• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Umuhanuzi Valens wa “Solution Center Celebration Church ” arabohora, akirukana amadayimoni

Ubwanditsi 26 Jul 2016 Amakuru

Ntabwo watera imbere uboshye niyo mpamvu Solution Center Celebration Church ari igisubizo. Uyu n’ umuryango wa gikristo ufite intego zo kuzamura ubukristo mu Rwanda ndetse no mu mahanga yose yo ku isi.

Dukora ivugabutumwa, dusengera abafite ibibazo bitandukanye cyane cyane ibya karande kubohoka no gutera imbere.


Dukora amateraniro kabiri mu cyumweru:
kuwa gatatu no Ku cyumweru. Imana yaduhaye umugisha wayo muri buri teraniro haboneka abo ukuboko kw’Imana gukoraho.

Twabonye Imana ikiza Sida, ikiza abasazi, ndetse n’abarwaye indwara z’imyuka mibi.

Ibyagezweho: Turashimira Imana ko mu myaka irindwi(Kuva 2009) itorero rimaze, yakoze imirimo yayo mu buryo bukurikira:

Gukira kw’indwara: Ntitwabarura neza abantu bose bakize indwara zitandukanye ariko abagera muri 75 bemeza neza ko Imana ariyo yabakijije. Harimo 3 bakize SIDA .

Kubohoka kw’abasazi:
Ubundi itorero ryatangiranye n’ubuhamya bw’ umukobwa wari umusazi, Imana iramukiza Pastor Valens amusengeye. Ubu abarizwa mu ba Pastor bacu.

Kubyara kw’ingumba: Imana yiyiyerekanye mu buryo butangaje igihe cyose twasengeraga ingumba, dufite ubuhamya bw’ abagore 44 n’umugabo umwe, bemeza ko bari barabuze urubyaro none barahetse!

Kubona ahantu h’agateganyo ho gusengera,

Gutangira ishuri ry’abana bato (Baby Class),

Gufungura ishami ( aho gusengera handi) Mu murenge wa Gisozi.

Ibiteganywa vuba: Gutegura aho gusengera heza: Kugura ikibanza cy’urusengero (Headquarters).

Kwagura itorero Mu turere twose two mu mujyi wa Kigali.

Kubaka ibigo by’amashuri kuri buri rusengero.

Imikorere:

Gusenga no gusoma (kwiga) ijambo ry’Imana nibwo buryo Imana igenda izamuramo abantu duhagararanye, ikababohora, ndetse hakabaho n’ibimenyetso n’ibitangaza na deliverance.

Kuramya no guhimbaza Imana bizana gutunga undi mutima umenetse w’Imana bityo kwizera kugakora imirimo yako mu bugingo bw’abari mu iteraniro ryose.

Gutegereza no gutega amatwi neza ijwi ry’ubuhanuzi rizana impinduka mu mubiri, mu buryo bw’umwuka no kwakira ubwiza bw’Imana mu materaniro.

Twiteguye kwemerera Imana n’umwuka Wera gukorera mu mitima y’abatugana Bose!

-3394.jpg

Ijambo ry’Imana rirabohora

-3395.jpg

Umuhanuzi Pasiteri Valens Bagiruwigize akaba ari nawe mushumba mukuru w’itorero

-3396.jpg

Arimo kwigisha Ijambo ry’imana abantu bagafashwa

-3397.jpg

Nibyiza gusoma ijambo ry’Imana

-3404.jpg

Ibitangaza birakoreka abantu bari barimo amadayimoni bakabohoka

-3398.jpg

-3403.jpg

-3405.jpg

Barabohoka bagakira indwara zinyuranye

-3402.jpg

Hari n’ishuri ry’Abana b’incuke

-3401.jpg

Abana b’incuke bahabwa amasomo asanzwe bakagira n’umwanya wo gutozwa Ijambo ry’Imana

-3406.jpg

Abashyitsi bo muri Amerika bari basuye itorero

-3407.jpg

Urusengero ruracyakeneye inkunga yanyu

-3408.jpg

Ushaka kubohoka, ushaka gukira indwara gana Solution Center Celebration Church ku Gisozi mu Kagari ka Ruhango , Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo

Kubindi bisonanuro wahamagara tel: 0788266388 Umuvugabutumwa Diogene Habumugisha. Iy’Umushumba ni 0788655388 Valens Bagiruwigize

2016-07-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

AMAFOTO – Manchester United ndetse na Arsenal zo mu Bwongereza ziri mu makipe yageze mu mikino ya ½ cya Europa League.

AMAFOTO – Manchester United ndetse na Arsenal zo mu Bwongereza ziri mu makipe yageze mu mikino ya ½ cya Europa League.

Ubwanditsi 16 Apr 2021
Perezida Ndayishimiye yohereje Batayo ya 9 muri congo,  gusimbura iya 7 yashiriye kurugamba barwanamo na M23.

Perezida Ndayishimiye yohereje Batayo ya 9 muri congo, gusimbura iya 7 yashiriye kurugamba barwanamo na M23.

Ubwanditsi 07 Feb 2024
Burundi : Imirwano hagati y’abasirikare n’abapolisi yakomerekeyemo bane

Burundi : Imirwano hagati y’abasirikare n’abapolisi yakomerekeyemo bane

Ubwanditsi 03 Nov 2017
APR FC na AS Kigali zitwaye neza, Rayon Sports itakaza umukino wa mbere mu guhatanira igikombe, Musanze inyagirwa na Gasogi umutoza Seninga ahita yirukanwa.

APR FC na AS Kigali zitwaye neza, Rayon Sports itakaza umukino wa mbere mu guhatanira igikombe, Musanze inyagirwa na Gasogi umutoza Seninga ahita yirukanwa.

Ubwanditsi 24 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Korea ya Ruguru yaburiye America ko izarasa indege zayo
ITOHOZA

Korea ya Ruguru yaburiye America ko izarasa indege zayo

Ubwanditsi 26 Sep 2017
Urukiko rwategetse ko abayobozi ba FERWAFA bakekwaho ruswa baburana bari hanze
Mu Rwanda

Urukiko rwategetse ko abayobozi ba FERWAFA bakekwaho ruswa baburana bari hanze

Ubwanditsi 26 Sep 2018
RDC: Abantu icyenda baguye mu mirwano yashojwe n’inyeshyamba z’abahutu
Mu Mahanga

RDC: Abantu icyenda baguye mu mirwano yashojwe n’inyeshyamba z’abahutu

Ubwanditsi 27 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru