• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

  • APR FC na Rayon Sports zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026, zizahatanira miliyoni 12 z’Amafaranga y’u Rwanda   |   14 May 2026

  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Ubutumwa AREF yageneye Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Ubutumwa AREF yageneye Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Ubwanditsi 31 Mar 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, Mu Rwanda

Umuryango nyarwanda w’Abarimu bigisha igifaransa (AREF) wageneye ubutumwa Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Ubwo butumwa bwashyizweho umukono na Ngabirame Biraboneye Augustin, ariwe  Perezida wa AREF, bwahinduwe mu Kinyarwanda na Rushyashya, buragira buti : “Nshimishijwe kandi ntewe iteka ryo kugeza ijwi ryanjye binyuze mu ibitangazamakuru, ‘‘Uririmi rwacu rw’igifaransa, kugira ngo mbwire abantu bose’’, icyicaro cya Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’ibihugu bivuga igifaransa, nkuko byasohotse mu gitangazamakuru Jeune Afrique, ku wa 20 Werurwe 2019, ku munsi mpuzamahanga wahariwe ururimi rw’igifaransa.

Ndabasaba ko mwafata umwanya mugasoma ubwo butumwa ndetse no kubwamamaza mu ibigo by’amashuri muyoboye ndetse no ku abaturanyi mubana aho hafi “.

 ASSOCIATION RWANDAISE DES ENSEIGNANTS DE FRANCAIS (AREF)

  • Le President

Tel: + 250 788502908

E-mail: angabirame@yahoo.fr

Objet: Tribune de Madame Louise Mushikiwabo, Secrétaire Générale de la francophonie

A toutes les enseignantes, A tous les enseignants de français au Rwanda; Chère collègue, cher collègue, J’ ai l’ honneur de vous faire parvenir,par la voie des medias, < Notre langue française pour dire le monde>, Tribune   de Madame Louise    Mushikiwabo,Secrétaire Générale de la Francophonie,parue dans Jeune Afrique, le 20 mars 2019, à l’occasion de la Journée Intenationale de la Francophonie.

Je vous demanderais de la lire et de la diffuser   dans  votre  établissement et dans votre entourage immédiat.   

Bien à vous et amities.

Ngabirame Biraboneye  Augustin

Président de l’AREF.

Ngabirame Biraboneye Augustin, Perezida wa AREF

Ubutumwa : “Notre Langue Francaise pour dire le Monde “

Par Louise Mushikiwabo

Tribune de la Secrétaire générale de la Francophonie parue dans Jeune Afrique, le 20 mars 2019, à l’occasion de la Journée internationale de la Francophonie.

Les chiffres de La langue française dans le monde, cet ouvrage publié aujourd’hui chez Gallimard par l’Organisation internationale de la Francophonie (OIF) sont éloquents : le français est désormais parlé par 300 millions de personnes sur les cinq continents, un nombre en progression de 10% depuis 2014, année de la dernière étude. Le français est la deuxième langue apprise dans le monde et on estime le nombre de francophones en 2070, selon différents scénarios, à entre 477 et 747 millions. De la cinquième place, le français pourrait passer à la troisième place des langues les plus parlées dans le monde.

« Merveilleux outil trouvé dans les décombres de la colonisation » pour Léopold Sédar Senghor, « butin de guerre » pour Kateb Yacine, la langue française s’est affranchie depuis longtemps de toute domination et de tout complexe.

Si la langue française, parfois, n’a pas été choisie par amour, mais parce qu’elle avait un jour été imposée par la loi du plus fort, elle appartient aujourd’hui à tous ceux qui l’ont apprise, se la sont appropriée et l’ont « pliée à leur vouloir dire » pour paraphraser Aimé Césaire.

« J’ai décidé de moi-même que cette langue m’appartient » écrit Fawzia Zouari, écrivaine d’origine tunisienne, lauréate en 2016 du Prix des Cinq continents de la Francophonie, dans son récent essai au titre révélateur, Molière et Shéhérazade.

Notre langue française à nous Africains, qui sommes fiers de nos langues maternelles ou nationales, qui parlons aussi d’autres langues internationales ou transfrontalières, comme l’anglais, l’arabe, le swahili, le mandingue, le fulfulde…, est une langue désormais vécue sans tabous et intégrée à la riche diversité culturelle qui nous caractérise.

Ma langue française à moi, qui suis profondément africaine, originaire de ce village nommé « Rwanda », moi qui me sens pleinement citoyenne du monde, est une langue d’émancipation et de liberté, une langue que j’ai choisie, de manière non exclusive, pour dire le monde.

Ma langue française à moi, qui ai l’honneur de diriger ce vaste ensemble géopolitique qu’est l’Organisation internationale de la Francophonie (OIF), forte de ses 88 États et gouvernements membres, est la langue de ce partage fécond d’expériences et d’expertises, qui doit nous permettre d’aller de l’avant, tous ensemble.

C’est la langue de notre coopération solidaire pour l’accès de toutes et de tous à une éducation de qualité, à une formation professionnelle pertinente et en phase avec nos marchés du travail, qui puisse mettre résolument nos jeunes sur le chemin de l’emploi.

C’est la langue de nos programmes qui visent à aider les États les plus fragiles à construire leurs propres démocraties par une approche préventive leur permettant de consolider durablement leurs institutions.

C’est aussi dans cette langue que nous portons des plaidoyers forts pour le respect des droits et des libertés, pour l’égalité entre les femmes et les hommes, pour la promotion de la diversité culturelle à travers toutes les formes de création, y compris les plus innovantes, celles qui explorent l’immense champ de possibilités qu’offre le numérique.

Le numérique recèle un potentiel encore largement inexploité pour les francophones, raison pour laquelle j’en ai fait l’une des principales priorités de mon mandat.

Nous voulons multiplier les lieux qui permettront à tous les jeunes de notre espace d’avoir accès au numérique. Nous appuierons efficacement le plus grand nombre possible de projets numériques des jeunes créatrices et créateurs. Nous soutiendrons avec une énergie renouvelée les acteurs francophones dans les instances de régulation de l’Internet. Nous allons œuvrer aux côtés de nos Opérateurs, notamment l’Agence universitaire de la Francophonie (AUF), pour répandre des contenus scientifiques de qualité en français sur la Toile. Je sais que nous pouvons compter sur TV5 Monde pour encourager les médias numériques francophones.

Alors, en ce 20 mars, en cette Journée internationale de la Francophonie, je vous demande de dire le monde « en français, s’il vous plaît ! », cette langue moderne, qui possède les mots pour évoquer les réalités même les plus novatrices et qui en invente tous les jours de nouveaux. Faisons en sorte, tous ensemble, que le français soit encore plus une langue de création et d’innovation, la langue du droit et de l’économie, de la science et des technologies.

Travaillons de concert pour faire résonner partout cette langue française, notre langue française, à l’unisson des voix du monde.

 ‘‘Ururimi rwacu rw’Igifaransa mu kuvugana na bose’’

Louise Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ururimi rukoresha igifaransa (OIF) arashishikariza urubyiruko haba abakobwa n’abahungu, kwitabira gukora imishinga igamije guteza imbere urwo rurimi bityo na bo ubwabo bakaguka mu ruhando mpuzamahanga, kugira ngo babashe guhana ibitekerezo n’abandi bantu batuye ku mugabane w’isi.

Yagize ati ‘‘umubare munini ushobora gukora imishinga ku bwinshi y’urubyiruko ku abakobwa n’abahungu. Tuzashyigikira n’imbaraga zacu inkwakuzi zikoresha ururimi rw’igifaransa ku bijyanye n’urubuga rwa murandasi (internet).bizajya binyuzwa ku bafatanyabikorwa bacu ari bo ibigo bya kaminuza bikoresha ururimi rw’igifaransa (AUF), mu rwego rwo kwagura ubumenyi n’ubuhanga mu bwiza bw’ururimi rw’igifaransa aho dutuye, dushobora kwifashisha igitangazamakuru TV5 Monde mu gushishikariza itangazamakuru ku bwinshi bw’ururimi rw’igifaransa’’.

Abandi bantu basabwa gukora imishinga n’abayobozi b’ibigo by’amashuri kugira ngo abanyeshuri bakure basobanukiwe kandi bavuga neza ururimi rw’igifaransa, kuko mu gihe umwana aba atekereza muri urwo rurimi ahamya ko aba ahorana udushya no kuvumbura ibintu bitandukanye, bitewe ni uko ari ururimi rw’abantu bize kandi bafite ubumenyi no kubasha kugaragaza ibitekerezo aho ageze ku isi, bityo agatera imbere nta kwisuzugura yifitemo.

Ku munsi mpuzamahanga wahariwe ururimi rw’igifaransa, abatuye isi barakangurirwa gukoresha urwo rurimi, kugira ngo bibahe amahirwe yo kuvugana n’abantu benshi ku isi mu gihe cyose bazaba bakeneye kugera ku bikorwa bitandukanye, bibahuza n’abandi bantu ku isi, kuko byose bihera mu kuvugana.

Louise Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (OIF, Organisation International de la Francophonie) ashingiye ku mibare, avuga ko urwo rurimi  rugenda rutera imbere, aho ½ cy’abatuye isi, usanga biga urwo rurimi kandi ko mu gihe cyo mu mwaka wa 2070 ashingiye ku bushashatsi urwo rurimi ruzaba ruri ku mwanya wa 3.

Yagize ati ‘‘Abakoresha ururimi rw’igifaransa ku migabane y’isi ni abantu miliyoni Magana atatu (300 000) umubare ugenda uzamuka ku 10% uhereye mu mwaka wa 2014, abahanga bavuga ko mu mwaka wa 2070, abazaba bakoresha igifaransa bazaba bari hagati ya miliyoni 477 na 747, urwo rurimi ruzaba ruri ku mwanya wa 3 w’abatuye isi’’.

Avuga ku byiza by’Urwo rurimi rw’igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo w’umunyarwandakazi yagize ati ‘‘Ururimi rw’igifaransa ni urwanjye, nk’umunyafurika w’inkomoko, imvukire y’itongo ryanjye ryitwa ‘‘u Rwanda’’, Njyewe, niyumvamo umwenegihugu w’ibihugu byose ku isi, ni ururimi rw’ibanze n’ubwisanzure,ni ururimi nahisemo, mu buryo budasubirwaho, kugira ngo mbwire abantu bose’’.

Yakomeje avuga ko urwo rurimi rw’igifaransa kuri we, rwamuhesheje  amahirwe yo kuyobora umubumbe w’isi n’imiyoborere mu muryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha igifaransa (OIF), ibihugu 88 bikomeye hamwe na za guverinoma bigize uwo muryango, yavuze ko urwo rurimi  rutuma umuntu asabana n’abandi, ukagaragaza ubunararibonye n’ubuhanga, bikaguha amahirwe yo gukomeza kujya imbere.

Inyandiko Louise Mushikiwabo yandikiye urubyiruko ndetse n’ibigo by’amashuri,  igaragara hejuru y’iyi nkuru , uwashaka kuyisoma ku buryo burambuye  mu gifaransa cy’umwimerere yayisoma mu rwego rwo guhitamo urwo rurimi rw’igifaransa dore ko kiri kugenda  gitera imbere  mu Rwanda umunsi kuwundi.

Ubu butumwa bwasobanuwe  mu Kinyarwanda n’Ikinyamakuru Rushyashya

2019-03-31
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Imbonerakure za CNDD zikomeje gucengera mu Nkambi y’impunzi ya Nakivale muri Uganda

Imbonerakure za CNDD zikomeje gucengera mu Nkambi y’impunzi ya Nakivale muri Uganda

Ubwanditsi 08 May 2018
Ikibazo cya kongo ntikizarangizwa n’intambara nk’uko Tanzaniya n’abandi babyibwira

Ikibazo cya kongo ntikizarangizwa n’intambara nk’uko Tanzaniya n’abandi babyibwira

Ubwanditsi 13 Feb 2024
Buri mwaka agiye kujya atanga icya cumi mu kwibuka abazize Jenoside -Senderi International Hit

Buri mwaka agiye kujya atanga icya cumi mu kwibuka abazize Jenoside -Senderi International Hit

Ubwanditsi 07 Apr 2017
Burundi : Umunyarwanda Jacques Bihozagara  yaguye muri gereza ya Mpimba

Burundi : Umunyarwanda Jacques Bihozagara yaguye muri gereza ya Mpimba

Ubwanditsi 01 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abarimo Glen Habimana bahamagwe mu  ikipe hy’u Rwandan U23 bitegura guhura na Mali mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike ya CAN U23
Amakuru

Abarimo Glen Habimana bahamagwe mu ikipe hy’u Rwandan U23 bitegura guhura na Mali mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike ya CAN U23

Ubwanditsi 14 Oct 2022
Norway : Willy Nyamitwe yahuye n’Abarwanya Leta y’u Rwanda ‘Ishyaka Ishema’ rya Padiri Nahimana n’abateruzi b’ibibindi
ITOHOZA

Norway : Willy Nyamitwe yahuye n’Abarwanya Leta y’u Rwanda ‘Ishyaka Ishema’ rya Padiri Nahimana n’abateruzi b’ibibindi

Ubwanditsi 31 Oct 2016
Kofi Annan wari utegerejwe mu Rwanda yitabye Imana ku myaka 80
INKURU NYAMUKURU

Kofi Annan wari utegerejwe mu Rwanda yitabye Imana ku myaka 80

Ubwanditsi 19 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru