• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru   |   03 Jul 2025

  • Menya neza uwiyita Intumwa “Isidore Mbayahaga” wimuriye ubwonko mu gifu!   |   03 Jul 2025

  • Ubwigenge bwabaye igikoresho cy’ivangura: Uko Kamarampaka ya 1959 yazanye Repubulika ariko ntizane ubwigenge nyabwo   |   02 Jul 2025

  • Mu mvugo yuje icyizere, Perezida Tshisekedi yashimye amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na Congo muri Amerika   |   01 Jul 2025

  • Mu burezi budaheza buzira ikandamiza n’iringaniza Abanyeshuri basaga Ibihumbi 220 basoje Amashuri Abanza batangiye ibizamini bya Leta   |   01 Jul 2025

  • U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari   |   30 Jun 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»USA : Umunyarwanda Dr Ntakirutimana Eliel ( Nataki) ashobora kwisanga mu kaga nyuma y’uko iwe hapfiriye Umuntu muburyo budasobanutse

USA : Umunyarwanda Dr Ntakirutimana Eliel ( Nataki) ashobora kwisanga mu kaga nyuma y’uko iwe hapfiriye Umuntu muburyo budasobanutse

Editorial 10 Jul 2017 ITOHOZA

Amakuru ashyushye ubu aturuka muri Amerika ni ay’Umunyarwanda Dr. Eliel (Nataki) Ntakirutimana wa muganga w’umuherwe ny’iri ibitaro « HOPITAL LAREDO » biba i Texas, uyu nimwene Pasteur Ntakirutimana bakaba aba nya Kibuye. Mumpera za 2009 , Dr. Ntakirutimana Elie bita Nataki ufite ibitaro, yanze kwishyura comission yari yaremereye Dr. Martinez Abrahams bakunze kwita Dr. Abe Martinez.

Uyu Dr. Martinez yahoze ayobora LMC ( Laredo Medical Center). Amasezerano yabo yavugaga ko Dr. Nataki agomba kujya amwishyura hafi $ 100.000 buri mwaka noneho nawe akamwizeza ko LMC ikomeza amasezerano na company ya Nataki ko ariyo igumana department ya anesthesiology.

Nataki yarabyubahirije ariko hashize imyaka 3 yanga kwishyura avuga ko nta intention afite yo gukomeza gutanga ayo mafaranga.

Martinez abibonye atyo aramubwira ati ok, niba utubahirije ibyo twumvikanye nka abagabo nkuhaye iminsi 90 uzabe watuviriye aha. Yongeraho ko kandi anahagaritse inkunga ingana na $900.000 LMC yageneraga Nataki buri kwezi kugirango abashe guhemba abakozi be. DR Nataki abonye bimukomeranye yemera gukomeza gutanga iyo comission nkuko byari bisanzwe.

-7103.jpg

Ibitaro bya LAREDO

Mu nyuma rero abakozi na Dr. Nataki baje gukora ikosa barimo kubaga umurwayi bibeshya ikinya biviramo umurwayi kwitaba Imana bitunguranye.

Ibitaro bikora iperereza bisanga nubwo Dr. Nataki atarahari uwo munsi ariko amakosa nawe amureba kuberako ari abakozi be babikoze nibwo LMC ihagaritse ubufanye bwabo na Dr. Nataki.

Ariko ibyo byaje mu bitaro hari hanamaze igihe hari inkuru zivuga uburyo Dr Nataki iyo yagiye mu ma strip club ngo aba ari kumwe n’abakobwa ubona ko bashobora kuba batarageza kumyaka.

Dr. Eliel uretse nyine n’ubuhehesi yisanganiwe dore ko anafite umwana hanze (uyu ni uzwi hari nabandi ariko aha banyina agatubutse kugirango umugore we atamuta.), ubusanzwe abantu bagendana nawe bavuga ko iyo agusuye utuye ahandi atari muti Texas ikintu cyambere akubaza ntabwo ari bar cg restaurant nziza, ahubwo yibariza strip club nziza aho zaba ziherereye.

Ikindi kandi byari bimaze kumenyekana ko iyo yajyaga Bujumbura abeshya ko afite umushinga wo korora inka ahubwo yabaga agiye guhura na FDLR n’Imbonerakure.

Abandi bakozi bakibaza ukuntu umuganga wizewe nkuwo ashobora kufasha imitwe yiterabwoba.

Ibyo byose bimaze kuba Nataki yagiye kurega Dr. Martinez ko ngo yamwakaga ruswa yayimwima akamwirukana ngo ko kandi ibivugwa kuriwe kubyerekeye sexual orientation na criminal activities ataribyo ngo ko ahubwo ari ibihuha byazanywe na Dr.
Martinez ngo nubundi yajyaga avuga ko natamuha ayo mafaranga azakwiza hose imyitwarire igayitse ya Dr Eliel.

Yanageretseho ko Dr. Martinez ngo atigeze yita kunyungu z’ibitaro ko ahubwo yigwizagaho umutungo mu nyugu ze bwite atitaye kubuzima bwabarwayi ni inyungu yikigo ayoboye.

Muri criminal court ikirego cye bagitesheje agaciro, nibwo rero Dr Nataki atanze ikindi kirego muri civil court avuga ko Dr. Martinez yamwangirije isura kuburyo mu karere ka Laredo na San Antonio bitamworoheye kubona akazi. Ko kandi ibyo byose byagize ingaruka ku muryango we.

-7101.jpg

Dr. Ntakirutimana Elie bita Nataki

Anavuga ko afite ibimenyetso by’uburyo Dr. Martinez n’umugore we batishyura imisoro bakagombye kuba bishyura.

Icyo kintu cy’imisoro rero cyaje gutuma Dr. Martinez afungwa anacibwa amande meshi we n’umugore we.

Agashya

Muri ino minsi Dr. Martinez yabonye amakuru y’uko kugirango Dr. Eliel abone ibyangombwa byo kuba muri america yakoresheje fake mariage.

Biravugwa ko rero immigration ishobora kumwambura ubwenegihugu mu gihe Dr. Martinez yaba afashe icyemezo cyo kwihimura, akagaragaza ibimenyetso simusiga by’amanyanga yose ya Dr. Eliel Ntakirutimana.

Ibi bije kandi mugihe hari amakuru ari kuvugwa ku bantu bahafi cyane bakaba n’inshuti magara ya Dr. Eliel ko immigration irimo kumukoraho iperereza kubera amanyanga nkayo, aho byibazwa ukuntu bashyingiye umukobwa wabo mu ibanga rikomeye cyane, ntibagira inshuti cg imiryango batumira, yewe nta nifoto nimwe ushobora kubona kuri facebook cg instagram, ibintu byateye immigration kwibaza byinshi ariko mugihe iperereza ritangiye bagahita bihutira gusaba gatanya nta n’umwaka urashira bashyingiwe ibintu byatumye barushaho gukemangwa. Hakaba rero bikekwako ari Dr. Eliel wabagiriye iyo nama.

Nguwo rero umuntu ngo wiyemeje kurwanya ubutegetsi bwu Rwanda atari ibyiza yifuriza abaturarwanda ahubwo kubera ko yahize ko azahorera se wapfiriye muri gereza Arusha aregwa ibyaha bya Jenoside.

Ariko ararye ari manga kuko wasanga iminsi ye ibaze kubera ubuhemu bwe bugiye kumugaruka.

-7102.jpg

Dr.Nataki na Rusesabagina

Hari kandi nandi makuru tugikurikirana avuga ko inzego z’umutekano za Amerika ziri gukora iperereza kubantu babonye ubwenegihugu bwayo kandi amakuru ava mu iperereza ry’aba holandi agaragaza ko bafashije Mugimba ubu ufungiye mu Rwanda gushobora guhungira i burayi. Abo nabo bakaba abantu bahafi cyane ya Dr. Eliel na Rusesabagina.

Ararye uri manga rero kuko wasanga imigambi mibisha ye irimo imugaruka.

Cyiza Davidson

2017-07-10
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Editorial 26 Jun 2019
Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Editorial 24 Feb 2017
Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Editorial 25 Oct 2016
Uko  Kigeli bashakaga kumutabariza muri Portugal, n’ uko yazanywe mu Rwanda bujura

Uko Kigeli bashakaga kumutabariza muri Portugal, n’ uko yazanywe mu Rwanda bujura

Editorial 13 Jan 2017
Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Editorial 26 Jun 2019
Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Editorial 24 Feb 2017
Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Editorial 25 Oct 2016
Uko  Kigeli bashakaga kumutabariza muri Portugal, n’ uko yazanywe mu Rwanda bujura

Uko Kigeli bashakaga kumutabariza muri Portugal, n’ uko yazanywe mu Rwanda bujura

Editorial 13 Jan 2017
Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Editorial 26 Jun 2019
Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Guverinoma y’Icyuka isa n’abana batoba akondo

Editorial 24 Feb 2017
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru