• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Ubwanditsi 13 Aug 2018 IMIKINO

Bigoranye, ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu minota 120 yose, itwara igikombe cy’Amahoro 2018 ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ya 2019.

Niyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n'umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanyeNiyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n’umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanye
Imidali yahawe Mukura yatwaye igikombeImidali yahawe Mukura yatwaye igikombe
Umutoza Haringingo aganira n'itangazamakuruUmutoza Haringingo aganira n’itangazamakuru
Rwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n'ubwo atafashe za penalitiRwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n’ubwo atafashe za penaliti
Abakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yaboAbakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yabo
Byari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy'AmahoroByari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy’Amahoro
Rayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk'ikipe ya kabiriRayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk’ikipe ya kabiri

Abakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y'umwanya wa kabiriAbakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y’umwanya wa kabiri
APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2 APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2
Abatoza ba APR FC bambikwa imidali y'umwanya wa gatatuAbatoza ba APR FC bambikwa imidali y’umwanya wa gatatu
Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali
Perezida w FERWAFA n'umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk'ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwePerezida w FERWAFA n’umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk’ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwe
Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy'Amahoro mu 1995Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy’Amahoro mu 1995
Perezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n'abakinnyiPerezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n’abakinnyi
Bimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombeBimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombe
Mutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiyeMutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiye
Yannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyumaYannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyuma

Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis
Mukura mu bicu nyuma y'uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kaneMukura mu bicu nyuma y’uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kane

2018-08-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Tuyishime Placide uzwi nka Trump yakoze ihererekanyabubasha na Nsengiyumva Richard umusimbuye mu kuyobora Musanze FC

Tuyishime Placide uzwi nka Trump yakoze ihererekanyabubasha na Nsengiyumva Richard umusimbuye mu kuyobora Musanze FC

Ubwanditsi 25 Jun 2025
U Rwanda rurasabwa kugaragaza ubushake, rugahabwa kwakira CAN

U Rwanda rurasabwa kugaragaza ubushake, rugahabwa kwakira CAN

Ubwanditsi 22 Feb 2016
Amafoto- Munyantwali Alphonse mu ihererekanyabubasha na Matiku Marcel wayoboroga FERWAFA basuye ibikorwaremezo byayo

Amafoto- Munyantwali Alphonse mu ihererekanyabubasha na Matiku Marcel wayoboroga FERWAFA basuye ibikorwaremezo byayo

Ubwanditsi 27 Jun 2023
Jurrien Timber ukinira Arsenal yasuye Stade Amahoro, Urwibutso rwa Jenocide rwa Kigali n’abakinnyi b’umupira w’Amaguru

Jurrien Timber ukinira Arsenal yasuye Stade Amahoro, Urwibutso rwa Jenocide rwa Kigali n’abakinnyi b’umupira w’Amaguru

Ubwanditsi 15 Dec 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yakanguriye abatuye mu karere ka Kirehe kwirinda ibiyobyabwenge
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yakanguriye abatuye mu karere ka Kirehe kwirinda ibiyobyabwenge

Ubwanditsi 29 Jan 2016
Perezida Kagame yitabiriye ikiganiro ku ntege nke z’ibihugu, ukwiyongera k’ubukungu n’iterambere
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yitabiriye ikiganiro ku ntege nke z’ibihugu, ukwiyongera k’ubukungu n’iterambere

Ubwanditsi 18 Apr 2018
Perezida Kagame asanga ibigo by’ubwishingizi bikeneye amavugurura mu mikorere
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame asanga ibigo by’ubwishingizi bikeneye amavugurura mu mikorere

Ubwanditsi 12 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru