• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Ubwanditsi 10 Aug 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuri uyu wa mbere nibwo ikipe y’igihugu y’abakobwa bari munsi y’imyaka 20 y’amavuko yatangiye umwiherero wo guhatanira itike y’igikombe cy’isi kizaba umwaka utaha muri 2022, muri urwo rwego ikipe y’igihugu iritegura gukina na Ethiopia mu mikino ibiri iteganyikwe mu kwezi gutaha kwa Nzeri.

Kugeza ubu iyi kipe iri gutozwa na Nyinawumuntu Grace, yahamagaye abakinnyi 39 batangiranye umwiherero kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Kanama 2021 igizwe n’abakinnyi biganje mu makipe yo mu cyiciro cya mbere mu bagore giheruka gukinwa muri Werurwe 2020.

Igikombe cy’isi kirimo gutegurwa kizabera mu gihugu cya Costa Rica muri Kanama 2022, kizitabirwa n’amakipe 16 avuye ku migabane itandukanye y’isi.

Igikombe cy’isi giheruka cyegukanywe n’ikipe y’igihugu y’u Buyapani.
Abakinnyi 39 batangiye umwiherero ukorerwa kuri Sitade Amahoro i Remera :

Abanyezamu :

1.Mutuyimana Elizabeth (APAER WFC)
2.Uwase Béatrice (APAER WFC)
3.Ufitimana Diane (Rambura WFC)
4.Uwineza Belise (Rugende WFC)

Ba myugariro :
1.Uzayisenga Lydia (APAER WFC)
2.Niyonsaba Diane (APAER FC)
3.Umurerwa Nadège (APAER WFC)
4.Giribanga Niwe Rosine (Rambura WFC)
5.Mukamukama Jeannette (Les Lionnes WFC)
6.Muhawenimana Olive (Fatima)
7.Mukaruziga Jeannette (AS Kigali WFC)
8.Iragena Dativa (Nasho WFC)
9.Dukorerimana M Catherine (Fatima)

Abakina hagati:
1.Gikundiro Solange (APAER WFC)
2.Nyirabeza M Chantal (APAER WFC)
3.Ntakobatagira Nelly Salam (APAER FC)
4.Niyonshuti Emérance (Kamonyi WFC)
5.Ukwishaka Zawadi (Kamonyi WFC)
6.Mwinyi Céline Sirleaf (Rambura WFC)
7.Mushimiyimana Thacienne (Les Lionnes WFC)
8.Tuyishimire Sami Albine (Les Lionnes WFC)
9.Umwariwase Dudja (Fatima)
10.Izabayo Clémence (IPM)
11.Mutesiwase Latifa (Rugende WFC)
12.Kampire Médiatrice (Gakenke WFC)
13.Nyirarukundo (Gakenke WFC)

Ba rutahizamu :
1.Irumva Adelphine (Kamonyi WFC)
2.Ingabire Aline (Kamonyi WFC)
3.Umutuza Justine (Kamonyi WFC)
4.Usanase Zawadi (Scandinavia)
5.Ntakirutimana Belinda (Les Lionnes WFC)
6.Nyirandagijimana Diane (AS Kigali WFC)
7.KamikazI Yvonne (IPM)
8.Iranzi Benitha (IPM)
9.Uwituze Janvière (IPM)
10.Uwimana Francine (Nasho WFC)
11.Mushimiyimana Julienne (Nasho WFC)
12.Uwimbabazi Fidelité (IPM)
13.Mukandayisenga Jeannine (Inyemera WFC)

2021-08-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa UNMISS zambitswe imidari

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa UNMISS zambitswe imidari

Ubwanditsi 16 Dec 2016
Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y’iterabwoba ku manywa y’ihangu

Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y’iterabwoba ku manywa y’ihangu

Ubwanditsi 14 Dec 2020
Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless

Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless

Ubwanditsi 08 May 2025
Nyuma yo gutandukana na Young SC yo muri Tanzania, Haruna Niyonzima yongeye gusinyira ikipe ya AS Kigali yigeze gukinira

Nyuma yo gutandukana na Young SC yo muri Tanzania, Haruna Niyonzima yongeye gusinyira ikipe ya AS Kigali yigeze gukinira

Ubwanditsi 30 Jul 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisitiri Biruta yibukije inzego z’Ububiligi ko gukoloneza u Rwanda byarangiranye n’umwaka w’1962, Anagaruka kuri Paul Rusesabagina wiyita imfubyi Mbiligi
Amakuru

Minisitiri Biruta yibukije inzego z’Ububiligi ko gukoloneza u Rwanda byarangiranye n’umwaka w’1962, Anagaruka kuri Paul Rusesabagina wiyita imfubyi Mbiligi

Ubwanditsi 08 May 2021
Gusohoka mu mwiherero ntaruhushya byatumye Muhitira Felicien atazitabira imikino Olimpike, we avugako yasohotse agiye kunywa umuti umuvura amarozi
Amakuru

Gusohoka mu mwiherero ntaruhushya byatumye Muhitira Felicien atazitabira imikino Olimpike, we avugako yasohotse agiye kunywa umuti umuvura amarozi

Ubwanditsi 30 Jun 2021
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yo kuwa Kabiri tariki ya 13 Nzeri 2016
Mu Mahanga

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yo kuwa Kabiri tariki ya 13 Nzeri 2016

Ubwanditsi 14 Sep 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru