• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Willis Shalita, aragira icyo avuga kunyandiko ya Rudasingwa

Willis Shalita, aragira icyo avuga kunyandiko ya Rudasingwa

Ubwanditsi 15 Jul 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, POLITIKI

Sinashoboye kwihanganira guseka, ubwo narimo gusoma inyandiko ya Rudasingwa, yanditse ku wa 30 Kamena 2019 muri “ THE RWANDAN”, iyo nyandiko ikaba yarifite umutwe ugira uti” General Kayumba Nyamwasa must account for the loss of Rwandan lives in DRC”

Ugenekereje mu Kinyarwanda bisobanura ngo Jenerali Kayumba Nyamwasa agomba kubazwa urupfu rw’Abanyarwanda baguye muri Kongo Kinshasa.

Ibi si ibanga, ko Rudasingwa atari yubahiriza indahiro  yagiriye imbere y’ibiro by’ikirenga, yanakoze mo igihe kirekire. None se ni kuki yatekereza ko ubu hari uwakwemera ibyo avuga, uretse iteshamutwe gusa.

Mur’iyi nyandiko, Rudasingwa yemera ibintu byinshi, kandi ibyinshi muri byo yarabiryojwe, akatirwa adahari mugihe gisaga imyaka makumyabiri. Urugero, yemera ko hari abarwanyi basaga 400 bari muri DRC, bayobowe na RNC. Kandi akavuga ko abo barwanyi bayobowe na Jenerali Kayumba Nyamwasa, ubu utuye akanarindirwa mu gihugu cya Afurika y’Epfo.”

Urashaka kumenya icyo Rudasoingwa atekereza ku ngabo za  Nyamwasa? Abita inyeshyamba  z’imihirimbiri zahawe akato,  zibunuje kandi  zazahajwe n’ubutindi”

Nkuko Rusasingwa abigaragaza, ngo ntacyigeze gihinduka ku myitwarire ya Nyamwasa.  Akaba amurega ibikorwa bya Jenoside y’Abahutu haba mu Rwanda ndetse no muri DRC.

Umunsi Nyamwasa azatabwa muri ‘yombi, kuko bizaba, akagera mu rukiko, Nyagasani uzamugirire imbabazi, Rudasingwa azaba nk’igisasu gituritse ku bushinjacyaha. Ariko nawe arashakishwa n’ubutabera.

Akomeza avuga kuri Nyamwasa , ari mu buhungiro kuva mu mwaka wa 2010, kandi akaba atarigera yemera ibyaha yakoreye ingabo zari iza RPA.

Icyifuzo cye ntagereranywa cyo gusimbura Perezida Kagame, cyakomeje kumuhuma amaso (Nyamwasa),  kugeza naho yifashishije ibitambo by’Abantu” nkuko byanditswe na  Rudasingwa w’ISHAKWE- RNC, kandi akaba numwe mu bayishinze, abwira abasomyi be ko RNC ubu igeze aharindimuka, kuko ubuyobozi bwayo ari ntakigenda amacakubiri, imyiryane, icyitwa disipuline cyo rwose nticyirangwa muri RNC.

Ihamagazwa n’inkiko bikaba bigikomeza, kuva muri 2016,Nyamwasa yari ayoboye RNC mu bikorwa bya gisirikare ariko mu buryo  bw’ubwiyahuzi, bityo bigatuma haba imfu z’Abanyarwanda nkuko aka kajagari kariho ubu kabigaragaza.

Mbere na mbere, we Nyamwasa yohereje abasaga 400, bari biganjemo cyane cyane abasore b’Abanyarwanda mu mashyamba ya DRC, nta we ushinzwe kubayobora, mu buryo ubwo aribwo bwose, yaba mu rwego rwa politike, urwego rwa gisirikare,ndetse n’uburyo bwo kubatunga. Ibi byose abisangiye na Condo, Nayigiziki, Minani, Hakizimana Micombero, Turayishimye, n’abandi benshi bagize RNC. “N’inshuti zabo nka Rudasingwa.Ugenda ushakisha abanzi.

Hari ikintu kinuka hagati ya Nyamwasa na  Rudasingwa . “ Kuba ari Jenerali ukorera mu biro hirya iyo bigwa muri Afurika y’Epfo, ariko kubera ubugiraneza bwa Afurika Y’Epfo, abifashijwemo na muramu we w’umusivile Frank Ntwali, aya akaba ari amagambo ya Rudasingwa.

Ubushinjacyaha ntibuzigera bukenera irindi perereza, kuko Rudasingwa yararikoze harakabaho Rudasingwa.

Rudasingwa asoza avuga ko bacitsemo ibice, ntabuyobozi haba mu rwego rwa politike, urwego rwa gisirikare, nta bikoresho, bityo ibyubuyobozi bw’izo nyeshyamba zo muri Minembwe bikaba bisigaye ari umugani.

“Birababaje kuba Kagame akeka ko hari  inyeshyamba zihangayikishije uRwanda. Aya kaba ariyo amagambo yavuzwe na Rudasingwa.

Nkaho ibyo bidahagije, Rudasingwa akomeza avuga ko Jenerali Kayumba Nyamwasa na RNC bakwiye kurekeraho kubeshya,  bakerura bakavuga ko ari abanyacyuka kandi ko n’ibyigisirikare batabishoboye.

Nubwo byaba ari imyaka miliyoni sinakwemeranya na Rudasingwa.

Igihe cyizagera Kayumba aryozwe ibyaha yakoze kandi agikomeje gukora kubera imbaga y’Abanyarwanda yaroshye.

2019-07-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rugema yarekuwe na Police ya Norvege  none atangiye kubwejagura

Rugema yarekuwe na Police ya Norvege none atangiye kubwejagura

Ubwanditsi 13 Jun 2018
Ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda bigiye kuvugutirwa umuti

Ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda bigiye kuvugutirwa umuti

Ubwanditsi 19 Aug 2019
Akabaye icwende ntikoga…

Akabaye icwende ntikoga…

Ubwanditsi 08 Oct 2018
Mu gihe hasigaye iminsi 2 gusa ngo habe amatora ya Perezida muri Uganda, urubuga nkoranyambaga”Facebook” rwafunze “accounts” z’abategetsi bakuru muri icyo gihugu, rubashinja kubiba amacakubiri no kubangamira imigendekere myiza y’amatora.

Mu gihe hasigaye iminsi 2 gusa ngo habe amatora ya Perezida muri Uganda, urubuga nkoranyambaga”Facebook” rwafunze “accounts” z’abategetsi bakuru muri icyo gihugu, rubashinja kubiba amacakubiri no kubangamira imigendekere myiza y’amatora.

Ubwanditsi 12 Jan 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 8)
ITOHOZA

Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice cya 8)

Ubwanditsi 23 Mar 2016
Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022
Amakuru

Amafoto – Amavubi y’u Rwanda yanganyije na Harambe Stars ya Kenya igitego kimwe kuri kimwe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Ubwanditsi 05 Sep 2021
Imwe mu mikino ndetse n’amarushanwa byari biteganyijwe mu mikino y’amaboko ya Volleyball na Basketball yasubitswe by’agateganyo.
Amakuru

Imwe mu mikino ndetse n’amarushanwa byari biteganyijwe mu mikino y’amaboko ya Volleyball na Basketball yasubitswe by’agateganyo.

Ubwanditsi 30 Jun 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru