• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Callixte Nsabimana yahaye ubutumwa bwihariye ibigarasha cyane cyane abizera igisambo Kayumba Nyamwasa   |   27 May 2022

  • Aho gusubiza impamvu bakorana na FDLR mu guhungabanya umutekano w’u Rwanda, abanyekongo barahunga ibibazo byabo bwite bakabigereka ku Rwanda.   |   27 May 2022

  • Uretse isoni nke, Tewojeni Rudasingwa atinyuka ate kuvuga mu bantu, azi ubujura yasize akoze mu Rwanda?    |   27 May 2022

  • FERWABA yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na NBA Africa agamije guteza imbere umukino w’intoki wa Basketball   |   26 May 2022

  • PSG Academy Rwanda yageze i Kigali izanye igikombe cy’Isi, Zamalek yaraye itsinzwe muri BAL 2022, abasiganwa ku magare baritegura kwerekeza muri Cameroon   |   26 May 2022

  • Amafoto- Amavubi yatangiye umwiherero bitegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2023   |   25 May 2022

 
You are at :Home»IMIKINO»U Burundi bwashatse ko imikino ya gisirikare yigizwayo abanyamuryango barabyanga-Gen.Patrick Nyamvumba

U Burundi bwashatse ko imikino ya gisirikare yigizwayo abanyamuryango barabyanga-Gen.Patrick Nyamvumba

Editorial 07 Aug 2016 IMIKINO

Kuwa Gatandatu tariki ya 6 Kanama 2016 nibwo mu cyumba cy’inama cya MINISPOC habereye ikiganiro n’abanyamakuru cyatanzwe n’akanama gashinzwe imigendekere myiza y’imikino ya gisirikare igiye kubera mu Rwanda kuva kuwa 8-16 Kanama 2016.

Muri iki kiganiro niho abanyamakuru babwiriwe uko imikino izagenda ndetse n’uburyo yateguwe mbere y’igihe ndetse n’icyo iyi mikino ya gisirikare igamije.

Mu busanzwe iyi mikino yari kuzitabirwa n’ibihugu bitanu (5) birimo u Rwanda ruzakira imikino, u Burundi, Uganda, Tanzaniya na Kenya.Igihugu cy’u Burundi nticyabashije kwitabira ku mpamvu abanyamakuru batangarijwe n’umugaba w’ingaba z’u Rwanda Gen.Patrick Nyamvumba.

-3516.jpg

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Parick Nyamvumba

“Ibihugu byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba bizitabira iyi mikino usibye igihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi bavuze ko badashobora kwitabira iyi mikino.Bakimara kumenyeshwa igihe imikino izabera, bahise (Abarundi) bifuza ko irushanwa ryakwigizwa inyuma.Byabaye ngombwa ko ibindi bihugu bine (4) bisigaye byicara bikiga ku kibazo nyuma abanyamauryango bemeza ko nta mpamvu imikino yakwigizwayo ahubwo ko igomba kuba nta kabuza”

-3515.jpg

APR-FC

Gen Patrick Nyamvumba yakomeje avuga ko nk’u Rwanda bishimiye kwakira iyi mikino iri kuba ku nshuro yayo ya 10 kandi ko ikigamijwe ari ukunga ubumwe bw’abatuye akarere ka Afurika y’iburasirazuba ndetse ko aboneyeho no kubwira ibihugu byose biri mu Rwanda ko bihawe ikaze mu Rwanda.

Imikino ya Basketball, umupira w’amaguru, Handball, Kwiruka byose biri mu cyiciro cy’abagabo ndetse na Netball (Abakobwa), niyo mikino izakinwa muri irushanwa ribumbiye hamwe abakinnyi 500 baturutse mu bihugu bine (4).
Dore uko gahunda y’imikino yose iteye:

I.Umupira w’amaguru (Football)

Tariki 8/08/2016: Rwanda vs Kenya (Stade Amahoro, 16h00′-18h00′)
Tariki 10/08/2016:Uganda vs Tanzania (Stade ya Kigali, 17h30′-19h30′)
Tariki 12/08/2016:Kenya vs Tanzania (Stade ya Kigali, 17h30′-19-30′)
Tariki 14/08/2016:Rwanda vs Uganda(Stade ya Kigali, 15h00-17h00′)

Tariki 15/08/2016:Ikiruhuko ku makipe ariko herekanwa ibikorwa by’imico y’ibihugu biri mu marushanwa.

Tariki 16/08/2016:Kenya vs Uganda (Stade ya Kigali, 15h00-17h00′)
Tariki 17/08/2016:Tanzania vs Rwanda(Stade Amahoro, 12h30′-14h30′)

APR FC niyo izaserukira u Rwanda mu mupira w’amaguru
II.Basketball(Imikino yose izabera Petit Stade Remera)

Tariki 10/08/2016:Uganda vs Kenya (15h30′-17h00′), Rwanda vs Tanzania (17h30′-19h00′)

Tariki 12/08/2016:Uganda vs Rwanda (17h3’0-19h00)
Tariki 13/08/2016:Tanzania vs Kenya(17h30′-19h00′)
Tariki 14/08/2016:Rwanda vs Kenya (17h30′-19h00′)
Tariki 16/08/2016:Tanzania vs Uganda(17h00′-19h00′)
III.Handball(Imikino izakinirwa kuri sitade Amahoro)

Tariki 10/08/2016:Uganda vs Kenya(08h00-10h00′), Rwanda vs Tanzania (10h30′-11h30′)

Tariki 12/08/2016:Tanzania vs Uganda (08h00′-10h00′)
Tariki 13/08/2016:Uganda vs Rwanda(Uganda vs rwanda(10h30′-11h30′)
Tariki 14/08/2016:Tanzania vs Kenya (10h30′-11h30′)
Tariki 16/08/2016:Rwanda vs Kenya(08h00′-10h00′)
IV.Imikino yo kwiruka(Athletisme):

Kuwa 9 Kanama 2016 saa yine (10h00′) kugeza saa sita (12h00′) nibwo hazakinwa umukino wo kwiruka n’amaguru (Cross country) aho abasiganwa yaba abagabo n’abagore bazasiganwa ku ntera ya kilometero icumi (10 KM).Amarushanwa azabera muri IPRC-Kigali (Kicukiro).

V.Netball(Imikino izabera kuri sitade Amahoro)
Tariki 10/08/2016:Tanzania vs Uganda (14h00′-15h30′), Rwanda vs Kenya(16h00-16h30′)

Tariki 12/08/2016:Rwanda vs Tanzania (14h00′-15h00′)
Tariki 13/08/2016:Uganda vs Rwanda(14h00′-15h30′)
Tariki 14/08/2016:Tanzania vs Kenya (15h30′-16h30′)
Tariki 16/08/2016:Uganda vs Kenya (14h00′-15h30′)

2016-08-07
Editorial

IZINDI NKURU

Ikipe ya Cameroon na Cape Verde zatangiye neza mu mikino y’igikombe cya Afurika kiri kuba ku ncuro ya 33

Ikipe ya Cameroon na Cape Verde zatangiye neza mu mikino y’igikombe cya Afurika kiri kuba ku ncuro ya 33

Editorial 10 Jan 2022
Amavubi yageze muri Seychelles nyuma y’urugendo rurerure

Amavubi yageze muri Seychelles nyuma y’urugendo rurerure

Editorial 04 Sep 2019
Umunsi wa kabiri wa shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu bagabo usize amakipe nka Kirehe FC, Amagaju FC na Sunrise FC zitwaye neza naho AS Muhanga yatakarije i Kigali

Umunsi wa kabiri wa shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu bagabo usize amakipe nka Kirehe FC, Amagaju FC na Sunrise FC zitwaye neza naho AS Muhanga yatakarije i Kigali

Editorial 08 Nov 2021
Umunsi  wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda usize Rayon Sports itsikiriye I Ngoma, Police FC na As Kigali zigabana amanota

Umunsi  wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda usize Rayon Sports itsikiriye I Ngoma, Police FC na As Kigali zigabana amanota

Editorial 06 Mar 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Callixte Nsabimana yahaye ubutumwa bwihariye ibigarasha cyane cyane abizera igisambo Kayumba Nyamwasa

Callixte Nsabimana yahaye ubutumwa bwihariye ibigarasha cyane cyane abizera igisambo Kayumba Nyamwasa

27 May 2022
Inzego z’ Uburezi Zisanga Kwigisha Hakoreshejwe Iyakure Ari ngombwa Kandi Ari Ingenzi

Inzego z’ Uburezi Zisanga Kwigisha Hakoreshejwe Iyakure Ari ngombwa Kandi Ari Ingenzi

24 May 2022
U Rwanda rufite intego ruzira ibiyobyabwenge n’ubuzererezi ni Gahunda igikomeje muri Purpose Rwanda

U Rwanda rufite intego ruzira ibiyobyabwenge n’ubuzererezi ni Gahunda igikomeje muri Purpose Rwanda

30 Mar 2022
Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe na Perezida Mokgweetsi Masisi wa Bostwana bashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba Cabo Delgado

Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe na Perezida Mokgweetsi Masisi wa Bostwana bashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba Cabo Delgado

01 Mar 2022
Ralex Logistics Yaje Ku Isonga mu Bigo Bya Mbere Bigira uruhare mu gutanga serivisi zinoze mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ralex Logistics Yaje Ku Isonga mu Bigo Bya Mbere Bigira uruhare mu gutanga serivisi zinoze mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

28 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Bugesera: Ababyeyi barasabwa Kurushaho Kuganiriza Abana babo Ubuzima Bw’imyororokere hagamijwe Gukumira Inda zitateguwe

Bugesera: Ababyeyi barasabwa Kurushaho Kuganiriza Abana babo Ubuzima Bw’imyororokere hagamijwe Gukumira Inda zitateguwe

30 Nov 2021
Leta ya Uganda irashinjwa kwica abaturage bo mu idini ya Islam, ibitirira ibisasu bitegwa mu duce tunyuranye tw’icyo gihugu.

Leta ya Uganda irashinjwa kwica abaturage bo mu idini ya Islam, ibitirira ibisasu bitegwa mu duce tunyuranye tw’icyo gihugu.

21 Nov 2021
Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

02 Oct 2021
Huye: Bamwe mu rubyiruko rwakingiwe Covid-19 barakangurira abanyarwanda b’ingeri zose kwitabira  gahunda y’Ikingira

Huye: Bamwe mu rubyiruko rwakingiwe Covid-19 barakangurira abanyarwanda b’ingeri zose kwitabira gahunda y’Ikingira

09 Sep 2021
Agatha Kanziga arataratamba ngo adashyikirizwa ubutabera, ariko amaherezo y’inzira ni munzu!Urukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwateye utwatsi icyifuzo cye!

Agatha Kanziga arataratamba ngo adashyikirizwa ubutabera, ariko amaherezo y’inzira ni munzu!Urukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwateye utwatsi icyifuzo cye!

31 Aug 2021
Abagore barasabwa kuba abambere mu kwita ku bidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima

Abagore barasabwa kuba abambere mu kwita ku bidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima

18 Aug 2021
Abana bafite ubumuga bakwiye uburenganzira bwihariye bwo guhabwa Inkingo za COVID-19

Abana bafite ubumuga bakwiye uburenganzira bwihariye bwo guhabwa Inkingo za COVID-19

13 Jul 2021

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru