• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U Rwanda rukomeje kwitwara neza mu irushanwa rya cricket hashakwa itike yo gukina igikombe cy’Isi rizwi na ICC Men’s T20 World Cup Sub-Regional Africa Qualifiers

U Rwanda rukomeje kwitwara neza mu irushanwa rya cricket hashakwa itike yo gukina igikombe cy’Isi rizwi na ICC Men’s T20 World Cup Sub-Regional Africa Qualifiers

Ubwanditsi 19 Nov 2022 Amakuru, IMIKINO

Kuri uyu wa gatanu u Rwanda rwatsinze ikipe ya St Helena, muri uyu mukino u Rwanda nirwo rwatsinze toss,guhitamo gutangira ukubita udupira ibizwi nka Batting cyangwa gutera udupira ibizwi nka Bowling,maze ruhitamo gutangira ru battinga arinako rushaka uko rushyiraho amanota menshi,mugihhe St Helena yo yatangiye i bowlinga arinako ishaka uko yabuza urwanda gushyiraho amanota menshi.

Igice cyambere cyarangiye urwanda rushyizeho amanota 130 muri Overs 20 zingana n’udupira 120 bakinnye,abakinnyi 8 burwanda bakaba basohowe n’ikipe y’igihugu ya St Helene.

Sainte Helene yasabwaga amanota 131 kugirango yegukane intsinzi yuyu munsi,gusa ntibyigeze biyorohera,kuko umukino warangiye St Helene itabashije gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho nurwanda,ikaba yari imaze gushyiraho amanota 76, Urwanda rukaba rwashoye abakinnyi 8 ba St Helene(8 Wickets).

U Rwanda rukaba rwatsinze kucyinyuranyo cya 54, Muri uyu mukino SEBAREME Emmanuel wurwanda niwe wabaye umukinnyi mwiza wumukino.

Mu mukino wundi wabereye muri IPRC Kigali, Botswana yakinaga n’ikipe y’igihugu ya Lesotho.

Muri uyu mukino Botswana niyo yatsinze uyu mukino kucyinyuranyo cya Wickets 10,ninyuma yaho Lesotho yatangiye ishyiraho amanota(Batting),yashyizeho amanota 91 muri overs 12 n’udupira 4,abakinnyi bose ba Lesotho uko ari 10 bakaba basohowe nabasore ba Botswana (All out wickets)

Botswana ikaba yatsinze uyu mukino kucyinyuranyo cya wickets 10, Ikaba yatsinze uyu mukino ntamukinnyi wayo numwe usohowe na Lesotho, Botswana ikaba yasoje umukino ishyizeho amanota 97 muri overs 7 n’udupira 5.

Imikino yabaye mugicamunsi,Kenya yakinaga n’ikipe y’igihugu ya Malawi,umukino wabereye kuri stade mpuzamahanga ya Gahanga mugihe Mali yakinaga Seychelles,umukino wabereye muri IPRC KIGALI

Iyi mikino yose ntiyigeze isozwa kubera ikibazo kimvura nyinshi yaguye mu masaha y’igicamunsi.

Mu mukino waberaga kuri stade ya Gahanga, wahagaze Malawi yari imaze gushyiraho amanota 11 muri Overs 3 n’agapira 1, hakaba hakinwaga igice cyakabiri cy’umukino, Kenya yari yatangiye i battinga ikaba yari yashyizeho amanota 209 muri overs 20,Malawi ikaba yari yasohoye abakinnyi 6 ba kenya.

Mugihe umukino waberaga muri IPRC Kigali ,nawo wahagaze harigukinwa igice cya kabiri cy’umukino, Seyshelles yari yatangiye i battinga ikaba yari yashyizeho amanota 162 muri Overs 20,Mali ikaba yari yakuyemo abakinnyi 3 ba Seychelles.

Malawi yasabwaga amanota 163 imvura ikaba yaguye bamaze gukina overs 4 n’agapira kamwe,bakaba bari bamaze gushyiraho amanota 14 gusa,

Imikino y’umunsi wa 3,irakinwa kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20/11/2022,  Botswana ikina na Malawi Kuri stade ya Gahanga mugihe Kenya izaba ikina na Mali bakazakinira muri IPRC Kigali,imikino yose ikazatangira kwisaha yi saa 09H30 zomugitondo.

Imikino izaba mugicamunsi, u Rwanda rurakina na Kenya umukino uzabera kuri stade ya gahanga,Lesotho ikine na Seychelles bakinire muri IPRC Kigali.

2022-11-19
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nyuma y’imyaka 11, Mugabe Aristide yasezeye gukinira ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Basketball

Nyuma y’imyaka 11, Mugabe Aristide yasezeye gukinira ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Basketball

Ubwanditsi 30 Jun 2022
Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo

Nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, Amasezerano ya Rayon Sports na SKOL yageze ku musozo

RUSHYASHYA 09 Jun 2026
Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Ubwanditsi 09 Mar 2023
Umutoza Bisengimana Justin yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rutsiro FC 

Umutoza Bisengimana Justin yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rutsiro FC 

Ubwanditsi 21 Aug 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu mikino ya gishuti, ikipe ya Police FC yatsinze Gasogi United, AS Muhanga itsindwa na AS Kigali naho Bugesera FC na Sunrise bagwa miswi.
Amakuru

Mu mikino ya gishuti, ikipe ya Police FC yatsinze Gasogi United, AS Muhanga itsindwa na AS Kigali naho Bugesera FC na Sunrise bagwa miswi.

Ubwanditsi 07 Jun 2021
Ángel Di María yihimuye kuri Manchester United, afasha PSG kuyitsindira mu rugo (Amafoto)
IMIKINO

Ángel Di María yihimuye kuri Manchester United, afasha PSG kuyitsindira mu rugo (Amafoto)

Ubwanditsi 13 Feb 2019
Amerika ihangayikishijwe n’uko ibintu bihagaze muri DRC
Mu Rwanda

Amerika ihangayikishijwe n’uko ibintu bihagaze muri DRC

Ubwanditsi 31 Mar 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru