• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Willis Shalita, aragira icyo avuga kunyandiko ya Rudasingwa

Willis Shalita, aragira icyo avuga kunyandiko ya Rudasingwa

Ubwanditsi 15 Jul 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, POLITIKI

Sinashoboye kwihanganira guseka, ubwo narimo gusoma inyandiko ya Rudasingwa, yanditse ku wa 30 Kamena 2019 muri “ THE RWANDAN”, iyo nyandiko ikaba yarifite umutwe ugira uti” General Kayumba Nyamwasa must account for the loss of Rwandan lives in DRC”

Ugenekereje mu Kinyarwanda bisobanura ngo Jenerali Kayumba Nyamwasa agomba kubazwa urupfu rw’Abanyarwanda baguye muri Kongo Kinshasa.

Ibi si ibanga, ko Rudasingwa atari yubahiriza indahiro  yagiriye imbere y’ibiro by’ikirenga, yanakoze mo igihe kirekire. None se ni kuki yatekereza ko ubu hari uwakwemera ibyo avuga, uretse iteshamutwe gusa.

Mur’iyi nyandiko, Rudasingwa yemera ibintu byinshi, kandi ibyinshi muri byo yarabiryojwe, akatirwa adahari mugihe gisaga imyaka makumyabiri. Urugero, yemera ko hari abarwanyi basaga 400 bari muri DRC, bayobowe na RNC. Kandi akavuga ko abo barwanyi bayobowe na Jenerali Kayumba Nyamwasa, ubu utuye akanarindirwa mu gihugu cya Afurika y’Epfo.”

Urashaka kumenya icyo Rudasoingwa atekereza ku ngabo za  Nyamwasa? Abita inyeshyamba  z’imihirimbiri zahawe akato,  zibunuje kandi  zazahajwe n’ubutindi”

Nkuko Rusasingwa abigaragaza, ngo ntacyigeze gihinduka ku myitwarire ya Nyamwasa.  Akaba amurega ibikorwa bya Jenoside y’Abahutu haba mu Rwanda ndetse no muri DRC.

Umunsi Nyamwasa azatabwa muri ‘yombi, kuko bizaba, akagera mu rukiko, Nyagasani uzamugirire imbabazi, Rudasingwa azaba nk’igisasu gituritse ku bushinjacyaha. Ariko nawe arashakishwa n’ubutabera.

Akomeza avuga kuri Nyamwasa , ari mu buhungiro kuva mu mwaka wa 2010, kandi akaba atarigera yemera ibyaha yakoreye ingabo zari iza RPA.

Icyifuzo cye ntagereranywa cyo gusimbura Perezida Kagame, cyakomeje kumuhuma amaso (Nyamwasa),  kugeza naho yifashishije ibitambo by’Abantu” nkuko byanditswe na  Rudasingwa w’ISHAKWE- RNC, kandi akaba numwe mu bayishinze, abwira abasomyi be ko RNC ubu igeze aharindimuka, kuko ubuyobozi bwayo ari ntakigenda amacakubiri, imyiryane, icyitwa disipuline cyo rwose nticyirangwa muri RNC.

Ihamagazwa n’inkiko bikaba bigikomeza, kuva muri 2016,Nyamwasa yari ayoboye RNC mu bikorwa bya gisirikare ariko mu buryo  bw’ubwiyahuzi, bityo bigatuma haba imfu z’Abanyarwanda nkuko aka kajagari kariho ubu kabigaragaza.

Mbere na mbere, we Nyamwasa yohereje abasaga 400, bari biganjemo cyane cyane abasore b’Abanyarwanda mu mashyamba ya DRC, nta we ushinzwe kubayobora, mu buryo ubwo aribwo bwose, yaba mu rwego rwa politike, urwego rwa gisirikare,ndetse n’uburyo bwo kubatunga. Ibi byose abisangiye na Condo, Nayigiziki, Minani, Hakizimana Micombero, Turayishimye, n’abandi benshi bagize RNC. “N’inshuti zabo nka Rudasingwa.Ugenda ushakisha abanzi.

Hari ikintu kinuka hagati ya Nyamwasa na  Rudasingwa . “ Kuba ari Jenerali ukorera mu biro hirya iyo bigwa muri Afurika y’Epfo, ariko kubera ubugiraneza bwa Afurika Y’Epfo, abifashijwemo na muramu we w’umusivile Frank Ntwali, aya akaba ari amagambo ya Rudasingwa.

Ubushinjacyaha ntibuzigera bukenera irindi perereza, kuko Rudasingwa yararikoze harakabaho Rudasingwa.

Rudasingwa asoza avuga ko bacitsemo ibice, ntabuyobozi haba mu rwego rwa politike, urwego rwa gisirikare, nta bikoresho, bityo ibyubuyobozi bw’izo nyeshyamba zo muri Minembwe bikaba bisigaye ari umugani.

“Birababaje kuba Kagame akeka ko hari  inyeshyamba zihangayikishije uRwanda. Aya kaba ariyo amagambo yavuzwe na Rudasingwa.

Nkaho ibyo bidahagije, Rudasingwa akomeza avuga ko Jenerali Kayumba Nyamwasa na RNC bakwiye kurekeraho kubeshya,  bakerura bakavuga ko ari abanyacyuka kandi ko n’ibyigisirikare batabishoboye.

Nubwo byaba ari imyaka miliyoni sinakwemeranya na Rudasingwa.

Igihe cyizagera Kayumba aryozwe ibyaha yakoze kandi agikomeje gukora kubera imbaga y’Abanyarwanda yaroshye.

2019-07-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umufaransa Jean-Pierre Lacroix yiyemeje kubera uRwanda “ihwa mu kirenge”, ariko ararushywa n’ubusa

Umufaransa Jean-Pierre Lacroix yiyemeje kubera uRwanda “ihwa mu kirenge”, ariko ararushywa n’ubusa

Ubwanditsi 17 Feb 2024
Urutonde rw’Abadepite 80 bemejwe by’agateganyo

Urutonde rw’Abadepite 80 bemejwe by’agateganyo

Ubwanditsi 06 Sep 2018
Major Mudathiru wari uyoboye ingabo za Kayumba RD-Congo yemeye ibyaha aregwa anabisabira imbabazi

Major Mudathiru wari uyoboye ingabo za Kayumba RD-Congo yemeye ibyaha aregwa anabisabira imbabazi

Ubwanditsi 18 Oct 2019
Uganda: Abanyarwanda 72 bafatiwe mu nzira bagarurwa mu Rwanda

Uganda: Abanyarwanda 72 bafatiwe mu nzira bagarurwa mu Rwanda

Ubwanditsi 03 Jul 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari muri  gahunda yiswe”u Rwanda rwagutwaye iki?” igamije kuvana urwikekwe hagati y’Abanyekongo n’ Abanyarwanda
Amakuru

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari muri  gahunda yiswe”u Rwanda rwagutwaye iki?” igamije kuvana urwikekwe hagati y’Abanyekongo n’ Abanyarwanda

Ubwanditsi 19 Mar 2021
Ariko bamwe mu Banyamerika barega u Rwanda “gushimuta” icyihebe Paul Rusesabagina, bibuka ibyo igihugu cyabo cyakoze muri Libya, Pakistan n’ahandi henshi?
Amakuru

Ariko bamwe mu Banyamerika barega u Rwanda “gushimuta” icyihebe Paul Rusesabagina, bibuka ibyo igihugu cyabo cyakoze muri Libya, Pakistan n’ahandi henshi?

Ubwanditsi 20 May 2022
Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019

Ubwanditsi 20 Dec 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru