• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Padiri Nahimana Thomas yiyumvamo kuba Umufaransa kurusha kuba Umunyarwanda

Padiri Nahimana Thomas yiyumvamo kuba Umufaransa kurusha kuba Umunyarwanda

Ubwanditsi 24 Nov 2016 ITOHOZA

Nafashe umwanya wo gutekereza kuri caisse yuyu mugabo wiyita umupadiri kandi atakiri we nanzura ko yaba we yiyumvamvamo kuba umufaransa kurusha kuba umunyarwanda ati gute?

Uyu mugabo wagiye mu gihugu cy’ubufaransa mu mwaka wa 2005 agenda avuga ko umutekano we utameze neza amaze kugerayo yatse ibyangombwa by’ubuhungiro maze arabihabwa aba muri icyo gihugu nk’impunzi, nyuma y’imyaka mike nibwo yashinze urubuga kuri internet arwita leprohpete.fr aho yagiye acishaho inyandiko nyinshi agamije kubiba amacakubiri mu banyarwanda ndetse no kwangisha abaturage ubuyobozi buriho! mu mavidewo ubwe yishyiriye ku rubuga rwa youtube yivugiye ko atemera jenoside yakorewe Abatutsi kandi ko aramutse atowe icyo yashyira imbere ari ugusenya inzibutso zose za jenoside yakorewe Abatutsi.

Ibyo yabyuririyeho abifashijwemo n’abayobozi bo mu gihugu cy’ubufaransa baza ku isonga mu gupfobya jenoside maze bamwemerera kumuha ubwenegihugu bwicyo gihugu kugira ngo bakunde bamukoreshe mugukomeza gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi nuko nahimana yinjiye idini neza kuko yarabonye uburenganzira bwo kuba ku mugabane w’iburayi atitwa impunzi.

Ka ngaruke gato ku mutwe wiyi nkuru impamvu navuze ko uyu mugabo yiyumvamo ubufaransa kurusha ubunyarwanda nizi zikurikira, Nahimana washatse kuza mu Rwanda kwiyamamaza kuba president ariko agahitamo gukoresha inzira z’ubusamo (short cuts) ndetse akabikora nkana ati gute? uyu mugabo iyo aba yiyumvamo ubunyarwanda yari bujye kuri embassy y’u Rwanda muri icyo gihugu maze akavuga ko ari impunzi ishaka gutaha mu gihugu cye maze embassy ikamuha ibyangombwa byose bikenewe ubundi agataha nk’umunyarwanda utahutse, ibyo Nahimana ntiyigeze abikora kuko iyo ajya muri embassy akabigenza gutyo yari bubanze akakwa ubwenegihugu bw’ubufaransa ibyo rero yanze kubikora kuko atari kwemera guhara ubwo bwenegihugu yari yarahawe nabo bazungu.

-4787.jpg

Nahimana Thomas, Venant Nkurunziza, Claire Nadine Kasinge n’umwana we w’amezi 7 nanubu barakicaye muri Transit ya JKIA muri Kenya.

Amaze kwanga kugana embassy y’u Rwanda yahisemo guteka umutwe ajya muri embassy ya Kenya yaka Visa y’ubukerarugendo ngo nagera muri Kenya azinjire mu Rwanda nk’umukerarugendo w’umufaransa!!, Kenya yo ntabwo yari bumwime iyo Visa kuko bamufataga nk’umufaransa ushaka kujya gutembera!! ariko amategeko agenga iyo visa avuga ko uyihabwa aba agiye mubukerarugendo ataba ajyanwe n’akazi cg ibikorwa bya politike itegeko rikavuga ko uramutse utahuwe iyo Visa ihita ihagarikwa (cancelled) nkuko tubisanga kuri runo rubuga: https://www.migration.gov.rw/index.php?id=233 ibi nabyo ni kimwe mu bigaragaza ko uyu mugabo atigeze aterwa ishema no kuba umunyarwanda kuko iyo aba ari urukundo afitiye igihugu kandi akaba yakora icyo ashoboye cyose ntabwo yari bujye guteka umutwe ashaka kwinjira mu gihugu nk’umukerarugendo ahubwo yari buze yemye nk’impunzi itahutse nkuko abandi bose babigenza.

Peter Mahirwe Umusomyi wacu

2016-11-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye bato barenga 400

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye bato barenga 400

Ubwanditsi 08 Apr 2017
U Rwanda ku mwanya wa cyenda ku Isi mu bihugu bifite umutekano usesuye

U Rwanda ku mwanya wa cyenda ku Isi mu bihugu bifite umutekano usesuye

Ubwanditsi 17 Apr 2017
Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Ubwanditsi 19 Aug 2016
Burera: Habonetse umurambo w’umusore wishwe ateraguwe ibyuma

Burera: Habonetse umurambo w’umusore wishwe ateraguwe ibyuma

Ubwanditsi 21 Aug 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umugore yaguye igihumure nyuma yo gutsindira itike yo kuziyamamariza mu ishyaka Uhuru Kenyatta ayobora
Mu Rwanda

Umugore yaguye igihumure nyuma yo gutsindira itike yo kuziyamamariza mu ishyaka Uhuru Kenyatta ayobora

Ubwanditsi 01 May 2017
Uko Ikiganiro Perezida Kagame yagiranye  na  Perezida Donald Trump cyagenze [ video ]
INKURU NYAMUKURU

Uko Ikiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Donald Trump cyagenze [ video ]

Ubwanditsi 26 Jan 2018
Umuhanzi Mr Nice wakunzwe mu ndirimbo zirimo Kikulacho yageze i Kigali -AMAFOTO
Mu Rwanda

Umuhanzi Mr Nice wakunzwe mu ndirimbo zirimo Kikulacho yageze i Kigali -AMAFOTO

Ubwanditsi 24 Mar 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru