• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

  • Niyigena Clément wa APR FC n’uwahoze ari umutoza we Darko Novic mu begukanye ibikombe by’abahize abandi muri Rwanda Premier League 2024-2025   |   31 May 2025

  • Umunya-Tunisia Afhamia Lotfi watozaGA ikipe ya Mukura VS yagizwe Umutoza Mukuru mushya wa Rayon Sports FC   |   30 May 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Amabanga 10 akomeye mu gushinga Urugo

Amabanga 10 akomeye mu gushinga Urugo

Editorial 25 Feb 2017 HIRYA NO HINO

1. BURI WESE AGIRA INTEGE NKE

Imana niyo itagira intege nke
Buri rurabo rwa roza rugira amahwa yarwo. Nutumbira cyane intege nke z’uwo mwubakanye ntushobora kunezezwa na cya kindi afitemo imbaraga

2. BURI WESE AGIRA AMATEKA

Si malayika bityo wikomeza gucukumbura ahashize he. Icyingenzi ni ubuzima mubanyeho none. Ibyarangiye byarabaye. Babarira wibagirwe. Ibyahise ntacyo wabihinduraho. Ita Ku bya none n’ejo hazaza

3. BURI RUGO RUGIRA IBYARWO

urugo si uburiri bw’indabo z’iroza. Urugo wabonyemo ibyiza hari ibikomeye ruba rwaranyuzemo byaka umuriro. Urukundo nyakuri rugaragarira mu bigeragezo
Rwanirira urugo rwawe
Nambana n’uwo mwashakanye mu gihe mugeragezwa. Wibuke ko ariyo ndahiro mwakoze musezerana.

4. BURI RUGO HARI IBYIZA RUGERAHO

Wigereranya urugo rwawe n’izabandi. Ntibyahwana rwose, zimwe zishobora kuba zarabarenze izindi zibari inyuma.
Mu kwigabanyiriza ibibazo (iteshamutwe) mu rugo, ihangane, kora cyane mu gihe cyawe. Ibyo mwiyifuriza mu rugo bizageraho bibe.

5. KWUBAKA URUGO NI UGUTANGIZA URUGAMBA

Iyo mushinze urugo, ugomba gutangiza intambara irwanya abanzi b’urugo
Bamwe muri abo banzi ni:
Ubutamenya (kutita Ku bintu)
Kudasenga, kutababarira, ubuhehesi, gukururwa n’abandi, gushukwa, gukubita umugore, urukundo ruke, kwiyenza, ubunebwe, gutandukana nawe. Itegure rero guhangana nabyo urwanirira ubusugire bw’urugo

6. NTA RUGO NGENDERWAHO

Nta rugo rw’intangarugero muri byose. Urugo rudusaba gukora n’ubushake neza kandi buri munsi. Urugo twarugereranya n’imodoka igira akongeramuvuduko amavuta yako n’agasohoramwotsi iyo bititaweho
Imodoka ipfira mu nzira igatamaza abayirimo. Benshi muri twe turangwa no kutita Ku rugo. ESE nawe ni uko? Niba urimo. Ndakwinginze ita Ku rugo rwawe.

7. IMANA ISHOBORA KUBA ITARAGUHAYE UWO WIFUZA NEZA NEZA

Imana yamuguhaye adatuganye ngo umugire uko wamwifuzaga. Niba warashakaga ukunda gusenga akaba atabikunda cyane. Mu Rukundo. Sengana nawe umutere umwete. Bizageraho bize.

8. KUBAKA URUGO NI UKWEMERA INGARUKA

Ntiwamenya ibizaba mu rugo rwawe, ubuzima bushobora guhinduka. Ugomba kubyakira mukanabiganiraho ngo mubyumvikaneho.
Mushobora kubura urubyaro.
Ashobora kubyibuha cyane utabikunda.
Ashobora kubura akazi bikaba ngombwa ko ari wowe wenyine utunga urugo igihe kirekire. Ihangane niba Imana iri mu ruhande rwanyu, hari Umunsi muzaseka.

9. KWUBAKA URUGO SI IBY’IGIHE GITO NI IBY’ITEKA

Urugo ni ukwiyemeza burundu, urukundo ni ubushishi (colle) bufatanya abubakanye.
Ubutane butangirira mu bitekerezo. Ntukabitekereze. Ntuzanamukangishe gutaana. Haranira kubana nawe mu rugo. Imana yanga ubutane.

10. BURI RUGO HARI ICYO RUSABWA

Urugo ni nka konti muri banki. Amafaranga wabikijemo niyo ubikuza. Niba nta rukundo, amahoro, no kwitanaho (care) washyize mu rugo. Ntutegereze urugo rwiza.
Nta Rukundo rwizana, urukundo rutera gutanga no kwitanga

Umwami wacu Yezu Kristu aduhe Ubuntu n’ubwenge bwo kwubaka ijuru rito mu rugo.
Muhabwe umugisha.

Source : Inshuti z’abarinzi group

2017-02-25
Editorial

IZINDI NKURU

Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Editorial 12 Mar 2018
Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Editorial 24 Sep 2023
Itangazamakuru rya EAC rikuririza ikibazo cy’u Rwanda na Uganda – Perezida Kagame

Itangazamakuru rya EAC rikuririza ikibazo cy’u Rwanda na Uganda – Perezida Kagame

Editorial 09 Apr 2019
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Editorial 29 Aug 2023
Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Editorial 12 Mar 2018
Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Editorial 24 Sep 2023
Itangazamakuru rya EAC rikuririza ikibazo cy’u Rwanda na Uganda – Perezida Kagame

Itangazamakuru rya EAC rikuririza ikibazo cy’u Rwanda na Uganda – Perezida Kagame

Editorial 09 Apr 2019
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Editorial 29 Aug 2023
Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Davido wavuzweho gukururana n’abakobwa bo mu Rwanda ngo ntazi gucana inyuma

Editorial 12 Mar 2018
Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Editorial 24 Sep 2023
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru