• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Ubwanditsi 13 Aug 2018 IMIKINO

Bigoranye, ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu minota 120 yose, itwara igikombe cy’Amahoro 2018 ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ya 2019.

Niyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n'umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanyeNiyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n’umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanye
Imidali yahawe Mukura yatwaye igikombeImidali yahawe Mukura yatwaye igikombe
Umutoza Haringingo aganira n'itangazamakuruUmutoza Haringingo aganira n’itangazamakuru
Rwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n'ubwo atafashe za penalitiRwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n’ubwo atafashe za penaliti
Abakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yaboAbakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yabo
Byari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy'AmahoroByari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy’Amahoro
Rayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk'ikipe ya kabiriRayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk’ikipe ya kabiri

Abakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y'umwanya wa kabiriAbakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y’umwanya wa kabiri
APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2 APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2
Abatoza ba APR FC bambikwa imidali y'umwanya wa gatatuAbatoza ba APR FC bambikwa imidali y’umwanya wa gatatu
Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali
Perezida w FERWAFA n'umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk'ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwePerezida w FERWAFA n’umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk’ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwe
Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy'Amahoro mu 1995Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy’Amahoro mu 1995
Perezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n'abakinnyiPerezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n’abakinnyi
Bimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombeBimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombe
Mutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiyeMutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiye
Yannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyumaYannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyuma

Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis
Mukura mu bicu nyuma y'uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kaneMukura mu bicu nyuma y’uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kane

2018-08-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Bitewe n’imvune, myugariro Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ashobora kumara amezi 5 adakina

Bitewe n’imvune, myugariro Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ashobora kumara amezi 5 adakina

Ubwanditsi 21 Jan 2025
Amakipe atarimo Amavubi yamenye uko azahura muri CHAN ya 2025 izakinwa muri Kanama

Amakipe atarimo Amavubi yamenye uko azahura muri CHAN ya 2025 izakinwa muri Kanama

Ubwanditsi 16 Jan 2025
Jurrien Timber ukinira Arsenal yasuye Stade Amahoro, Urwibutso rwa Jenocide rwa Kigali n’abakinnyi b’umupira w’Amaguru

Jurrien Timber ukinira Arsenal yasuye Stade Amahoro, Urwibutso rwa Jenocide rwa Kigali n’abakinnyi b’umupira w’Amaguru

Ubwanditsi 15 Dec 2023
Tour du Rwanda 2020: Tesfatsion yegukanye agace ka Rusizi-Rubavu, anafata umwambaro w’umuhondo

Tour du Rwanda 2020: Tesfatsion yegukanye agace ka Rusizi-Rubavu, anafata umwambaro w’umuhondo

Ubwanditsi 27 Feb 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uwitwa Sebarera uherutse gutanga amakuru ku byo yakoze muri Jenoside, yiyahuye
Mu Rwanda

Uwitwa Sebarera uherutse gutanga amakuru ku byo yakoze muri Jenoside, yiyahuye

Ubwanditsi 11 Apr 2018
Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada
ITOHOZA

Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Ubwanditsi 17 Oct 2017
Abagore babiri barimo Umunyarwandakazi bashimutiwe i Burundi
INKURU NYAMUKURU

Abagore babiri barimo Umunyarwandakazi bashimutiwe i Burundi

Ubwanditsi 19 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru