Turamenyesha ko uwitwa KUBWIMANA Eliphase mwene Ngezahayo Samuel na Mukarubayiza,
utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka
Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo KUBWIMANA Eliphase, akitwa RWAKIBIBI Eliphase mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’umuryango.
Inkuru zigezweho
-
FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba | 29 Jan 2026
-
ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE | 29 Jan 2026
-
Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire | 15 Jan 2026
-
Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi | 29 Dec 2025
-
U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye | 28 Dec 2025
-
Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe | 26 Dec 2025




