• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amerika na Israel batangaje ibikomeye ku ntambara na Iran: “Ni igihe cyo guhitamo amahoro cyangwa kurimbuka”   |   24 Jun 2025

  • Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga   |   24 Jun 2025

  • AMAFOTO: APR FC yerekanye abakinnyi bashya barimo uwabaye umukinnyi mwiza muri Burkina Faso   |   22 Jun 2025

  • IMPAMVU ZIKOMEYE ZIKWIYE GUSUBIZA INGABIRE VICTOIRE MURI GEREZA   |   19 Jun 2025

  • APR FC yatangaje umunya-Maroc Taleb Abderrahim nk’umutoza wayo mu gihe cy’Imyaka 2 iri imbere ishobora kongerwa   |   17 Jun 2025

  • FDLR iracyari ihurizo rikomeye ku mutekano w’u Rwanda   |   17 Jun 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Editorial 10 May 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Gilbert Mwenedata uheruka kugerageza kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora aheruka,  akaba aherutse  gutangaza  ko yahunze igihugu  nyuma y’uko yakurikiranwagaho ibyaha birimo gukoresha impapuro mpimbano ubwo yashakishaga ibyangombwa byaherekeza kandidatire ye.

Ku wa 7 Nyakanga 2017, nibwo Komisiyo y’Amatora (NEC) yatangaje ko Gilbert Mwenedata na Diane Rwigara batemerewe kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye muri Kanama, kubera kubura ibyangombwa, aho byatangajwe ko babasinyiye harimo amazina y’abapfuye.

Kuri uyu wa Kane taliki ya 10 Gicurusi  2018, nibwo Mwenedata Gilbert yatangarije abamukurikira ku mbugankoranyambaga ko umwaka ushize aribwo yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ariko nti bimukuindire kubera impamvu zitaturutse ku bamushigikiye cyangwa kuri we ubwe.

Mu magambo ye menshi yiganjemo gusebya cyane leta ya Kigali no kugaragaza ko hari akarengane we ubwe n’abari bamushyigikiye mu gihe yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nibyo yagarutseho cyane gusa asoza avuga ko atazahagarika ibikorwa bya Politiki agaragaza ko batemeranya n’ubtegetsi buriho mu Rwanda bwatowe n’abaturage nubwo atavuze inzira nshya azakoresha ngo agere ku butegetsi.

 

2018-05-10
Editorial

IZINDI NKURU

Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Editorial 22 Nov 2018
Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Editorial 08 Apr 2024
Perezida wa Estonia yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Perezida wa Estonia yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Editorial 16 Nov 2017
Minisitiri Sezibera yahishuye imvano y’amakuru  y’impuha amaze iminsi avugwa ku buzima bwe

Minisitiri Sezibera yahishuye imvano y’amakuru y’impuha amaze iminsi avugwa ku buzima bwe

Editorial 03 Sep 2019
Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Editorial 22 Nov 2018
Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Editorial 08 Apr 2024
Perezida wa Estonia yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Perezida wa Estonia yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Editorial 16 Nov 2017
Minisitiri Sezibera yahishuye imvano y’amakuru  y’impuha amaze iminsi avugwa ku buzima bwe

Minisitiri Sezibera yahishuye imvano y’amakuru y’impuha amaze iminsi avugwa ku buzima bwe

Editorial 03 Sep 2019
Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Umunyamakuru Mugabe Robert yasubijwe muri gereza

Editorial 22 Nov 2018
Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Abategetsi b’u Burundi banze gutatira igihango bafitanye n’abajenosideri

Editorial 08 Apr 2024
prev
next

7 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 11, 201812:10 pm -

    Ni mwicecekere, ntacyo mushobora kubona Murega Gilbert Mwene data, ari imbere y Imana cyangwa se abantu BAZIMA.
    NIYO mwatekinika gute nta BYAHA mwamubonaho . Ni Inyangamugayo bya Kavukire, akaba n umukristo w intangarugero. Musigeho. Ahubwo dutegereze turebe .

    Subiza
    • MWENEDATA FELIX
      May 11, 20189:28 pm -

      nimuvuge ratako afatanyije na FDRL NIBWO BIIBWUMVIKANE NEZA

      Subiza
    • Lucky
      May 12, 20188:08 am -

      Umukristo si kuriya akora

      Subiza
  2. Afred
    May 14, 20183:09 am -

    Nibarize abanyarwanda, kubera iki abanyapolitike bose bo mu Rwanda baregwa icyaha kimwe cyo gukoresha impapuro mpimbano. Ngo Diane Rwigara na Gilbert Mwenedata ngo basinyishije abaphuye.
    Nubwo bwose njye ntumva neza buryoki abantu baphuye basinyishwa impapuro. Nanone sinumva buryoki abantu babiri bakora icyaha kimwe.
    Ubanza nambere yaba bombi ngo hari n’abandi banyapolitike benshi bafunzwe kandi baregwa gukoresha impapuro mpimbano.
    Njye ndatekereza ahubwo ko icyo kirego ari igihimbano. Kuko byoroshe guhimba impapuro ukazitirira uwo ushaka kurega no kwicya.
    Muzakore statistiques mu nkiko murebe abanyapolitique baregwa icyo cyaha… byenda gusetsa

    Subiza
  3. mbarushe J.
    May 15, 20188:12 pm -

    Nibyo ntawe ukwiriye kubabazwa n’amagambo ya Gilbert nk’uko utababazwa n’aya Barafinda. Ubu se RUTIKANGA umwe ukunda kuba mu biganiro kuri Televiziyo w’umuteramakofe nawe yiyamamaje hanyuma akajya nawe avuga amagambi nk’aya Gilbert mwababara? Ni nk’ibyo. Ndabashushanyirije kuko njye nzi abantu benshi.

    Ubuse bariya ba Perezida baje mw’irahira rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika bari kuza Gilbert yabaye Perezida w’ U Rwanda? Hari uburyo bwinshi igihugu kitagomba gusuzugurwamo. Nibyo abakuru bababwira ariko ntitwumve.

    Murakoze.

    Subiza
  4. musa551
    May 17, 20183:25 pm -

    Gilbert njye mufata nk’umuntu udafite ubwenge,kuba yaranahunze ni inyungu cyane kuko ntasosi y’igikeri umuntu ufite ibyo yahindura afata umwanya wo kwitegereza uyoboye neza uko abikora bikamwereka impamvu akundwa naho guhimba inyandiko ngo yereke ba mpatsibihugu ko yarenganyijwe mu matora,abandi babikoze neza se ntibiyamamaje?

    Subiza
  5. Lolo keza
    June 7, 20187:18 pm -

    Ariko se uretse n’igihugu buriya Mwenedata uwamuha akagari ko yagashobora koko? Mugabo mu idini yari kuba Diakoni mwiza none ibisazi byaramufashe ngo arashaka ubuperezida? Abahahuzi bagira ayabo buriya ntihabuze uwamushutse ngo Imana yabimubwiye. Sha satani araguhemukiye ugiye kwirirwa wangara ku gasozi gusa. Utuye agahinda!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru