• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Mu bizamini bisoza amashuli yisumbuye, ababarirwa kuri 82% nibo batsinze

Mu bizamini bisoza amashuli yisumbuye, ababarirwa kuri 82% nibo batsinze

Ubwanditsi 18 Feb 2016 Mu Mahanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) Ifatanije na Minisiteri ifite amashuli abanza n’ayisumbuye amasomo y’abiga ubumenyi rusange, imyuga, ndetse n’ubumenyingiro hamwe hamwe n’amashuli nderabarezi , amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuli yisumbuye yagiye ahagaragara.

-2179.jpg

Nk’uko bigaragara mu banyeshuri 68359 bari biyandikishije gukora ibizamini, byakozwe na 67709 hatsinda 60455 bangana na 89.2%, abangana na 10.3% baratsindwa, mu gihe abagana na 0.5% batitabiriye ibizamini kubera impamvu zitandukanye. Aganira n’abanyamakuru, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Rwamukwaya Olivier yatangaje ko umubare w’abatsinze ibizamini wiyongereye ugereranyije n’umwaka ushize.

Ukurikije ibyiciro by’abakoze ibizamini, mu bigaga inyigisho hatsinze 37558 bangana 89.2% mu gihe abakoze bose bangana na 42118.

Abigaga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro batsinze ku kigero cya 88,36% bangana na 20262 mu banyeshuri 23 153 bakoze ibizamini muri icyo cyiciro. Abize amashuri y’inderabarezi(TTC) batsinze ku kigero cyo hejuru kingana na 99,02% ni ukuvuga 2635 muri 2661 bakoze ikizamini. Rwamukwaya yagaragaje ko abize amashuri y’inderabarezi batsinze biyongereye ku kigero cya 12% ugereranyije n’umwaka ushize. Abize imyuga n’ubumenyingiro biyongeraho 0.1% kimwe n’abize inyigisho rusange.

Ibibazo nabyo byaragabanutse kuko ibijyanye no gukopera n’ibindi byabaye 44 mu mwaka ushize byari 102. Ku bijyan ye n’abangana na 0.5% batitabiriye ibizamini, Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini Gasana Janvier yavuze ko hari abagiye bahura n’ikibazo cy’uburwayi bwatewe no kwiga cyane bakagera ku munsi w’ibizamini bananiwe, barwaye n’ibindi bibazo bigisuzumwa. Ukurikije ibitsina, mu bize inyigisho rusange abakobwa batsinze ni 19499 bangana na 51.9% mu gihe abahungu ari 18059 bangana na 480.1%. umwaka wabanje abahungu batsinze bari 51,1% abakobwa ari 48.9%.

Mu bize amasomo y’inderabarezi abakobwa batsinze ni 1345 bangana na 50,54%, abahungu ni 1290 ni ukuvuga 48%. Mu bize amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro, abakobwa ni 9837 bangana na 46,04% abahungu ni 12219 bangana 53,29%. Abize amasomo y’inderabarezi bitabiriye gukora ibizamini ku kigero cya 100%, kandi nta ,munyeshuri waho wigeze ugaragaraho ikibazo cyo gukopera cyangwa ikindi.

N’ubwo nta bibazo byagaragaye ariko habonetse abanyeshuri bagiye bashyira umwirondoro wabo hagati mu ikayi y’ibizamini kandi bitemewe nk’uko amabwiriz a agenga ibizamini babayabwiwe ndetse banayafite ku makaye.
Abanyeshuri bagaragaye muri ibyo bikorwa amanota yabo ntiyasohotse, ariko uwagize ikibazo wese yajurira. Mu byagaragaye hari abarimu bafatiwe mu bikorwa byo kurenga ku mabwiriza y’ibizamini.

Nyura hano urebe amanota wagize http://196.44.242.28


Rushyashya

2016-02-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mukomeze kurangwa n’imyitwarire myiza ishingiye Ku mahame ngenderwaho agenga akazi mugiyemo-IGP Gasana

Mukomeze kurangwa n’imyitwarire myiza ishingiye Ku mahame ngenderwaho agenga akazi mugiyemo-IGP Gasana

Ubwanditsi 19 Oct 2016
Ese icyiswe umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi, si ikinamico nka bya bitero byo mu Burundi?

Ese icyiswe umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi, si ikinamico nka bya bitero byo mu Burundi?

Ubwanditsi 19 May 2024
Nyampinga wa Gereza muri Kenya yakatiwe igihano cy’urupfu

Nyampinga wa Gereza muri Kenya yakatiwe igihano cy’urupfu

Ubwanditsi 20 Jul 2018
Perezida Kagame yagennye imishahara mishya y’abapolisi

Perezida Kagame yagennye imishahara mishya y’abapolisi

Ubwanditsi 18 Jan 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC yatsinze Musanze ishimangira umwanya wa mbere, Rayon Sports yafashe umwanya wa Kabiri itsinze Marine FC
Amakuru

APR FC yatsinze Musanze ishimangira umwanya wa mbere, Rayon Sports yafashe umwanya wa Kabiri itsinze Marine FC

Ubwanditsi 05 Feb 2024
Uko Museveni yahaye RNC rugali  mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Uko Museveni yahaye RNC rugali mu bitangazamakuru bye guharabika u Rwanda

Ubwanditsi 05 May 2019
Dore Amafoto Agaragaza Ubwiza bwa Habiba Umukobwa uhagarariye u Rwanda Muri Miss Supranational
Mu Mahanga

Dore Amafoto Agaragaza Ubwiza bwa Habiba Umukobwa uhagarariye u Rwanda Muri Miss Supranational

Ubwanditsi 13 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru