• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Editorial 08 Mar 2018 SHOWBIZ

Umuhanzi ukomeye cya mubufaransa ariko ufute inkomoko mu Rwanda.  Stromae  wamyenyekanye cyane mu ndirimbo (papaoutai), niwe muhanzi watoranyijwe kugaragaza byinshi kuri Filime ivuga kubuzima bw’umuraperi ukomeye cyane mu gihugu cy’Ubufaransa Maître Gims.

Ibi byabaye nyuma y’uko bigaragaye ko Stromae asanzwe ari inshuti magara yihariye y’uyu muraperi kandi ko ariwe uzi byinshi byerekeranye nawe dore ko binavugwa ko ashobora kuzavuga bimwe bitagaragajwe muri iyi Filime mu buryo bwimbitse.

Image result for Maître GimsFilime yakinwe n’abahanga bakomeye mu gukuna amafilime ivuga kubuzima bw’umuraperi Maître Gims yahawe izina rya Maître Gims à cœur ouvert’ ikaba iteganyijwe kuzerekanwa kuri Televiziyo  w9 ikomeye mu Bufaransa ki Isaa 22h45 ku itariki 29 Werurwe 2018.

Byatangajwe n’Ikinyamakuru M Radio cyavuze byinshi kumitegurire y’iyi Filime n’uburyo iteganwa kuzashirwa ahagaragara ,ndetse n’abazayifasha kuyimenyekanisha barimo Stromae uzaba ayivugaho byinshi kumunsi wo kwerekanywa kuri Televiziyo.

Iyi filime igiye kwerekanwa mu gihe Maître Gims ari mu bikorwa byo kwamamaza no gushaka uko yamenyekanisha album ye nshya yise ‘Ceinture Noire’. Iyi album yitezweho byinshi kurusha ‘Subliminal’ yakoze mu mwaka wa 2013 ikanyura benshi igacuruzwa mu buryo bukomeye aho yagurishije kopi 1 000 000.

Umuhanzi Stromae ubwo azaba avuga byinshi bitandukanye kuri iyi Filime, azaba afite akamaro ko gufasha abasangizwabikorwa kumva no gusobanukirwa byimbitse Maître Gims, azamuvuga nk’inshuti ye magara ndetse avuge birambuye uko amuzi n’ibyo baziranyeho ubwabo abafana batigeze bamenya.

Muri iyi filime, abantu bakomeye ndetse bafite amazina azwi cyane nka Michel Drucker na Laurent Ruquier bazatangamo ubuhamya ku buzima bwa Maître Gims n’uko yaje kuvamo umuraperi ukomeye.

Image result for Stromae

Si Stromae gusa witezweho gutambutsa ibiganiro no gutanga ubuhamya ku buzima bw’umuraperi Maître Gims kuko hari n’Abandi basanzwe bamuzi bitandukanye bagomba kuzahabwa umwanya harimo: umugore we DemDem ndetse n’umuvandimwe we witwa Dadju; hari kandi abahanzi nka Florent Pagny na Black M. Maître Gims ubwe na we azavuga birambuye ku buto bwe n’uko yinjiye mu muziki n’ibindi yahuye nabyo.

Maître Gims, ni umuraperi, umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo ukomeye mu Bufaransa. Yavukiye mu Mujyi wa Kinshasa tariki ya 6 Gicurasi 1986.

Image result for Maître Gims

Yavutse mu muryango w’abaririmbyi, se yari umucuranzi ukomeye mu itsinda Viva La Musica rya Papa Wemba, abavandimwe be nabo ni abaraperi. Yasohoye album ye ya mbere nk’umuhanzi wigenga mu 2013 yayise Subliminal.

Nyuma yo kwandika amateka ndetse akaba umuhanzi w’ikirangirire ku rwego mpuzamahanga, hakozwe Filime ivuga byinshi kubuzima bwe kuva akiri umwana muro kugeza kuntera ariho ubu by’umwihariko akaba agikomeje guharanira gukora ibikorwa bikomeza kumwongerera ibigwi mu muziki we kuko agiye gushyira inndi Album hanze yis ‘Ceinture Noire’.

Rushyashya.net

2018-03-08
Editorial

IZINDI NKURU

DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

Editorial 09 Mar 2018
Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Editorial 27 Dec 2017
Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube

Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube

Editorial 25 Jul 2021
Miss Uwase Ndahiro Liliane ashaka kwiyamamariza kuba umudepite mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda

Miss Uwase Ndahiro Liliane ashaka kwiyamamariza kuba umudepite mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda

Editorial 04 Apr 2018
DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

Editorial 09 Mar 2018
Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Editorial 27 Dec 2017
Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube

Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube

Editorial 25 Jul 2021
Miss Uwase Ndahiro Liliane ashaka kwiyamamariza kuba umudepite mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda

Miss Uwase Ndahiro Liliane ashaka kwiyamamariza kuba umudepite mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda

Editorial 04 Apr 2018
DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

DJ Ira yavuze ko mu kazi ke hari abamwibeshyaho bakamwitiranya n’indaya

Editorial 09 Mar 2018
Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Mu masaha make haramenyekana niba Phiona Mutoni yegukana Miss Africa 2017

Editorial 27 Dec 2017
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru