• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Intsinzi 20 mu mikino 23, kwitsinda inshuro 2 bimwe mu byaranze igice cy’ibanze cya shampiyona y’u Rwanda

Ubwanditsi 09 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Imikino 23 y’igice kibanza cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, isize hinjiye ibitego 64 byatsinzwe n’abakinnyi 47

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Gicurasi nibwo hasozwaga imikino ibanza ya shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere, iri gukinwa mu buryo bw’amatsinda.

Twagerageje kubegeranyiriza imibare y’ingenzi yaranze igice kibanza (Phase Aller) cya shampiyona

??????? ?????? ?? ?????????? ????????? ????

▪️ Hakinwe imikino 23 hinjizwa ibitego 64

▪️Byatsinzwe n’abakinnyi 47, harimo abanyarwanda 29 n’abanyamahanga 18

▪️Mu bitego 64 byatsinzwe, abanyamahanga batsinzemo ibitego 32 abanyarwanda batsinda 32 harimo 2 bitsinze.

▪️ Ibitego 30 nibyo byinjiye mu gice cya mbere mu gihe 34 byinjiye mu gice cya kabiri.

▪️Imikino 2 niyo itarabonetsemo igitego

Gasogi Utd 0-0 Rutsiro FC
Marines FC 0-0 Mukura VS

▪️Mu mikino 23 Habonetse intsinzi 20, imikino 3 gusa niyo yabayemo kunganya.

▪️Amakipe yari iwayo yatsinze imikino 12

▪️Amakipe yari yasohotse yatsinze imikino 8

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi (3)

APR FC & AS Kigali

▪️ Ikipe yabonye intsinzi nyinshi iwayo

AS Kigali & Gorilla (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nyinshi hanze y’ikibuga cyazo

APR FC (2)

▪️ Ikipe zabonye intsinzi nke (0)

Etincelles
Mukura VS
Bugesera

▪️ Intsinzi yagarutse kenshi

Intsinzi yabonetse cyane ni intsinzi y’ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) yabonetse mu mikino ine (4)

▪️ Umukino wabonetsemo ibitego byinshi

Police FC 5-1 Etincelles
Musanze 2-4 AS Kigali

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego byinshi

AS Kigali na APR FC zimaze kwinjiza ibitego 8

▪️ Ikipe imaze kwinjiza ibitego bike:

Marines FC imaze kwinjiza igitego kimwe (1)

▪️ Ikipe yinjijwe ibitego byinshi :

Etincelles niyo imaze kwinjizwa ibitego byinshi (10)

▪️Amakipe amaze kwinjizwa ibitego bike:

Marines niyo imaze kwinjizwa ibitego bike, yatsinzwe igitego 1

▪️Urutonde rw’abamaze gutsinda ibitego byinshi

– Houssein Shaban Tshabalala wa AS Kigali niwe uyoboye ba Rutahizamu n’ibitego bitanu (5)

▪️3 batsinze ibitego bitatu (3)

–Saddick Souley (Espoir FC)
–Tharcisse Nshimiyimana (Gorilla)
–Robert Sabbah (Kiyovu Sports)

▪️7 batsinze ibitego bibiri(2)

–Hassan Brahim Djibrine (Etincelles)
–Ntwali Evode (Police FC)
–Hakizimana Muhadjiri (AS Kigali)
–Muniru Abdul Rahiman ( Mukura VS)
–Adeaga Adeshola Johnson (Gorilla FC)
–Minani Paul (AS Muhanga)
–Twizeyimana Onesme (Musanze)

▪️34 batsinze igitego kimwe (1)

–Sugira Ernest (Rayon Sports)
–Manace Mutatu Mbedhi (Rayon Sports)
–Drissa Dagnogo (Rayon Sports)
–Herthier Luvumbu (Rayon Sports)
–Armel Gyslain (Kiyovu Sports)
–Bigirimana Abed (Kiyovu Sports)
–Hassan Kikoyo ( Gasogi Utd)
–Iradukunda Bertrand (Gasogi Utd)
–Ndarusanze Jean Claude (Rutsiro FC)
–Hatangimana Eric (Rutsiro FC)
–Nsanzimfura Keddy (APR FC)
–Nshuti Innocent (APR FC)
–Bizimana Yannick (APR FC)
–Danny Usengimana (APR FC)
–Niyonzimana Olivier Seif (APR FC)
–Manishimwe Djabel (APR FC)
–Fitina Ombolenga (APR FC)
–Mugunga Yves (APR FC)
–Kwitonda Alain Bacca (Bugesera FC)
–Rucogoza Djihad (Bugesera FC)
–Iradukunda Simeon (Gorilla FC)
–Biramahire Abeddy Christophe (AS Kigali)
–Musa Ally Sova (Musanze FC)
–Uzayisenga Maurice (Musanze FC)
–Niyonsenga Ibrahim (Musanze FC)
–Iyabivuze Osée (Police FC)
–Ntirushwa Aimé (Police FC)
–Iradukunda Fiston (Marines FC)
–Hudu Kaweesa (Sunrise FC)
–Hassan Mubiru (Sunrise FC)
–Uwambazimana Léon Kawunga (Sunrise FC)
–Isah Akor (Espoir FC)
–Abdul Papy (Etincelles FC)
–Harerimana Obed (Police FC)

▪️ Abitsinze ibitego

–Kwizera Émilien (Rutsiro FC)
–Murangamirwa Serge (Musanze FC)

Imikino yo kwishyura iratangira kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Gicurasi 2021

2021-05-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amavubi yatsindiwe muri Guinée yatahanye isoni ku maso

Amavubi yatsindiwe muri Guinée yatahanye isoni ku maso

Ubwanditsi 14 Oct 2018
Nta kinyoma Uganda itazashinja u Rwanda, Ubu noneho umwanditsi Kakwenza Rukirabashaija wakorewe iyicarubozo bamuhinduye intasi y’u Rwanda

Nta kinyoma Uganda itazashinja u Rwanda, Ubu noneho umwanditsi Kakwenza Rukirabashaija wakorewe iyicarubozo bamuhinduye intasi y’u Rwanda

Ubwanditsi 04 Jan 2022
ICC unhappy with the government of Kenya

ICC unhappy with the government of Kenya

Ubwanditsi 19 Sep 2016
Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague arifuzwa na FC Zurich yo mu Busuwisi, biravugwa ko izamutangaho ibihumbi 265€.

Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague arifuzwa na FC Zurich yo mu Busuwisi, biravugwa ko izamutangaho ibihumbi 265€.

Ubwanditsi 03 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali : Perezida Kagame anyuze kuri Murekezi yashimiye abasora neza anenga abakwepa imisoro
Mu Mahanga

Kigali : Perezida Kagame anyuze kuri Murekezi yashimiye abasora neza anenga abakwepa imisoro

Ubwanditsi 22 Aug 2016
Perezida wa FIFA yageze mu Rwanda
IMIKINO

Perezida wa FIFA yageze mu Rwanda

Ubwanditsi 15 Jan 2016
Ibihugu 6 byasezerewe mu gikombe cya Afurika 2022 birimo Algérie na Ghana, uko amakipe yakomeje muri 1/8 ndetse n’uko azahura
Amakuru

Ibihugu 6 byasezerewe mu gikombe cya Afurika 2022 birimo Algérie na Ghana, uko amakipe yakomeje muri 1/8 ndetse n’uko azahura

Ubwanditsi 21 Jan 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru