• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Ubwanditsi 13 Aug 2018 IMIKINO

Bigoranye, ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu minota 120 yose, itwara igikombe cy’Amahoro 2018 ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ya 2019.

Niyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n'umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanyeNiyobuhungiro Fidel wahoze ari SG wa Mukura n’umutoza wungirije Rwaka Claude bishimira igikombe ikipe ya Mukura yegukanye
Imidali yahawe Mukura yatwaye igikombeImidali yahawe Mukura yatwaye igikombe
Umutoza Haringingo aganira n'itangazamakuruUmutoza Haringingo aganira n’itangazamakuru
Rwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n'ubwo atafashe za penalitiRwabugiri Omar yafashije Mukura kugera ku mukino wa nyuma n’ubwo atafashe za penaliti
Abakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yaboAbakinnyi ba Mukura barimo Saidi, Gael, David na Zagabe bifotozanya cheque ya Miliyoni 10 yahawe ikipe yabo
Byari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy'AmahoroByari ibyishimo bidasanzwe kuri Mukura yegukanye bwa mbere igikombe cy’Amahoro
Rayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk'ikipe ya kabiriRayon Sports bifotozanya na cheque ya Miliyoni 3 bahawe nk’ikipe ya kabiri

Abakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y'umwanya wa kabiriAbakinnyi ba Rayon Sports bambikwa imidali y’umwanya wa kabiri
APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2 APR FC (kapiteni Ngabo Albert) yahawe miliyoni 2
Abatoza ba APR FC bambikwa imidali y'umwanya wa gatatuAbatoza ba APR FC bambikwa imidali y’umwanya wa gatatu
Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali Abasifuzi (uturutse ibumoso: Karangwa Justin, Uwikunda Samuel, Ishimwe Jean Claude, komiseri Gakire Jean Paul na Hakizimana Ambroise) bambitswe imidali
Perezida w FERWAFA n'umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk'ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwePerezida w FERWAFA n’umuyobozi wa Azam bahemba Sunrise FC(kapiteni Serumogo) nk’ikipe yabaye iya kane yahawe Miliyoni imwe
Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy'Amahoro mu 1995Umutoza Haringingo Francis Christian yahesheje Mukura igikombe yari yarabuze kuva cyiswe icy’Amahoro mu 1995
Perezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n'abakinnyiPerezida wa Mukura VS; Nizeyimana Olivier ateruye igikombe, yishima hamwe n’abakinnyi
Bimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombeBimenyimana Bonfils Caleb yubitse umutwe arira ubwo yari amaze guhusha penaliti yahaye Mukura igikombe
Mutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiyeMutsinzi Ange ni uko yari ameze ubwo umukino wari urangiye
Yannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyumaYannick Mukunzi watsinze penaliti imwe ya Rayon Sports yarize nyuma yo gutakaza uyu mukino wa nyuma

Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis Abakinnyi ba Mukura bateruye umutoza Haringingo Francis
Mukura mu bicu nyuma y'uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kaneMukura mu bicu nyuma y’uko Rayon Sports ihushije penaliti ya kane

2018-08-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ikipe y’igihugu ya Senegal na Côte d’Ivoire zageze muri 1/2 cya Afrobasket ikomeje kubera mu Rwanda

Ikipe y’igihugu ya Senegal na Côte d’Ivoire zageze muri 1/2 cya Afrobasket ikomeje kubera mu Rwanda

Ubwanditsi 02 Sep 2021
APR FC  yatsindiwe na Djoliba muri Mali

APR FC yatsindiwe na Djoliba muri Mali

Ubwanditsi 08 Mar 2018
U Rwanda rwahawe kwakira shampiyona y’isi y’amagare ya 2025, ikaba ku ncuro ya mbere iri rushanwa rizaba rigiye kubera ku mugabane wa Afurika

U Rwanda rwahawe kwakira shampiyona y’isi y’amagare ya 2025, ikaba ku ncuro ya mbere iri rushanwa rizaba rigiye kubera ku mugabane wa Afurika

Ubwanditsi 23 Sep 2021
Ikipe y’igihugu ya Sénégal ntigikoreye umwiherero i Kigali yitegutura imikino y’igikombe cya Afurika

Ikipe y’igihugu ya Sénégal ntigikoreye umwiherero i Kigali yitegutura imikino y’igikombe cya Afurika

Ubwanditsi 29 Dec 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Prophet Fire [ Pastor Bosco ]  avuye i Burayi ahatangije itorero Patmos ndetse ngo ibitangaza byarakoretse
Mu Rwanda

Prophet Fire [ Pastor Bosco ] avuye i Burayi ahatangije itorero Patmos ndetse ngo ibitangaza byarakoretse

Ubwanditsi 12 Oct 2017
Narababwiye ngo u Rwanda kubera ko ari ruto ntabwo tuzategereza udutera adusanga hano -“Chairman”
Amakuru

Narababwiye ngo u Rwanda kubera ko ari ruto ntabwo tuzategereza udutera adusanga hano -“Chairman”

Ubwanditsi 29 Jun 2024
Polisi yasimbuje Umuvugizi maze CP Kabera JB Ahabwa inshingano nshya
Amakuru

Polisi yasimbuje Umuvugizi maze CP Kabera JB Ahabwa inshingano nshya

Ubwanditsi 30 Aug 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru