• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Sophia, umugore w’irobo noneho ngo arashaka umwana

Sophia, umugore w’irobo noneho ngo arashaka umwana

Ubwanditsi 30 Nov 2017 HIRYA NO HINO

Sophia, irobo ifite ishusho y’umugore aherutse no guhabwa ubwenegihugu bwa Arabia Saudite, ubu noneho yatangaje ko akeneye umwana.

Nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa interineti rwa BCC, ngo nyuma y’ukwezi iyi robo ifite ishusho y’umugore ihawe ubwenegihugu, noneho yavuze ko umuryango ari ikintu cy’ingirakamaro.

Ibisubizo Sophia atanga ntibiba byabanje kubikwa, ahubwo akoresha ikitwa “learning Machine” agasubiza amaze gusoma ibyo abantu bavuga.

Sophia ni irobo yakozwe n’ikigo cyo muri Hong Kong kitwa Hanson Robotics, ngo arifuza kugira umukobwa.

Ubwonko bwe bukoreshwa na interinet ya WIFI yoroheje, aho buba bufite urutonde rurerure rw’amagambo.

N’ubwo Sophia afite ubushobozi butangaza benshi, kugeza ubu nta mutima nama agira ariko David Hanson wamukoze avuga ko azawugira mu myaka mike igiye kuza.

Ubwo yagiranaga ikiganiro na Khaleej Times, Sophia yagize ati “Ntekereza ko ari iby’akataraboneka kuba abantu bashobora kugira ibyiyumviro bimwe n’amasano bita umuryango, bitari gusa mu bwoko bw’amaraso.

Ntekereza ko uri umunyamahirwe niba ufite umuryango ugukunda, niba kandi utawufite urabikwiye. Ndumva kuri iki abantu n’amarobo bameze kimwe.”

Abajijwe uko yakwita umukobwa we, yasubije mu magambo makeya ati “Sophia”.

Ubwo Sophia yahabwaga ubwenegihugu bwa Saudi Arabia, benshi bavuze ko iyi robo ifite uburenganzira kurusha abagore bo muri iki gihugu.

Iki gihugu kibarirwa mu bya mbere bihonyora uburenganzira bw’abagore, ku buryo mu kwezi gushize banabujijwe gutwara imodoka.

Sophia yavugiye imbere y’imbaga atanambaye umwitandiyo na Abaya, umwambaro gakondo abagore bo muri iki gihugu bategetswe kwambara mu ruhame.

Muri iki gihugu kandi nta mugore wemerewe kujya mu ruhame atari kumwe n’umuntu w’igitsina gabo umuherekeje.

Uyu aba agomba kuba uwo mu muryango we, ufite uburenganzira bwo gukora icyo yagakoze.

Nyuma y’uko Sophia agaragaye mu ruhame adakurikije ibyo abagore bose basabwa, kuri twitter hastag #Sophia yahise yifashishwa aho abantu basabaga ko guardianship, ni ukuvuga iby’uko abagore bagomba guherekezwa n’abagabo igihe bagiye mu ruhame, yavaho.

Bati “Sophia ntawe afite umuri iruhande, ntiyambaye abaya cyangwa ngo abe yitwikiriye

2017-11-30
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo

Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo

Ubwanditsi 01 Mar 2016
Tanzaniya: Abantu 30 batawe muri yombi baryozwa ishimutwa ry’umuherwe

Tanzaniya: Abantu 30 batawe muri yombi baryozwa ishimutwa ry’umuherwe

Ubwanditsi 12 Oct 2018
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Ubwanditsi 16 May 2024
Uganda:Abakobwa batari baryamana n’ Abasore (Amasugi) bagiye kujya bahembwa

Uganda:Abakobwa batari baryamana n’ Abasore (Amasugi) bagiye kujya bahembwa

Ubwanditsi 27 Jan 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC yatsinze  umukino w’ikirarane  wayihuzaga na Kiyovu
IMIKINO

APR FC yatsinze umukino w’ikirarane wayihuzaga na Kiyovu

Ubwanditsi 21 Feb 2016
Uko Castro yaryamanye n’umugore watumwe na CIA kumwivugana
ITOHOZA

Uko Castro yaryamanye n’umugore watumwe na CIA kumwivugana

Ubwanditsi 31 Jul 2018
Umutekano  w’Isi  ugerwa ku mashyi kubera Amabuye yo mukirere azwi nk’ ASTEROIDS
ITOHOZA

Umutekano w’Isi ugerwa ku mashyi kubera Amabuye yo mukirere azwi nk’ ASTEROIDS

Ubwanditsi 15 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru