• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Shampiyona y’u Rwanda mu mikino yo kwishyura iratangira gukinwa Rayon Sports isura Mukura VS, Gasogi United yakira Marines FC naho Gorilla FC yakire Kiyovu SC

Ubwanditsi 12 Feb 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Imikino ya shampiyona y’u Rwanda mu kiciro cya mbere mu bagabo irakinwa kuri uyu wa gatandatu ndetse no ku cyumweru hakinwa igice cy’imikino yo kwishyura muri uyu mwaka w’imikino wa 2021-2022, imwe mu mikino itegerejwe cyane ni Mukura VS yakira Rayon Sports i Huye.

Mu mukino uri bubimburire indi yose, ikipe ya Gasogi United irakira Marines FC kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo guhera ku isaha ya saa sita n’igice, uyu mukino urakurirwa n’uri buhuze Gorilla FC iri bwakire Kiyovu SC.

Mu mikino iheruka guhuza aya makipe yombi, Marines FC yari yatsindiwe iwayo na Gasogi United igitego kimwe kubusa, ninako umukino wa Kiyovu SC warangiye itsinze Gorilla FC igitego kimwe ku busa.

I Huye hari umukino ukomeye cyane uri buhuze ikipe Mukura VS iheruka gutsinda ikipe ya APR FC igitego kimwe ku busa irakira ikipe ya Rayon Sports yo yasoje igice kibanza cy’iyi mikino iri ku mwanya wa 3 ku rutonde rwa shampiyona rw’agateganyo.

Mu mukino ugiye guhuza aya makipe yombi, ikipe ya Gikundiro yari yatsinze Mukura VS igitego kimwe ku busa mu mukino wari wabereye kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo.

Uyu mukino ubera mu ntara y’amajyepfo urakurikiranwa n’umunyabigwi w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Esipanye Jose Maria Bekero uri mu Rwanda kuva kuwa gatandatu w’icyumweru gishize.

Uko imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, umunsi wa 16 iri bukinwe:

Ku Gatandatu, tariki ya 12 Gashyantare 2022:
Gasogi United vs Marines FC, Kigali Stadium- 12h30
Gorilla FC vs Kiyovu SC , Kigali Stadium- 15h00
Mukura VS&L vs Rayon Sports FC, Huye Stadium-15h00

Ku Cyumweru, tariki ya 13 Gashyantare 2022

As Kigali vs Espoir FC, Kigali Stadium- 15h00
Rutsiro FC vs Etincelles FC, Umuganda Stadium- 15h00
Police FC vs Etoile de l’est FC, Kigali Stadium- 18h00
Bugesera FC vs Musanze FC, Bugesera Stadium-15h00
Gicumbi FC vs APR FC, Gicumbi Stadium- 15h00

Abakinnyi batemerewe gukina uyu munsi kubera amakarita:

1. MUGISHA BONHEUR (APR FC)
2. RUBONEKA JEAN BOSCO (APR FC)
3. NIYIBIZI RAMADHAN (AS KIGALI)
4. NKURUNZIZA FELICIEN (ESPOIR FC)
5. IRADUKUNDA SIMEON (GORILLA FC)
6. NSHIMIYIMANA ISMAIL (KIYOVU SC)
7. NGABONZIZA PACIFIQUE (POLICE FC)
8. NSHUTI DOMINIQUE SAVIO (POLICE FC)
9. USENGIMANA DANY (POLICE FC)
10. ABOUBAKAR GIBRIN AKUKI (MUKURA VS&L)
11. BUGINGO SAMSON (RUTSIRO FC)

2022-02-12
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kwa NEVA ngo ibigega birafigije, mu gihe amagana y’Abarundi asuhukira muri Zambiya kubera inzara

Kwa NEVA ngo ibigega birafigije, mu gihe amagana y’Abarundi asuhukira muri Zambiya kubera inzara

Ubwanditsi 08 Jan 2025
Uganda:  Hamenyekanye ko Gen Tumukunde yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwitura hasi muri kasho

Uganda: Hamenyekanye ko Gen Tumukunde yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwitura hasi muri kasho

Ubwanditsi 17 Mar 2020
Gicumbi : Gitifu w’Akarere yeguye, abajijwe impamvu ati:  “Eeeh! Waba uretse gato.”

Gicumbi : Gitifu w’Akarere yeguye, abajijwe impamvu ati: “Eeeh! Waba uretse gato.”

Ubwanditsi 25 Nov 2016
Nyaruguru: Abantu icumi bafungiwe gutema ibiti mu mashyamba  ya Leta bakabitwikamo amakara

Nyaruguru: Abantu icumi bafungiwe gutema ibiti mu mashyamba ya Leta bakabitwikamo amakara

Ubwanditsi 13 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali: Abagabo babiri bafunzwe bakurikiranyweho guteza imvururu n’uburiganya mu itorero
INKURU NYAMUKURU

Kigali: Abagabo babiri bafunzwe bakurikiranyweho guteza imvururu n’uburiganya mu itorero

Ubwanditsi 19 Nov 2017
Uko Perezida Kagame abona imikoranire ikwiye hagati ya leta na ‘Opozisiyo’
INKURU NYAMUKURU

Uko Perezida Kagame abona imikoranire ikwiye hagati ya leta na ‘Opozisiyo’

Ubwanditsi 15 Mar 2018
Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza gutera u Rwanda ko bazirengera ingaruka bazahura na zo z’iyo ntambara.
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza gutera u Rwanda ko bazirengera ingaruka bazahura na zo z’iyo ntambara.

Ubwanditsi 08 Apr 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru