• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Ubwanditsi 09 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Imikino 23 y’igice kibanza cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, isize hinjiye ibitego 64 byatsinzwe n’abakinnyi 47

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Gicurasi nibwo hasozwaga imikino ibanza ya shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere, iri gukinwa mu buryo bw’amatsinda.

Twagerageje kubegeranyiriza imibare y’ingenzi yaranze igice kibanza (Phase Aller) cya shampiyona

??????? ?????? ?? ?????????? ????????? ????

▪️ Hakinwe imikino 23 hinjizwa ibitego 64

▪️Byatsinzwe n’abakinnyi 47, harimo abanyarwanda 29 n’abanyamahanga 18

▪️Mu bitego 64 byatsinzwe, abanyamahanga batsinzemo ibitego 32 abanyarwanda batsinda 32 harimo 2 bitsinze.

▪️ Ibitego 30 nibyo byinjiye mu gice cya mbere mu gihe 34 byinjiye mu gice cya kabiri.

▪️Imikino 2 niyo itarabonetsemo igitego

Gasogi Utd 0-0 Rutsiro FC
Marines FC 0-0 Mukura VS

▪️Mu mikino 23 Habonetse intsinzi 20, imikino 3 gusa niyo yabayemo kunganya.

▪️Amakipe yari iwayo yatsinze imikino 12

▪️Amakipe yari yasohotse yatsinze imikino 8

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi (3)

APR FC & AS Kigali

▪️ Ikipe yabonye intsinzi nyinshi iwayo

AS Kigali & Gorilla (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi hanze y’ikibuga cyazo

APR FC (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nke (0)

Etincelles
Mukura VS
Bugesera

▪️ Intsinzi yagarutse kenshi

Intsinzi yabonetse cyane ni intsinzi y’ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) yabonetse mu mikino ine (4)

▪️ Umukino wabonetsemo ibitego byinshi

Police FC 5-1 Etincelles
Musanze 2-4 AS Kigali

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego byinshi

AS Kigali na APR FC zimaze kwinjiza ibitego 8

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego bike:

Marines FC imaze kwinjiza igitego kimwe (1)

▪️ Ikipe yinjijwe ibitego byinshi :

Etincelles niyo imaze kwinjizwa ibitego byinshi (10)

▪️Amakipe amaze kwinjizwa ibitego bike:

Marines niyo imaze kwinjizwa ibitego bike, yatsinzwe igitego 1

▪️Urutonde rw’abamaze gutsinda ibitego byinshi

– Houssein Shaban Tshabalala wa AS Kigali niwe uyoboye ba Rutahizamu n’ibitego bitanu (5)

▪️3 batsinze ibitego bitatu (3)

–Saddick Souley (Espoir FC)
–Tharcisse Nshimiyimana (Gorilla)
–Robert Sabbah (Kiyovu Sports)

▪️7 batsinze ibitego bibiri(2)

–Hassan Brahim Djibrine (Etincelles)
–Ntwali Evode (Police FC)
–Hakizimana Muhadjiri (AS Kigali)
–Muniru Abdul Rahiman ( Mukura VS)
–Adeaga Adeshola Johnson (Gorilla FC)
–Minani Paul (AS Muhanga)
–Twizeyimana Onesme (Musanze)

▪️34 batsinze igitego kimwe (1)

–Sugira Ernest (Rayon Sports)
–Manace Mutatu Mbedhi (Rayon Sports)
–Drissa Dagnogo (Rayon Sports)
–Herthier Luvumbu (Rayon Sports)
–Armel Gyslain (Kiyovu Sports)
–Bigirimana Abed (Kiyovu Sports)
–Hassan Kikoyo ( Gasogi Utd)
–Iradukunda Bertrand (Gasogi Utd)
–Ndarusanze Jean Claude (Rutsiro FC)
–Hatangimana Eric (Rutsiro FC)
–Nsanzimfura Keddy (APR FC)
–Nshuti Innocent (APR FC)
–Bizimana Yannick (APR FC)
–Danny Usengimana (APR FC)
–Niyonzimana Olivier Seif (APR FC)
–Manishimwe Djabel (APR FC)
–Fitina Ombolenga (APR FC)
–Mugunga Yves (APR FC)
–Kwitonda Alain Bacca (Bugesera FC)
–Rucogoza Djihad (Bugesera FC)
–Iradukunda Simeon (Gorilla FC)
–Biramahire Abeddy Christophe (AS Kigali)
–Musa Ally Sova (Musanze FC)
–Uzayisenga Maurice (Musanze FC)
–Niyonsenga Ibrahim (Musanze FC)
–Iyabivuze Osée (Police FC)
–Ntirushwa Aimé (Police FC)
–Iradukunda Fiston (Marines FC)
–Hudu Kaweesa (Sunrise FC)
–Hassan Mubiru (Sunrise FC)
–Uwambazimana Léon Kawunga (Sunrise FC)
–Isah Akor (Espoir FC)
–Abdul Papy (Etincelles FC)
–Harerimana Obed (Police FC)

▪️ Abitsinze ibitego

–Kwizera Émilien (Rutsiro FC)
–Murangamirwa Serge (Musanze FC)

Imikino yo kwishyura iratangira kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Gicurasi 2021

2021-05-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda yagombye gushyikirizwa ubutabera mpuzamahanga kubera  abasirikari bayo bafatanya n’ inyeshyamba kurwanya ingabo za Loni no kwica inzirakarengane muri Repubulika ya Santrafrika.

Uganda yagombye gushyikirizwa ubutabera mpuzamahanga kubera  abasirikari bayo bafatanya n’ inyeshyamba kurwanya ingabo za Loni no kwica inzirakarengane muri Repubulika ya Santrafrika.

Ubwanditsi 11 Jan 2021
Nta kuntu amaraso atagiye kumeneka muri DRC

Nta kuntu amaraso atagiye kumeneka muri DRC

Ubwanditsi 31 Mar 2017
Tanzania : Ni iki cyatumye Ise w’umuhanzi Diamond  adatumurwa mu birori by’umwuzukuru we

Tanzania : Ni iki cyatumye Ise w’umuhanzi Diamond adatumurwa mu birori by’umwuzukuru we

Ubwanditsi 16 Feb 2016
Mpayimana aramutse ahawe umwanya muri Guverinoma ngo yawemera

Mpayimana aramutse ahawe umwanya muri Guverinoma ngo yawemera

Ubwanditsi 27 Aug 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kaguta Museveni yahawe inkwenene ubwo yatangazaga ko agiye kubaka umuhanda uhuza Uganda n’uBurundi unyuze muri Tanzaniya!
Amakuru

Perezida Kaguta Museveni yahawe inkwenene ubwo yatangazaga ko agiye kubaka umuhanda uhuza Uganda n’uBurundi unyuze muri Tanzaniya!

Ubwanditsi 20 May 2021
Abakobwa b’u Rwanda muri Cricket batarengeje imyaka 19 berekanye igikombe cya Afurika batwaye kikabahesha itike y’igikombe cy’Isi
Amakuru

Abakobwa b’u Rwanda muri Cricket batarengeje imyaka 19 berekanye igikombe cya Afurika batwaye kikabahesha itike y’igikombe cy’Isi

Ubwanditsi 14 Sep 2022
Polisi ya Uganda iri guhiga bukware umupasiteri ushinjwa gusambanya umwana w’umuhungu mu kibuno
Mu Mahanga

Polisi ya Uganda iri guhiga bukware umupasiteri ushinjwa gusambanya umwana w’umuhungu mu kibuno

Ubwanditsi 06 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru