• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Mu bizamini bisoza amashuli yisumbuye, ababarirwa kuri 82% nibo batsinze

Mu bizamini bisoza amashuli yisumbuye, ababarirwa kuri 82% nibo batsinze

Ubwanditsi 18 Feb 2016 Mu Mahanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) Ifatanije na Minisiteri ifite amashuli abanza n’ayisumbuye amasomo y’abiga ubumenyi rusange, imyuga, ndetse n’ubumenyingiro hamwe hamwe n’amashuli nderabarezi , amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuli yisumbuye yagiye ahagaragara.

-2179.jpg

Nk’uko bigaragara mu banyeshuri 68359 bari biyandikishije gukora ibizamini, byakozwe na 67709 hatsinda 60455 bangana na 89.2%, abangana na 10.3% baratsindwa, mu gihe abagana na 0.5% batitabiriye ibizamini kubera impamvu zitandukanye. Aganira n’abanyamakuru, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Rwamukwaya Olivier yatangaje ko umubare w’abatsinze ibizamini wiyongereye ugereranyije n’umwaka ushize.

Ukurikije ibyiciro by’abakoze ibizamini, mu bigaga inyigisho hatsinze 37558 bangana 89.2% mu gihe abakoze bose bangana na 42118.

Abigaga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro batsinze ku kigero cya 88,36% bangana na 20262 mu banyeshuri 23 153 bakoze ibizamini muri icyo cyiciro. Abize amashuri y’inderabarezi(TTC) batsinze ku kigero cyo hejuru kingana na 99,02% ni ukuvuga 2635 muri 2661 bakoze ikizamini. Rwamukwaya yagaragaje ko abize amashuri y’inderabarezi batsinze biyongereye ku kigero cya 12% ugereranyije n’umwaka ushize. Abize imyuga n’ubumenyingiro biyongeraho 0.1% kimwe n’abize inyigisho rusange.

Ibibazo nabyo byaragabanutse kuko ibijyanye no gukopera n’ibindi byabaye 44 mu mwaka ushize byari 102. Ku bijyan ye n’abangana na 0.5% batitabiriye ibizamini, Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini Gasana Janvier yavuze ko hari abagiye bahura n’ikibazo cy’uburwayi bwatewe no kwiga cyane bakagera ku munsi w’ibizamini bananiwe, barwaye n’ibindi bibazo bigisuzumwa. Ukurikije ibitsina, mu bize inyigisho rusange abakobwa batsinze ni 19499 bangana na 51.9% mu gihe abahungu ari 18059 bangana na 480.1%. umwaka wabanje abahungu batsinze bari 51,1% abakobwa ari 48.9%.

Mu bize amasomo y’inderabarezi abakobwa batsinze ni 1345 bangana na 50,54%, abahungu ni 1290 ni ukuvuga 48%. Mu bize amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro, abakobwa ni 9837 bangana na 46,04% abahungu ni 12219 bangana 53,29%. Abize amasomo y’inderabarezi bitabiriye gukora ibizamini ku kigero cya 100%, kandi nta ,munyeshuri waho wigeze ugaragaraho ikibazo cyo gukopera cyangwa ikindi.

N’ubwo nta bibazo byagaragaye ariko habonetse abanyeshuri bagiye bashyira umwirondoro wabo hagati mu ikayi y’ibizamini kandi bitemewe nk’uko amabwiriz a agenga ibizamini babayabwiwe ndetse banayafite ku makaye.
Abanyeshuri bagaragaye muri ibyo bikorwa amanota yabo ntiyasohotse, ariko uwagize ikibazo wese yajurira. Mu byagaragaye hari abarimu bafatiwe mu bikorwa byo kurenga ku mabwiriza y’ibizamini.

Nyura hano urebe amanota wagize http://196.44.242.28


Rushyashya

2016-02-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Ubwanditsi 16 Apr 2021
Polisi y’u Rwada yakomereje ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije mu karere ka Kamonyi

Polisi y’u Rwada yakomereje ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije mu karere ka Kamonyi

Ubwanditsi 08 Jan 2016
Uganda: uko bamwe mu bashinzwe umutekano bari inyuma y’icuruzwa ry’abana b’abakobwa mu bihugu by’abarabu

Uganda: uko bamwe mu bashinzwe umutekano bari inyuma y’icuruzwa ry’abana b’abakobwa mu bihugu by’abarabu

Ubwanditsi 07 Jul 2019
Igisirikare cya Congo cyagabye ibitero bikomeye kuri FDLR na CNRD

Igisirikare cya Congo cyagabye ibitero bikomeye kuri FDLR na CNRD

Ubwanditsi 04 Dec 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Myugariro wa APR FC, Fitina Ombolenga azamara hanze y’ikibuga ibyumweru bine adakina kubera imvune yagiriye mu mukino w’Amavubi
Amakuru

Myugariro wa APR FC, Fitina Ombolenga azamara hanze y’ikibuga ibyumweru bine adakina kubera imvune yagiriye mu mukino w’Amavubi

Ubwanditsi 15 Oct 2021
Kayumba Nyamwasa arabazwa Ben Rutabana aho kuvuga uruhare rwe akigira umuvugizi wa Uganda
INKURU NYAMUKURU

Kayumba Nyamwasa arabazwa Ben Rutabana aho kuvuga uruhare rwe akigira umuvugizi wa Uganda

Ubwanditsi 03 Jul 2020
Urukiko rw’i Kampala muri Uganda rwategetse abasirikari b’icyo gihugu  guha amahoro umunyapolitiki Bobi Wine, bakava mu rugo rwe bari bamaze igihe bagose.
Amakuru

Urukiko rw’i Kampala muri Uganda rwategetse abasirikari b’icyo gihugu  guha amahoro umunyapolitiki Bobi Wine, bakava mu rugo rwe bari bamaze igihe bagose.

Ubwanditsi 25 Jan 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru