• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Umusore wabeshye umukunzi we ko yakoze impanuka ikomeye akamwambika impeta aje kumureba

Umusore wabeshye umukunzi we ko yakoze impanuka ikomeye akamwambika impeta aje kumureba

Editorial 04 Oct 2018 SHOWBIZ

Umusore wo muri Philippines witwa Jeffrey Delrio yakoze agashya apanga n’abapolisi,babeshya umukunzi we ko yakoze impanuka ya moto,ageze aho bamubwiye ko umukunzi we yaguye ,uyu musore ahita ahaguruka amusaba ko yamubera umugore,mu buryo bwatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga.

Muri aya mashusho ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga,Jeffrey Delrio yaripfushije aryama mu muhanda,uyu mukunzi we ahagera ari kurira amarira menshi aziko umukunzi we yapfuye,uyu mupolisi agerageza kumwihanganisha nibwo uyu musore yahise ahaguruka abikura impeta amusaba ko bashyingiranwa,arabyemera.

Aka gashya kabereye mu gace kitwa Cotabato gaherereye mu majyepfo ya Philippines kari guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse benshi bari kugenda bakwirakwiza aya mashusho yafashwe ku wa 30 Nzeri uyu mwaka.

Uyu mukobwa wakundanaga na Delrio witwa Shiela Parayanon yari yataye umutwe bikomeye ndetse aziko umukunzi we byarangiye gusa akimara kumenya ko ari agakino bamukinnye,yarize arahogora ndetse akubita inshyi uyu mukunzi,mbere yo kwemera ubusabe bwe.

Umusore w’inshuti y’aba bombi witwa Mark Apura wafashe aya mashusho y’aba bombi yavuze ko basanzwe bafitanye urukundo rudasanzwe ariyo mpamvu uyu musore yakoresheje imbaraga zidasanzwe kugira ngo umuhango wo kwambika impeta umukunzi we ube agatangaza.



Delrio ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoreye umukunzi we

2018-10-04
Editorial

IZINDI NKURU

Mecky Kayiranga yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Garuka’ abwira umukunzi we kugaruka bakubaka -VIDEO

Mecky Kayiranga yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Garuka’ abwira umukunzi we kugaruka bakubaka -VIDEO

Editorial 07 Jun 2021
Abakobwa 20 bari mu mwiherero i Nyamata babuze uko bahura n’abakunzi babo kuri St valentin

Abakobwa 20 bari mu mwiherero i Nyamata babuze uko bahura n’abakunzi babo kuri St valentin

Editorial 15 Feb 2018
“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

Editorial 14 May 2018
Irene Uwoya uzwi nka “Oprah” yahishuye ko yikundira abasore bafite isura mbi

Irene Uwoya uzwi nka “Oprah” yahishuye ko yikundira abasore bafite isura mbi

Editorial 08 Feb 2017

2 Ibitekerezo

  1. Musengimana Jean Claude Ruhango Mbuye, Rugarama
    October 4, 201811:01 am -

    Hahahaha Iyi Nkuru Nari Nayibo Nye Kuri Facebook Yanjye Ndetse Na Whatsapp Yanjye Bakampaye Gusa Biratangaje Cyane, Hano Hong Kong Turi Guseka Ibintu Byakomeye

    Subiza
  2. Sema Halelua
    October 4, 201811:09 am -

    Urwo Ntiruzatinda Nigihe Gito Bakarwana Ahubwo Uwazampa Amakuru Yabo Nyuma Yamezi 5

    Subiza

Leave a Reply to Musengimana Jean Claude Ruhango Mbuye, Rugarama Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bobi Wine yakubitiwe mu ngobyi y’abarwayi
HIRYA NO HINO

Bobi Wine yakubitiwe mu ngobyi y’abarwayi

Editorial 31 Aug 2018
Umutekano n’ituze by’abanyarwanda byaje ku isonga mu bushakashatsi bwa gatandatu bw’Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere [ RGB ]
HIRYA NO HINO

Umutekano n’ituze by’abanyarwanda byaje ku isonga mu bushakashatsi bwa gatandatu bw’Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere [ RGB ]

Editorial 31 Oct 2019
Uganda: Abantu Bambaye Imyambaro Ya FARDC Barashe Abantu 3 Bashimuta Undi
Mu Mahanga

Uganda: Abantu Bambaye Imyambaro Ya FARDC Barashe Abantu 3 Bashimuta Undi

Editorial 06 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru