• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Aba-Ofisiye 1015 ba Polisi bazamuwe mu ntera, abandi 111 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Aba-Ofisiye 1015 ba Polisi bazamuwe mu ntera, abandi 111 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Editorial 12 Jan 2018 INKURU NYAMUKURU

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yazamuye mu ntera Aba-Ofisiye ba Polisi 1015 anashyira mu kiruhuko cy’izabukuru abandi 111.

Mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize ahagaragara, kuri uyu wa 12 Mutarama 2018, rishyizweho umukono n’Umuvugizi wa Polisi, CP Theos Badege, rigaragaza uko abo bapolisi bazamuwe mu ntera ku buryo bukurikira:

a. Assistant Commissioner of Police (ACP) bazamuwe kw’ipeti rya Commissioner of Police (CP) – 10

(1) ACP Faustin Ntirushwa

(2) ACP Theos Badege

(3) ACP Jean Marie Twagirayezu

(4) ACP Rogers Rutikanga

(5) ACP William Kayitare

(6) ACP Denis Basabose

(7) ACP Vincent Sano

(8) ACP Robert Niyonshuti

(9) ACP Egide Ruzigamanzi

(10) ACP Rafiki Mujiji

b. Chief Superintendent of Police (CSP) bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP) – 31

c. Senior Superintendent of Police (SSP) bazamuwe kw’ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP) – 18

d. Superintendent of Police (SP) bazamuwe kw’ipeti rya Senior Superintendent of Police (SSP) – 43

e. Chief Inspector of Police (CIP) bazamuwe kw’ipeti rya Superintendent (SP) – 110

f. Inspector of Police (IP) bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector of Police (CIP) – 403

g. Chief Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector (CIP) – 01

h. Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Chief Inspector (CIP) – 02

i. Assistant Inspector of Police (AIP) bazamuwe kw’ipeti rya Inspector (IP) – 391

j. Chief Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 02

k. Senior Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 01

l. Sergeant bazamuwe kw’ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) – 03

Naho abahawe ikiruhuko cy’izabukuru uko ari 111 ni:

a. Assistant Commissioner of Police (ACP) – 02

b. Chief Superintendent of Police (CSP) – 04

c. Senior Superintendent of Police (SSP) – 06

d. Superintendent of Police (SP) – 17

e. Chief Inspector of Police (CIP) – 19

f. Inspector of Police (IP) – 62

g. Assistant Inspector of Police (AIP) – 01

Mu bapolisi bazamuwe mu ntera harimo Senior Sergent Alex Murenzi  yasimbukijwe ipeti rimwe rya Chief Sergeant agirwa Assistant Inspector of Police,AIP, (uyu wambara akanyenyeri kamwe ku rutugu).

RDB ihemba Alex Murenzi nkumwe mu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa muri 2017

Uyu mupolisi arazwi cyane n’abatwara ibinyabiziga muri Kigali bakoresha umuhanda wa Gishushu na Gisiment mu kazi kabo iyo ayobora ibinyabiziga aha hantu hakunze umubyigano utoroshye w’imodoka cyane mu masaha y’umugoroba.

 

2018-01-12
Editorial

IZINDI NKURU

Aho yambariye inkindi ahambariye ubucocero: Umujenosideri,umuterankunga mukuru w’abajenosideri, Kabuga Félicien, yaraye ijoro rye rya mbere mu buroko bw’I La Haye mu Buholandi, aho yajyaga yidegembya nk’umuherwe ukomeye!

Aho yambariye inkindi ahambariye ubucocero: Umujenosideri,umuterankunga mukuru w’abajenosideri, Kabuga Félicien, yaraye ijoro rye rya mbere mu buroko bw’I La Haye mu Buholandi, aho yajyaga yidegembya nk’umuherwe ukomeye!

Editorial 27 Oct 2020
MENYA UKURI: AMATEKA N’IMITERERE YA IDAMANGE IRYAMUGWIZA YVONNE

MENYA UKURI: AMATEKA N’IMITERERE YA IDAMANGE IRYAMUGWIZA YVONNE

Editorial 15 Feb 2021
Archeveque Ntagali wigeze kuba umukuru w’itorero Anglican muri Uganda yasabye imbabazi mu ruhame kubera ibyaha byo gusambana

Archeveque Ntagali wigeze kuba umukuru w’itorero Anglican muri Uganda yasabye imbabazi mu ruhame kubera ibyaha byo gusambana

Editorial 27 Apr 2021
Bombori-Bombori muri FLN : Col. Masamba Marc yafashwe mpiri, abasirikare benshi baricwa, Col Javeli yigumuye kuri MRCD kubera amakimbirane ari mu ba ofisiye bakuru b’uyu mutwe ukuriwe na Gen. Hamada Habimana

Bombori-Bombori muri FLN : Col. Masamba Marc yafashwe mpiri, abasirikare benshi baricwa, Col Javeli yigumuye kuri MRCD kubera amakimbirane ari mu ba ofisiye bakuru b’uyu mutwe ukuriwe na Gen. Hamada Habimana

Editorial 03 Mar 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rose Mukankomeje ashobora kongera gutabwa muri yombi
ITOHOZA

Rose Mukankomeje ashobora kongera gutabwa muri yombi

Editorial 14 Sep 2016
Igitekerezo : APR FC yegukanye umwanya wa 2 muri CECAFA Kagame Cup 2024 si iyo kunengwa
Amakuru

Igitekerezo : APR FC yegukanye umwanya wa 2 muri CECAFA Kagame Cup 2024 si iyo kunengwa

Editorial 23 Jul 2024
Lubumbashi: Hari  Imyigaragambyo Ikomeye Y’abaturage Basaba Igaruka Rya Moise Katumbi
POLITIKI

Lubumbashi: Hari Imyigaragambyo Ikomeye Y’abaturage Basaba Igaruka Rya Moise Katumbi

Editorial 07 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru