• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Umuratwa Assumpta ukataje mu bukangurambaga bw’Ishakwe rya Rudasingwa ni muntu ki? 

Umuratwa Assumpta ukataje mu bukangurambaga bw’Ishakwe rya Rudasingwa ni muntu ki? 

Ubwanditsi 03 Jul 2019 HIRYA NO HINO, INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA, Mu Mahanga

Nkuko twagiye tubibwirwa n’abantu batuye k’umugabane w’Uburayi ukuntu Rwanda National Congress (RNC) ya Kayumba Nyamwasa n’ISHAKWE ya Rudasingwa Theogene, barimo gucengeza amatwara yabo mu Banyarwanda batuye mu burayi, amakuru yageze kuri Rushyashya aturuka ahantu hizewe avuga ukuntu Umugore witwa Umuratwa Assumpta yavuye hasi mu gucengeza ayo mabi ya Rudasingwa n’uwitwa Musonera.

“Uwo mugore waje hano mu Bubiligi asaba ubuhungiro, mbere yarabanje yicisha bugufi, ariko icyo gihe yarimo kureba ukuntu yafata ikibanza no kumenya ukuntu azatangira akazi ke ko kuvuga nabi cyane cyane Nyakubahwa Perezida Kagame, FPR n’abahoze ari abasirikare ba FPR, ubu bakaba bari mu ngabo z’igihugu”.

Uwo Assumpta, ugenda abeshya abanyarwanda batuye mu Bubiligi ko yacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi, siko biri kuko nimwe mu mpamvu zatumye atandukana na Major(Rtd) Moses Rubimbura bari barashakanye, ariko baza gutandukana kubera icyo kinyoma n’imyitwarire mibi.

Jenoside yakorewe abatutsi irangiye nibwo Assumpta yahise arongorwa na Major Moses Rubimbura.

Assumpta ntabwo yarekeye aho, ibinyoma bye kuko ageze mu  Bubiligi muri 2011, icyo gihe nibwo RNC, yari itaracikamo kabiri, ikirimo ba Theogene Rudasingwa. Kubera ko benshi muri RNC bahoze muri FPR nawe yahise ayoboka, ndetse akabikora akoresheje kumenya kwiyambura ku bantu batanga imisanzu muri RNC, ntibiteye kabiri Rudasingwa na Musonera bavuye muri RNC, batangira icyitwa New RNC, yaje guhinduka Ishakwe, Assumpta yahise ajyana n’umwinjira we Rudasingwa.

Ntiyarekeye aho  ubukangurambaga bwe niho  umwaka ushize  yatanze ikiganiro ku gitangazamakuru cyitwa IKONDERA LIBRE, kiyobowe n’uwitwa Agnes akaba ari muri ba rutwitsi bakoresha itangaza makuru kwangisha Abanyarwanda ubutegetsi buriho. Muri icyo kiganiro yashinje ingabo za APR ko yazibonye zica Abahutu muri Byumba.

Kubera iyo mpamvu yo gushinja APR ko yishe Abahutu muri Byumba, uwari Umugabo we Major Moses Rubimbura yahise yitandukanya nawe, ndetse yandikira inzego zishinzwe umutekano w’igihugu ko uwo atakiri umugore we.

Assumpta Umuratwa ubu akaba abarizwa mu bakangura- mbaga ba Rudasingwa n’ingirwa ishyaka Ishakwe  mu Bubiligi.

Hamaze igihe abiyita ko barwanya ‘leta ya Kigali’ bakora ibishoboka byose ngo bahungabanye umudendezo n’iterambere ry’u Rwanda ariko bikanga bikaba iby’ubusa kubera ubuyobozi bw’igihugu butajenjetse!

2019-07-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uburyo 10 bwo gukunda igihugu cyawe

Uburyo 10 bwo gukunda igihugu cyawe

Ubwanditsi 21 Sep 2016
Amayobera: Perezida Museveni yizeye Gen. kale Kayihura ariko ntiyizera urwego yamushinze

Amayobera: Perezida Museveni yizeye Gen. kale Kayihura ariko ntiyizera urwego yamushinze

Ubwanditsi 17 Nov 2017
Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze yangiwe kuburana yidegembya nubwo umugore yamusabiye imbabazi

Uwahoze ari Visi Meya wa Musanze yangiwe kuburana yidegembya nubwo umugore yamusabiye imbabazi

Ubwanditsi 12 Sep 2019
U Burundi: Imiryango itari iya leta yabujijwe gukora mu mezi atatu

U Burundi: Imiryango itari iya leta yabujijwe gukora mu mezi atatu

Ubwanditsi 28 Sep 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Akabaye icwende ntikoga , Uganda iranze ibaye indiri y’ibigarasha n’igicumbi cy’ibinyoma bigamije guharabika u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Akabaye icwende ntikoga , Uganda iranze ibaye indiri y’ibigarasha n’igicumbi cy’ibinyoma bigamije guharabika u Rwanda

Ubwanditsi 08 Aug 2020
Natnael Tesfatsion yegukanye Tour du Rwanda 2020
IMIKINO

Natnael Tesfatsion yegukanye Tour du Rwanda 2020

Ubwanditsi 01 Mar 2020
Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC u Rwanda rugiye kuyobora
ITOHOZA

Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC u Rwanda rugiye kuyobora

Ubwanditsi 01 Feb 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru