• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»RIB Iravuga Ko Abantu 15 Batawe Muri Yombi Bakekwaho Amanyanga Mu Matora

RIB Iravuga Ko Abantu 15 Batawe Muri Yombi Bakekwaho Amanyanga Mu Matora

Ubwanditsi 08 Sep 2018 ITOHOZA

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruravuga ko mu matora aherutse y’abadepite rwabonye ibibazo by’imikorere mibi bigera kuri bine bituma abantu bagera kuri 15 batabwa muri yombi.

Umuvugizi wa RIB, Modeste Mbabazi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye ikinyamakuru The New Times ko bane mu batawe muri yombi barekuwe ariko bagikorwaho iperereza.

Modeste Mbabazi akaba yavuze ko mu gihe amatora yari arimo araba mu mahoro no mu bwisanzure, hari amakosa amwe yakozwe abakekwa bakaba bari gukorwaho iperereza.

Yavuze ko udusanduku tubiri tw’itora twafunguwe, naho ahantu habiri hatandukanye udusanduku tw’itora tutari twafunzwe neza, mu gihe abantu babiri bafashwe bagerageza gutorera abandi.

Umuvugizi wa RIB yakomeje avuga ko dosiye z’abantu batandatu muri aba zamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha, mu gihe izindi 5 zizabushyikirizwa mu cyumweru gitaha. Yongeyeho ko mu bafashwe harimo abari abakorerabushake mu matora n’abantu babiri ku giti cyabo.

Bwana Faustin Nkusi, Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bukuru, yavuze ko bazakora iperereza ryabo mbere yo gufata icyemezo cyo kugeza abakekwa mu rukiko cyangwa kubarekura.

Ati: “Tuzasesengura dosiye zabo dufate icyemezo bijyanye.”

Ingingo ya 559 mu gitabo cy’amategeko ahana ivuga ko umuntu ukoze cyangwa ugerageje kurenga ku mabwiriza agenga amatora ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe kugeza kuri ibiri ndetse agacibwa amande angina na miliyoni 3 frw cyangwa kimwe muri ibi bihano.

Hagati aho NEC yemeje Abadepite 80 bazaba bari muri manda ya 2018/2023

FPR Inkotanyi

  1. IZABIRIZA Marie Médiatrice
    2. BITUNGURAMYE Diogène
    3. MURUMUNAWABO Cécile
    4. RUKU-RWABYOMA John
    5. MUKABAGWIZA Edda
    6. NIYITEGEKA Winifrida
    7. MPEMBYEMUNGU Winifrida
    8. NDAHIRO Logan
    9. MBAKESHIMANA Chantal
    10. HARERIMANA MUSA Fazil
    11. MUTESI Anita
    12. RWAKA Claver
    13. HABIYAREMYE J.P. Célestin
    14. NYABYENDA Damien
    15. MUKANDERA Iphigénie
    16. KANYAMASHULI KABEYA Janvier
    17. UWIMANIMPAYE Jeanne d’Arc
    18. UWIRINGIYIMANA Philbert
    19. RWIGAMBA Fidèle
    20. MUKOBWA Justine
    21. NDAGIJIMANA Léonard
    22. UWAMARIYA Rutijanwa Marie Pélagie
    23. NYIRABEGA Euthalie
    24. UWANYIRIGIRA Marie Florence
    25. BARIKANA Eugène
    26. NIZEYIMANA Pie
    27. KAREMERA Francis
    28. MUHONGAYIRE Christine
    29. UWAMARIYA Odette
    30. MUKAMANA Elisabeth
    31. BUGINGO Emmanuel
    32. TENGERA Francesca
    33. MANIRARORA Annoncée
    34. SENANI Benoit
    35. MUREBWAYIRE Christine
    36. BEGUMISA Théoneste Safari
    37. KALINIJABO Barthelemie
    38. MURARA Jean Damascène
    39. RUHAKANA Albert
    40. MUNYANEZA Omar

PL

  1. MUKABALISA Donatille
    2. MUNYANGEYO Théogène
    3. MBONIMANA Gamaliel
    4. MUKAYIJORE Suzanne

PSD

  1. NGABITSINZE Jean Chrysostome
    2. NYIRAHIRWA Vénéranda
    3. HINDURA Jean Pierre
    4. RUTAYISIRE Géorgette
    5. MUHAKWA Valens

Green Party

1. Habineza Frank

2. Ntezimana Jean Claude

PS Imberakuri

  1. MUKABUNANI Christine
    2. NIYORUREMA Jean Rene
    Uhagarariye abafite ubumuga
    1. MUSSOLINI Eugene
    Abahagararira urubyiruko
    1. KAMANZI Ernest
    2. MANIRIHO Clarisse

Abahagarariye abagore

  1. NYIRARUKUNDO Ignacienne
    2. UWANYIRIGIRA Gloriose
    3. AHISHAKIYE Mediatrice
    4. UWERA Kayumba Marie
    5. UWAMARIYA Veneranda
    6. UWUMUREMYI Marie Claire
    7. NYIRABAZAYIRE Angelique
    8. AYINKAMIYE Speciose
    9. MUZANA Alice
    10. MUKABIKINO Jeanne Henriette
    11. BAKUNDUFITE Justine
    12. UWAMBAJE Aimée Sandrine
    13. NYIRAGWANEZA Athanasie
    14. MUKARUGWIZA Annonciata
    15. RUBAGUMYA Furaha Emma
    16. UWINEZA Béline
    17. MUKAMANA Alphonsine
    18. UWAMAHORO Berthilide
    19. MUREKATETE Marie Therese
    20. UWINGABIYE Solange
    21. NIRERE Marie Therese
    22. BASIGAYABO Marceline
    23. NDANGIZA Madina
    24. Kanyange Phoebe

 

2018-09-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Musanze: Umugabo w’imyaka 38 yasanzwe mu Ishyamba  yimanitse mu giti

Musanze: Umugabo w’imyaka 38 yasanzwe mu Ishyamba yimanitse mu giti

Ubwanditsi 13 May 2017
Diaspora yariye karungu, amabanga yose y’abanzi b’u Rwanda kukarubanda, dore iby’inama ya Rusesebagina yabereye mu ibanga

Diaspora yariye karungu, amabanga yose y’abanzi b’u Rwanda kukarubanda, dore iby’inama ya Rusesebagina yabereye mu ibanga

Ubwanditsi 01 Oct 2019
Twacengeye e.mail za bamwe mu bayobozi bakuru ba RNC

Twacengeye e.mail za bamwe mu bayobozi bakuru ba RNC

Ubwanditsi 15 Jul 2016
Nyagatare: Umupolisi yarashe umumotari ahita apfa

Nyagatare: Umupolisi yarashe umumotari ahita apfa

Ubwanditsi 18 Oct 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ethiopie yitegura gukina n’Amavubi yageze mu Rwanda, Rayon Sports ikomeje gutegura imikino ya gishuti mpuzamahanga irimo iyo izakina na URA FC na Singida
Amakuru

Ethiopie yitegura gukina n’Amavubi yageze mu Rwanda, Rayon Sports ikomeje gutegura imikino ya gishuti mpuzamahanga irimo iyo izakina na URA FC na Singida

Ubwanditsi 01 Sep 2022
PS muri Minisiteri ya Siporo, Shema Maboko Didier yashyikirije ibendera abakinnyi bagiye guhagararira u Rwanda muri shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare
Amakuru

PS muri Minisiteri ya Siporo, Shema Maboko Didier yashyikirije ibendera abakinnyi bagiye guhagararira u Rwanda muri shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare

Ubwanditsi 20 Mar 2022
Perezida Kagame yageze i Addis Ababa aho yitabiriye Inama Rusange ya 30 y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yageze i Addis Ababa aho yitabiriye Inama Rusange ya 30 y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe

Ubwanditsi 27 Jan 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru