• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda Ismael Mbonigaba araregwa guhohotera abakobwa muri Canada

Umunyarwanda Ismael Mbonigaba araregwa guhohotera abakobwa muri Canada

Ubwanditsi 01 Jun 2016 ITOHOZA

Uyu mugabo ukomoka muri Africa, mu gihugu cy’u Rwanda, Ismael Mbonigaba akurikiranywe n’ubucamanza kubera ibyaha bifitanye isano n’ubusambanyi ku ngufu yakoreye abangavu batatu.

Mbonigaba yagiye akorana n’imiryango yita ku bimukira kuva yagera muri iki gihugu cya Canada, avuye mu Rwanda aho yahoze akora mu itangazamakuru.

Uyu mugabo w’imyaka 44, araregwa ibyaha birindwi birimo gukorakora abakobwa, ubusambanyi bw’ingufu n’ubushukanyi bukoresheje ikoranabuhanga.

Ibi byaha aregwa bivugwa ko byakozwe hagati y’itariki ya 01 Nzeri 2012 na 22 Kamena 2014.

Aha mu gace kitwa Saint Anselme Mbonigaba yari umukorerabushake w’umuryango Alpha Bellechasse, uyu muryango ukaba warahise utangaza ko witandukanyije n’uyu mugabo.

Mbonigaba yabaye Umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru kigenga cyaje gufungwa “UMUSESO “ yaje gufungirwa muri gereza nkuru ya Kigali.

Uyu munyamakuru Ismail Mbonigaba yafashwe ubwo bamwe muri bagenzi be bamuregaga icyaha cyo kunyereza umutungo wabo.

Icyaha cyo kunyereza umutungo cyaje kutakirwa ariko, Ubugenzacyaha [Police Judiciaire] bumufatira ahubwo inyandiko zamamaza ibitekerezo by’ivangura.

Ubwo Mbonigaba yabazwaga n’Ubugenzacyaha (Police Judiciaire) bamubajije ku nyandiko yasohoye mu kinyamakuru cye no kuri amwe mu mashusho yakoresheje.
Ikinyamakuru UMUSESO ngo nta buzima gatozi cyagiraga, akaba ari yo mpamvu byabaye ngombwa ko umwe mu banditsi bacyo, Mbonigaba, ari we ufungura compte muri banki COGEBANK. Iyo compte ye ngo ni na yo amafaranga y’abaterankunga yanyuragaho.

-2810.jpg

Ismael Mbonigaba

Mugenzi we wakoraga muri iki kinyamakuru Umuseso, Kalisa Mc DOELL, yavuze ko ngo Mbonigaba yafashe amafaranga y’ikinyamakuru Umuseso ayashyira ku yindi compte yafunguye muri Banque de Kigali atababwiye. Icyo gihe Kalisa, na mugenzi we Robert Sebufurira, na bo ngo bari muri gereza, bafungiwe kurwana n’abapolisi muri SKY HOTEL

Bikimara kuvugwa ko Mbonigaba yaba ngo yari yanyereje umutungo w’ikinyamakuru Umuseso, nyiracyo, John Mugabi nawe waje guhunga, ubu uri mu Buhungiro i Burayi, yahise yandika amwirukana ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’icyo kinyamakuru.

Umwanditsi wacu

2016-06-01
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kuki Umunyarwanda yava mu gihugu cye gitekanye, akajya gutuzwa mu muriro utazima wo mu Burasirazuba bwa Kongo?

Kuki Umunyarwanda yava mu gihugu cye gitekanye, akajya gutuzwa mu muriro utazima wo mu Burasirazuba bwa Kongo?

Ubwanditsi 14 Dec 2024
Amaraso arasama : Kayumba yataye umutwe asigaye arara kumva ya Karegeya

Amaraso arasama : Kayumba yataye umutwe asigaye arara kumva ya Karegeya

Ubwanditsi 26 Feb 2017
Andrew Muganwa yitabye Imana

Andrew Muganwa yitabye Imana

Ubwanditsi 22 Dec 2016
Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Col Habyarimana wa FDLR yatawe muri yombi

Ubwanditsi 25 Oct 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Inyungu ya BK Group PLC yageze kuri miliyari 23 Frw mu 2017
UBUKUNGU

Inyungu ya BK Group PLC yageze kuri miliyari 23 Frw mu 2017

Ubwanditsi 24 Mar 2018
APR FC yanyagiye Marines FC ikomeza kwanikira Rayon Sports
IMIKINO

APR FC yanyagiye Marines FC ikomeza kwanikira Rayon Sports

Ubwanditsi 21 Apr 2018
Leta yashatse kwica Bobi Wine- Besigye
ITOHOZA

Leta yashatse kwica Bobi Wine- Besigye

Ubwanditsi 05 Oct 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru