batsinda 32 harimo 2 bitsinze.

▪️ Ibitego 30 nibyo byinjiye mu gice cya mbere mu gihe 34 byinjiye mu gice cya kabiri.

▪️Imikino 2 niyo itarabonetsemo igitego

Gasogi Utd 0-0 Rutsiro FC
Marines FC 0-0 Mukura VS

▪️Mu mikino 23 Habonetse intsinzi 20, imikino 3 gusa niyo yabayemo kunganya.

▪️Amakipe yari iwayo yatsinze imikino 12

▪️Amakipe yari yasohotse yatsinze imikino 8

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi (3)

APR FC & AS Kigali

▪️ Ikipe yabonye intsinzi nyinshi iwayo

AS Kigali & Gorilla (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi hanze y’ikibuga cyazo

APR FC (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nke (0)

Etincelles
Mukura VS
Bugesera

▪️ Intsinzi yagarutse kenshi

Intsinzi yabonetse cyane ni intsinzi y’ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) yabonetse mu mikino ine (4)

▪️ Umukino wabonetsemo ibitego byinshi

Police FC 5-1 Etincelles
Musanze 2-4 AS Kigali

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego byinshi

AS Kigali na APR FC zimaze kwinjiza ibitego 8

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego bike:

Marines FC imaze kwinjiza igitego kimwe (1)

▪️ Ikipe yinjijwe ibitego byinshi :

Etincelles niyo imaze kwinjizwa ibitego byinshi (10)

▪️Amakipe amaze kwinjizwa ibitego bike:

Marines niyo imaze kwinjizwa ibitego bike, yatsinzwe igitego 1

▪️Urutonde rw’abamaze gutsinda ibitego byinshi

– Houssein Shaban Tshabalala wa AS Kigali niwe uyoboye ba Rutahizamu n’ibitego bitanu (5)

▪️3 batsinze ibitego bitatu (3)

–Saddick Souley (Espoir FC)
–Tharcisse Nshimiyimana (Gorilla)
–Robert Sabbah (Kiyovu Sports)

▪️7 batsinze ibitego bibiri(2)

–Hassan Brahim Djibrine (Etincelles)
–Ntwali Evode (Police FC)
–Hakizimana Muhadjiri (AS Kigali)
–Muniru Abdul Rahiman ( Mukura VS)
–Adeaga Adeshola Johnson (Gorilla FC)
–Minani Paul (AS Muhanga)
–Twizeyimana Onesme (Musanze)

▪️34 batsinze igitego kimwe (1)

–Sugira Ernest (Rayon Sports)
–Manace Mutatu Mbedhi (Rayon Sports)
–Drissa Dagnogo (Rayon Sports)
–Herthier Luvumbu (Rayon Sports)
–Armel Gyslain (Kiyovu Sports)
–Bigirimana Abed (Kiyovu Sports)
–Hassan Kikoyo ( Gasogi Utd)
–Iradukunda Bertrand (Gasogi Utd)
–Ndarusanze Jean Claude (Rutsiro FC)
–Hatangimana Eric (Rutsiro FC)
–Nsanzimfura Keddy (APR FC)
–Nshuti Innocent (APR FC)
–Bizimana Yannick (APR FC)
–Danny Usengimana (APR FC)
–Niyonzimana Olivier Seif (APR FC)
–Manishimwe Djabel (APR FC)
–Fitina Ombolenga (APR FC)
–Mugunga Yves (APR FC)
–Kwitonda Alain Bacca (Bugesera FC)
–Rucogoza Djihad (Bugesera FC)
–Iradukunda Simeon (Gorilla FC)
–Biramahire Abeddy Christophe (AS Kigali)
–Musa Ally Sova (Musanze FC)
–Uzayisenga Maurice (Musanze FC)
–Niyonsenga Ibrahim (Musanze FC)
–Iyabivuze Osée (Police FC)
–Ntirushwa Aimé (Police FC)
–Iradukunda Fiston (Marines FC)
–Hudu Kaweesa (Sunrise FC)
–Hassan Mubiru (Sunrise FC)
–Uwambazimana Léon Kawunga (Sunrise FC)
–Isah Akor (Espoir FC)
–Abdul Papy (Etincelles FC)
–Harerimana Obed (Police FC)

▪️ Abitsinze ibitego

–Kwizera Émilien (Rutsiro FC)
–Murangamirwa Serge (Musanze FC)

Imikino yo kwishyura iratangira kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Gicurasi 2021

2021-05-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko kubwumvikane bw’impande zombi yatandukanye n’uwari umutoza wayo Mbarushimana Abdou

Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko kubwumvikane bw’impande zombi yatandukanye n’uwari umutoza wayo Mbarushimana Abdou

Ubwanditsi 18 Jan 2022
Eric Bagiruwusa yashinze YouTube Channel ishinzwe ubuvugizi mu gushishikariza gusubirishamo imanza z’abajenosideri n’abarwanya ubutegetsi

Eric Bagiruwusa yashinze YouTube Channel ishinzwe ubuvugizi mu gushishikariza gusubirishamo imanza z’abajenosideri n’abarwanya ubutegetsi

Ubwanditsi 05 May 2025
Nyuma y’isezererwa ry’Amavubi amakipe 18 yo yamaze kubona itike ya CHAN2023, Rayon Sports yasoje imikino mpuzamahanga ya gishuti inganya na Singida Bigstars

Nyuma y’isezererwa ry’Amavubi amakipe 18 yo yamaze kubona itike ya CHAN2023, Rayon Sports yasoje imikino mpuzamahanga ya gishuti inganya na Singida Bigstars

Ubwanditsi 05 Sep 2022
Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire

Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire

Ubwanditsi 04 Jun 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Ngirente yahererekanyije ububasha na Murekezi
Mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Ngirente yahererekanyije ububasha na Murekezi

Ubwanditsi 01 Sep 2017
Tour du Rwanda: Hellmann yegukanye agace ka Karongi-Rubavu, Mugisha aguma ku isonga
IMIKINO

Tour du Rwanda: Hellmann yegukanye agace ka Karongi-Rubavu, Mugisha aguma ku isonga

Ubwanditsi 09 Aug 2018
Umunya – Eritrea, Merhawi Kudus, niwe wegukanye Tour du Rwanda 2019
IMIKINO

Umunya – Eritrea, Merhawi Kudus, niwe wegukanye Tour du Rwanda 2019

Ubwanditsi 03 Mar 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru