• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Editorial 12 Feb 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Imikino ya shampiyona y’u Rwanda mu kiciro cya mbere mu bagabo irakinwa kuri uyu wa gatandatu ndetse no ku cyumweru hakinwa igice cy’imikino yo kwishyura muri uyu mwaka w’imikino wa 2021-2022, imwe mu mikino itegerejwe cyane ni Mukura VS yakira Rayon Sports i Huye.

Mu mukino uri bubimburire indi yose, ikipe ya Gasogi United irakira Marines FC kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo guhera ku isaha ya saa sita n’igice, uyu mukino urakurirwa n’uri buhuze Gorilla FC iri bwakire Kiyovu SC.

Mu mikino iheruka guhuza aya makipe yombi, Marines FC yari yatsindiwe iwayo na Gasogi United igitego kimwe kubusa, ninako umukino wa Kiyovu SC warangiye itsinze Gorilla FC igitego kimwe ku busa.

I Huye hari umukino ukomeye cyane uri buhuze ikipe Mukura VS iheruka gutsinda ikipe ya APR FC igitego kimwe ku busa irakira ikipe ya Rayon Sports yo yasoje igice kibanza cy’iyi mikino iri ku mwanya wa 3 ku rutonde rwa shampiyona rw’agateganyo.

Mu mukino ugiye guhuza aya makipe yombi, ikipe ya Gikundiro yari yatsinze Mukura VS igitego kimwe ku busa mu mukino wari wabereye kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo.

Uyu mukino ubera mu ntara y’amajyepfo urakurikiranwa n’umunyabigwi w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Esipanye Jose Maria Bekero uri mu Rwanda kuva kuwa gatandatu w’icyumweru gishize.

Uko imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, umunsi wa 16 iri bukinwe:

Ku Gatandatu, tariki ya 12 Gashyantare 2022:
Gasogi United vs Marines FC, Kigali Stadium- 12h30
Gorilla FC vs Kiyovu SC , Kigali Stadium- 15h00
Mukura VS&L vs Rayon Sports FC, Huye Stadium-15h00

Ku Cyumweru, tariki ya 13 Gashyantare 2022

As Kigali vs Espoir FC, Kigali Stadium- 15h00
Rutsiro FC vs Etincelles FC, Umuganda Stadium- 15h00
Police FC vs Etoile de l’est FC, Kigali Stadium- 18h00
Bugesera FC vs Musanze FC, Bugesera Stadium-15h00
Gicumbi FC vs APR FC, Gicumbi Stadium- 15h00

Abakinnyi batemerewe gukina uyu munsi kubera amakarita:

1. MUGISHA BONHEUR (APR FC)
2. RUBONEKA JEAN BOSCO (APR FC)
3. NIYIBIZI RAMADHAN (AS KIGALI)
4. NKURUNZIZA FELICIEN (ESPOIR FC)
5. IRADUKUNDA SIMEON (GORILLA FC)
6. NSHIMIYIMANA ISMAIL (KIYOVU SC)
7. NGABONZIZA PACIFIQUE (POLICE FC)
8. NSHUTI DOMINIQUE SAVIO (POLICE FC)
9. USENGIMANA DANY (POLICE FC)
10. ABOUBAKAR GIBRIN AKUKI (MUKURA VS&L)
11. BUGINGO SAMSON (RUTSIRO FC)

2022-02-12
Editorial

IZINDI NKURU

Agashya mu mikino Olympic: Umukobwa ukinira ikipe ya Brazil yasabwe numukobwa bakundana ko yazamubera umugore hagati mu kibuga nyuma yaho bari bamaze gutsindwa

Agashya mu mikino Olympic: Umukobwa ukinira ikipe ya Brazil yasabwe numukobwa bakundana ko yazamubera umugore hagati mu kibuga nyuma yaho bari bamaze gutsindwa

Editorial 09 Aug 2016
Patriots BBC yatsinze umukino wayo wa kabiri w’irushanwa rya Basketball Africa League BAL yakinaga na GNBC yo muri Madagascal amanota 78 kuri 72.

Patriots BBC yatsinze umukino wayo wa kabiri w’irushanwa rya Basketball Africa League BAL yakinaga na GNBC yo muri Madagascal amanota 78 kuri 72.

Editorial 19 May 2021
Ikibazo cya Paul Rusesabagina gishobora kuba kitakibangamiye umubano hagati y’u Rwanda n’Ububiligi

Ikibazo cya Paul Rusesabagina gishobora kuba kitakibangamiye umubano hagati y’u Rwanda n’Ububiligi

Editorial 28 Oct 2021
Police FC yanganyije na Vision 0-0, ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda

Police FC yanganyije na Vision 0-0, ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda

Editorial 30 Sep 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

UBUSESENGUZI: Mpaga ya Libya yemejwe na CAF isobanuye iki k’u Rwanda mu kujya muri CAN 2025?
Amakuru

UBUSESENGUZI: Mpaga ya Libya yemejwe na CAF isobanuye iki k’u Rwanda mu kujya muri CAN 2025?

Editorial 29 Oct 2024
Nyuma yo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, Winston Duke wamamaye muri Black Panther yahuye n’ubuyobozi bwa RDB
Amakuru

Nyuma yo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, Winston Duke wamamaye muri Black Panther yahuye n’ubuyobozi bwa RDB

Editorial 05 Sep 2023
Perezida Paul Kagame yifurije Abagore Umunsi mukuru mwiza
INKURU NYAMUKURU

Perezida Paul Kagame yifurije Abagore Umunsi mukuru mwiza

Editorial 08 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru