• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Ubwanditsi 13 Aug 2018 IMIKINO

Bigoranye, ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu minota 120 yose, itwara igikombe cy’Amahoro 2018 ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ya 2019.

Niyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n'umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanyeNiyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n’umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanye
Imidali yahawe Mukura yatwaye igikombeImidali yahawe Mukura yatwaye igikombe
Umutoza Haringingo aganira n'itangazamakuruUmutoza Haringingo aganira n’itangazamakuru
Rwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n'ubwo atafashe za penalitiRwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n’ubwo atafashe za penaliti
Abakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yaboAbakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yabo
Byari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy'AmahoroByari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy’Amahoro
Rayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk'ikipe ya kabiriRayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk’ikipe ya kabiri

Abakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y'umwanya wa kabiriAbakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y’umwanya wa kabiri
APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2 APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2
Abatoza ba APR FC bambikwa imidali y'umwanya wa gatatuAbatoza ba APR FC bambikwa imidali y’umwanya wa gatatu
Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali
Perezida w FERWAFA n'umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk'ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwePerezida w FERWAFA n’umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk’ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwe
Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy'Amahoro mu 1995Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy’Amahoro mu 1995
Perezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n'abakinnyiPerezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n’abakinnyi
Bimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombeBimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombe
Mutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiyeMutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiye
Yannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyumaYannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyuma

Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis
Mukura mu bicu nyuma y'uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kaneMukura mu bicu nyuma y’uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kane

2018-08-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umutoza w’amavubi Carlos Alos Feller yakurikiye umukino w’igikombe cy’Amahoro Etincelles yaboneyeho itike yo kugera muri 1/8

Umutoza w’amavubi Carlos Alos Feller yakurikiye umukino w’igikombe cy’Amahoro Etincelles yaboneyeho itike yo kugera muri 1/8

Ubwanditsi 31 Mar 2022
Muri CAF Confederations cup, ikipe ya AS Kigali yatsinze Olympique de Missiri Sima yo mu birwa bya Comores ibitego 2-1

Muri CAF Confederations cup, ikipe ya AS Kigali yatsinze Olympique de Missiri Sima yo mu birwa bya Comores ibitego 2-1

Ubwanditsi 11 Sep 2021
Rwanda Premier League igiye gutangira guhemba amakipe hakurikijwe imyanya yasorejeho muri Shampiyona

Rwanda Premier League igiye gutangira guhemba amakipe hakurikijwe imyanya yasorejeho muri Shampiyona

Ubwanditsi 26 May 2024
Jimmy Gatete yagarutse mu Rwanda azanywe no gufungura inyubako y’imyidagaduro yiswe “Kigali Universe”

Jimmy Gatete yagarutse mu Rwanda azanywe no gufungura inyubako y’imyidagaduro yiswe “Kigali Universe”

Ubwanditsi 07 May 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Press Conference : Intambara yongeye kurota hagati ya Donald Trump n’Itangazamakuru
ITOHOZA

Press Conference : Intambara yongeye kurota hagati ya Donald Trump n’Itangazamakuru

Ubwanditsi 14 Jan 2017
Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022
Amakuru

Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Ubwanditsi 05 Sep 2021
Amafoto – Umuhanzi Mico The Best yakoze ubukwe n’umukunzi we Clarisse bari bamaze igihe kirenga umwaka bakundana
Amakuru

Amafoto – Umuhanzi Mico The Best yakoze ubukwe n’umukunzi we Clarisse bari bamaze igihe kirenga umwaka bakundana

Ubwanditsi 27 Sep 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru