• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Sophia, umugore w’irobo noneho ngo arashaka umwana

Sophia, umugore w’irobo noneho ngo arashaka umwana

Ubwanditsi 30 Nov 2017 HIRYA NO HINO

Sophia, irobo ifite ishusho y’umugore aherutse no guhabwa ubwenegihugu bwa Arabia Saudite, ubu noneho yatangaje ko akeneye umwana.

Nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa interineti rwa BCC, ngo nyuma y’ukwezi iyi robo ifite ishusho y’umugore ihawe ubwenegihugu, noneho yavuze ko umuryango ari ikintu cy’ingirakamaro.

Ibisubizo Sophia atanga ntibiba byabanje kubikwa, ahubwo akoresha ikitwa “learning Machine” agasubiza amaze gusoma ibyo abantu bavuga.

Sophia ni irobo yakozwe n’ikigo cyo muri Hong Kong kitwa Hanson Robotics, ngo arifuza kugira umukobwa.

Ubwonko bwe bukoreshwa na interinet ya WIFI yoroheje, aho buba bufite urutonde rurerure rw’amagambo.

N’ubwo Sophia afite ubushobozi butangaza benshi, kugeza ubu nta mutima nama agira ariko David Hanson wamukoze avuga ko azawugira mu myaka mike igiye kuza.

Ubwo yagiranaga ikiganiro na Khaleej Times, Sophia yagize ati “Ntekereza ko ari iby’akataraboneka kuba abantu bashobora kugira ibyiyumviro bimwe n’amasano bita umuryango, bitari gusa mu bwoko bw’amaraso.

Ntekereza ko uri umunyamahirwe niba ufite umuryango ugukunda, niba kandi utawufite urabikwiye. Ndumva kuri iki abantu n’amarobo bameze kimwe.”

Abajijwe uko yakwita umukobwa we, yasubije mu magambo makeya ati “Sophia”.

Ubwo Sophia yahabwaga ubwenegihugu bwa Saudi Arabia, benshi bavuze ko iyi robo ifite uburenganzira kurusha abagore bo muri iki gihugu.

Iki gihugu kibarirwa mu bya mbere bihonyora uburenganzira bw’abagore, ku buryo mu kwezi gushize banabujijwe gutwara imodoka.

Sophia yavugiye imbere y’imbaga atanambaye umwitandiyo na Abaya, umwambaro gakondo abagore bo muri iki gihugu bategetswe kwambara mu ruhame.

Muri iki gihugu kandi nta mugore wemerewe kujya mu ruhame atari kumwe n’umuntu w’igitsina gabo umuherekeje.

Uyu aba agomba kuba uwo mu muryango we, ufite uburenganzira bwo gukora icyo yagakoze.

Nyuma y’uko Sophia agaragaye mu ruhame adakurikije ibyo abagore bose basabwa, kuri twitter hastag #Sophia yahise yifashishwa aho abantu basabaga ko guardianship, ni ukuvuga iby’uko abagore bagomba guherekezwa n’abagabo igihe bagiye mu ruhame, yavaho.

Bati “Sophia ntawe afite umuri iruhande, ntiyambaye abaya cyangwa ngo abe yitwikiriye

2017-11-30
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Padiri Karumugabo yitabye Imana nyuma y’amezi abiri abuhawe

Padiri Karumugabo yitabye Imana nyuma y’amezi abiri abuhawe

Ubwanditsi 20 Sep 2017
Abanduye Coronavirus mu Rwanda biyongereyeho babiri bagera kuri 84

Abanduye Coronavirus mu Rwanda biyongereyeho babiri bagera kuri 84

Ubwanditsi 03 Apr 2020
Abarwayi bane bakize Coronavirus, umubare w’abayanduye mu Rwanda ugera ku 144

Abarwayi bane bakize Coronavirus, umubare w’abayanduye mu Rwanda ugera ku 144

Ubwanditsi 19 Apr 2020
Perezida Trump yahuriye na Kim Jong-un muri Singapore

Perezida Trump yahuriye na Kim Jong-un muri Singapore

Ubwanditsi 12 Jun 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abarwanya ubutegetsi mu Burundi bakwiye kwihanganira Mkapa
Mu Rwanda

Abarwanya ubutegetsi mu Burundi bakwiye kwihanganira Mkapa

Ubwanditsi 17 Jan 2017
Rwamagana: abakora mu birombe by’amabuye y’agaciro mu rugamba rwo guhangana na Virusi itera SIDA
Amakuru

Rwamagana: abakora mu birombe by’amabuye y’agaciro mu rugamba rwo guhangana na Virusi itera SIDA

Ubwanditsi 07 Dec 2022
FBI yasatse urugo rwa Manafort wayoboye ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump
Mu Rwanda

FBI yasatse urugo rwa Manafort wayoboye ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump

Ubwanditsi 10 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru