• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAHEREZO Y’ABABILIGI N’ABARUNDI MU BIBAZO BYA DRC NI AYAHE ?    |   29 May 2025

  • INGABIRE VICTOIRE AKOMEJE KUBA UMUYOBORO UNYUZWAMO AMAFARANGA ATERA INKUNGA FDLR   |   29 May 2025

  • Constant Mutamba: Minisitiri w’Ubutabera wa Congo Usigaye Azwi kurusha Ibikorwa Bye Bibi Kurusha Byiza   |   29 May 2025

  • AMAFOTO: APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona 2024-2025, kiba igikombe cya 6 itwaye yikurikiranya   |   29 May 2025

  • “FDLR Yari Yaraduhinduye Ingabo Zibakingira Urupfu, Ariko Ubu Twagarutse Iwacu”: Abanyarwanda Batahutse Bagaragaje Ubunyamaswa Bwa FDLR   |   28 May 2025

  • Abarimo Kagere Medie bari ku rutonde Adel Amrouche yatangaje bazakina na Algérie mu mukino wa gicuti utegura imikino y’igikombe cy’isi 2026   |   28 May 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Ubutumwa AREF yageneye Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Ubutumwa AREF yageneye Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Editorial 31 Mar 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, Mu Rwanda

Umuryango nyarwanda w’Abarimu bigisha igifaransa (AREF) wageneye ubutumwa Abarimu bose bakoresha ururimi rw’igifaransa mu Rwanda.

Ubwo butumwa bwashyizweho umukono na Ngabirame Biraboneye Augustin, ariwe  Perezida wa AREF, bwahinduwe mu Kinyarwanda na Rushyashya, buragira buti : “Nshimishijwe kandi ntewe iteka ryo kugeza ijwi ryanjye binyuze mu ibitangazamakuru, ‘‘Uririmi rwacu rw’igifaransa, kugira ngo mbwire abantu bose’’, icyicaro cya Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’ibihugu bivuga igifaransa, nkuko byasohotse mu gitangazamakuru Jeune Afrique, ku wa 20 Werurwe 2019, ku munsi mpuzamahanga wahariwe ururimi rw’igifaransa.

Ndabasaba ko mwafata umwanya mugasoma ubwo butumwa ndetse no kubwamamaza mu ibigo by’amashuri muyoboye ndetse no ku abaturanyi mubana aho hafi “.

 ASSOCIATION RWANDAISE DES ENSEIGNANTS DE FRANCAIS (AREF)

  • Le President

Tel: + 250 788502908

E-mail: angabirame@yahoo.fr

Objet: Tribune de Madame Louise Mushikiwabo, Secrétaire Générale de la francophonie

A toutes les enseignantes, A tous les enseignants de français au Rwanda; Chère collègue, cher collègue, J’ ai l’ honneur de vous faire parvenir,par la voie des medias, < Notre langue française pour dire le monde>, Tribune   de Madame Louise    Mushikiwabo,Secrétaire Générale de la Francophonie,parue dans Jeune Afrique, le 20 mars 2019, à l’occasion de la Journée Intenationale de la Francophonie.

Je vous demanderais de la lire et de la diffuser   dans  votre  établissement et dans votre entourage immédiat.   

Bien à vous et amities.

Ngabirame Biraboneye  Augustin

Président de l’AREF.

Ngabirame Biraboneye Augustin, Perezida wa AREF

Ubutumwa : “Notre Langue Francaise pour dire le Monde “

Par Louise Mushikiwabo

Tribune de la Secrétaire générale de la Francophonie parue dans Jeune Afrique, le 20 mars 2019, à l’occasion de la Journée internationale de la Francophonie.

Les chiffres de La langue française dans le monde, cet ouvrage publié aujourd’hui chez Gallimard par l’Organisation internationale de la Francophonie (OIF) sont éloquents : le français est désormais parlé par 300 millions de personnes sur les cinq continents, un nombre en progression de 10% depuis 2014, année de la dernière étude. Le français est la deuxième langue apprise dans le monde et on estime le nombre de francophones en 2070, selon différents scénarios, à entre 477 et 747 millions. De la cinquième place, le français pourrait passer à la troisième place des langues les plus parlées dans le monde.

« Merveilleux outil trouvé dans les décombres de la colonisation » pour Léopold Sédar Senghor, « butin de guerre » pour Kateb Yacine, la langue française s’est affranchie depuis longtemps de toute domination et de tout complexe.

Si la langue française, parfois, n’a pas été choisie par amour, mais parce qu’elle avait un jour été imposée par la loi du plus fort, elle appartient aujourd’hui à tous ceux qui l’ont apprise, se la sont appropriée et l’ont « pliée à leur vouloir dire » pour paraphraser Aimé Césaire.

« J’ai décidé de moi-même que cette langue m’appartient » écrit Fawzia Zouari, écrivaine d’origine tunisienne, lauréate en 2016 du Prix des Cinq continents de la Francophonie, dans son récent essai au titre révélateur, Molière et Shéhérazade.

Notre langue française à nous Africains, qui sommes fiers de nos langues maternelles ou nationales, qui parlons aussi d’autres langues internationales ou transfrontalières, comme l’anglais, l’arabe, le swahili, le mandingue, le fulfulde…, est une langue désormais vécue sans tabous et intégrée à la riche diversité culturelle qui nous caractérise.

Ma langue française à moi, qui suis profondément africaine, originaire de ce village nommé « Rwanda », moi qui me sens pleinement citoyenne du monde, est une langue d’émancipation et de liberté, une langue que j’ai choisie, de manière non exclusive, pour dire le monde.

Ma langue française à moi, qui ai l’honneur de diriger ce vaste ensemble géopolitique qu’est l’Organisation internationale de la Francophonie (OIF), forte de ses 88 États et gouvernements membres, est la langue de ce partage fécond d’expériences et d’expertises, qui doit nous permettre d’aller de l’avant, tous ensemble.

C’est la langue de notre coopération solidaire pour l’accès de toutes et de tous à une éducation de qualité, à une formation professionnelle pertinente et en phase avec nos marchés du travail, qui puisse mettre résolument nos jeunes sur le chemin de l’emploi.

C’est la langue de nos programmes qui visent à aider les États les plus fragiles à construire leurs propres démocraties par une approche préventive leur permettant de consolider durablement leurs institutions.

C’est aussi dans cette langue que nous portons des plaidoyers forts pour le respect des droits et des libertés, pour l’égalité entre les femmes et les hommes, pour la promotion de la diversité culturelle à travers toutes les formes de création, y compris les plus innovantes, celles qui explorent l’immense champ de possibilités qu’offre le numérique.

Le numérique recèle un potentiel encore largement inexploité pour les francophones, raison pour laquelle j’en ai fait l’une des principales priorités de mon mandat.

Nous voulons multiplier les lieux qui permettront à tous les jeunes de notre espace d’avoir accès au numérique. Nous appuierons efficacement le plus grand nombre possible de projets numériques des jeunes créatrices et créateurs. Nous soutiendrons avec une énergie renouvelée les acteurs francophones dans les instances de régulation de l’Internet. Nous allons œuvrer aux côtés de nos Opérateurs, notamment l’Agence universitaire de la Francophonie (AUF), pour répandre des contenus scientifiques de qualité en français sur la Toile. Je sais que nous pouvons compter sur TV5 Monde pour encourager les médias numériques francophones.

Alors, en ce 20 mars, en cette Journée internationale de la Francophonie, je vous demande de dire le monde « en français, s’il vous plaît ! », cette langue moderne, qui possède les mots pour évoquer les réalités même les plus novatrices et qui en invente tous les jours de nouveaux. Faisons en sorte, tous ensemble, que le français soit encore plus une langue de création et d’innovation, la langue du droit et de l’économie, de la science et des technologies.

Travaillons de concert pour faire résonner partout cette langue française, notre langue française, à l’unisson des voix du monde.

 ‘‘Ururimi rwacu rw’Igifaransa mu kuvugana na bose’’

Louise Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ururimi rukoresha igifaransa (OIF) arashishikariza urubyiruko haba abakobwa n’abahungu, kwitabira gukora imishinga igamije guteza imbere urwo rurimi bityo na bo ubwabo bakaguka mu ruhando mpuzamahanga, kugira ngo babashe guhana ibitekerezo n’abandi bantu batuye ku mugabane w’isi.

Yagize ati ‘‘umubare munini ushobora gukora imishinga ku bwinshi y’urubyiruko ku abakobwa n’abahungu. Tuzashyigikira n’imbaraga zacu inkwakuzi zikoresha ururimi rw’igifaransa ku bijyanye n’urubuga rwa murandasi (internet).bizajya binyuzwa ku bafatanyabikorwa bacu ari bo ibigo bya kaminuza bikoresha ururimi rw’igifaransa (AUF), mu rwego rwo kwagura ubumenyi n’ubuhanga mu bwiza bw’ururimi rw’igifaransa aho dutuye, dushobora kwifashisha igitangazamakuru TV5 Monde mu gushishikariza itangazamakuru ku bwinshi bw’ururimi rw’igifaransa’’.

Abandi bantu basabwa gukora imishinga n’abayobozi b’ibigo by’amashuri kugira ngo abanyeshuri bakure basobanukiwe kandi bavuga neza ururimi rw’igifaransa, kuko mu gihe umwana aba atekereza muri urwo rurimi ahamya ko aba ahorana udushya no kuvumbura ibintu bitandukanye, bitewe ni uko ari ururimi rw’abantu bize kandi bafite ubumenyi no kubasha kugaragaza ibitekerezo aho ageze ku isi, bityo agatera imbere nta kwisuzugura yifitemo.

Ku munsi mpuzamahanga wahariwe ururimi rw’igifaransa, abatuye isi barakangurirwa gukoresha urwo rurimi, kugira ngo bibahe amahirwe yo kuvugana n’abantu benshi ku isi mu gihe cyose bazaba bakeneye kugera ku bikorwa bitandukanye, bibahuza n’abandi bantu ku isi, kuko byose bihera mu kuvugana.

Louise Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (OIF, Organisation International de la Francophonie) ashingiye ku mibare, avuga ko urwo rurimi  rugenda rutera imbere, aho ½ cy’abatuye isi, usanga biga urwo rurimi kandi ko mu gihe cyo mu mwaka wa 2070 ashingiye ku bushashatsi urwo rurimi ruzaba ruri ku mwanya wa 3.

Yagize ati ‘‘Abakoresha ururimi rw’igifaransa ku migabane y’isi ni abantu miliyoni Magana atatu (300 000) umubare ugenda uzamuka ku 10% uhereye mu mwaka wa 2014, abahanga bavuga ko mu mwaka wa 2070, abazaba bakoresha igifaransa bazaba bari hagati ya miliyoni 477 na 747, urwo rurimi ruzaba ruri ku mwanya wa 3 w’abatuye isi’’.

Avuga ku byiza by’Urwo rurimi rw’igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo w’umunyarwandakazi yagize ati ‘‘Ururimi rw’igifaransa ni urwanjye, nk’umunyafurika w’inkomoko, imvukire y’itongo ryanjye ryitwa ‘‘u Rwanda’’, Njyewe, niyumvamo umwenegihugu w’ibihugu byose ku isi, ni ururimi rw’ibanze n’ubwisanzure,ni ururimi nahisemo, mu buryo budasubirwaho, kugira ngo mbwire abantu bose’’.

Yakomeje avuga ko urwo rurimi rw’igifaransa kuri we, rwamuhesheje  amahirwe yo kuyobora umubumbe w’isi n’imiyoborere mu muryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha igifaransa (OIF), ibihugu 88 bikomeye hamwe na za guverinoma bigize uwo muryango, yavuze ko urwo rurimi  rutuma umuntu asabana n’abandi, ukagaragaza ubunararibonye n’ubuhanga, bikaguha amahirwe yo gukomeza kujya imbere.

Inyandiko Louise Mushikiwabo yandikiye urubyiruko ndetse n’ibigo by’amashuri,  igaragara hejuru y’iyi nkuru , uwashaka kuyisoma ku buryo burambuye  mu gifaransa cy’umwimerere yayisoma mu rwego rwo guhitamo urwo rurimi rw’igifaransa dore ko kiri kugenda  gitera imbere  mu Rwanda umunsi kuwundi.

Ubu butumwa bwasobanuwe  mu Kinyarwanda n’Ikinyamakuru Rushyashya

2019-03-31
Editorial

IZINDI NKURU

Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Editorial 07 Apr 2018
Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Editorial 07 Aug 2024
Jenoside yakorewe Abatutsi ntiyabaye ku bw’impanuka, ahubwo yari imaze igihe kinini itegurwa. Dutewe ikimwaro n’uko ntacyo twakoze ngo tuyikumire”-Antonio Guterres,

Jenoside yakorewe Abatutsi ntiyabaye ku bw’impanuka, ahubwo yari imaze igihe kinini itegurwa. Dutewe ikimwaro n’uko ntacyo twakoze ngo tuyikumire”-Antonio Guterres,

Editorial 17 Apr 2023
Igihugu nticyatera imbere mugihe abaturage bameze nk’injiji

Igihugu nticyatera imbere mugihe abaturage bameze nk’injiji

Editorial 07 Feb 2018
Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Editorial 07 Apr 2018
Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Editorial 07 Aug 2024
Jenoside yakorewe Abatutsi ntiyabaye ku bw’impanuka, ahubwo yari imaze igihe kinini itegurwa. Dutewe ikimwaro n’uko ntacyo twakoze ngo tuyikumire”-Antonio Guterres,

Jenoside yakorewe Abatutsi ntiyabaye ku bw’impanuka, ahubwo yari imaze igihe kinini itegurwa. Dutewe ikimwaro n’uko ntacyo twakoze ngo tuyikumire”-Antonio Guterres,

Editorial 17 Apr 2023
Igihugu nticyatera imbere mugihe abaturage bameze nk’injiji

Igihugu nticyatera imbere mugihe abaturage bameze nk’injiji

Editorial 07 Feb 2018
Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Kwibuka24: Apotre Dr Gitwaza yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda abasaba guharanira kwiyubaka

Editorial 07 Apr 2018
Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Dr. Pastor Rutayisire yemeye ko Yaganjwe n’Amarangamutima agaruka ku Ifungwa ry’insengero nyinshi

Editorial 07 Aug 2024
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru